Umunyamerika Darren Watkins Jr wamamaye ku rubuga rwa YouTube nka IShowSpeed, ari mu bamenyekanye cyane ku Isi mu gukora imikino inyuranye kuri internet, yahawe Pasiporo ya Ghana nyuma yo gusura iki gihugu mu rugendo rwe rurerure yazengurutsemo Afurika.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
IShowSpeed yahawe Pasiporo ya Ghana
30 January, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Lilian Mbabazi yihanije abamushinja kuba imbata y’ibiyobyabwenge
21 April 2025, by ISIMBI EstellaLilian Mbabazi ukomoka mu Rwanda ariko agakorera umuziki muri Uganda, yikomye abantu batandukanye barimo itangazamakuru bamaze igihe bavuga ko yabaye imbata y’ibiyobyabwenge.
-
Kenya: Uwari Visi perezida arashinja Ruto gukorana na M23 na RSF yo muri Sudani
9 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUwahoze ari Visi Perezida wa Kenya, Rigathi Gachagua, yavuze ko ubuyobozi bwa Perezida William Ruto ari “guverinoma y’ubucuruzi,” ayishinja amakosa ya diplomasi no kungukira mu makimbirane yo mu karere akorana n’imitwe nka M23, RSF ndetse no kwivanga mu bibazo bya Sudani y’Epfo.
-
Ibya Diddy bikomeje kuba agatereranzamba
28 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuSean Diddy Combs yongeye kuregwa mu rukiko n’umugabo uvuga ko yakoreshejwe n’uyu muraperi igikorwa cyo kwinezeza mu birori yakoraga byiswe “Freak-Off”.
-
Kicukiro: Imodoka yari itwaye abanyeshuri yakoze impanuka
6 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuImodoka yari itwaye abanyeshuri bo ku ishuri rya Ecole Les Poussins riherereye i Gikondo mu Karere ka Kicukiro, bikekwa ko yabuze feri, yagonze abanyeshuri bane b’ishuri rya G.S Kimisange, bagendaga ku ruhande rw’umuhanda.
-
Ukraine yakiriye inkunga nshya y’indege z’indwanyi y’ u Bufaransa n’u Buholandi
7 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Zelenskyy avuga ko itsinda rya mbere ry’indege z’intambara z’Abafaransa zo mu bwoko bwa Mirage ryageze muri Ukraine. Indege z’Abafaransa ngo zahinduwe kugira ngo zihuze n’imiterere y’intambara muri Ukraine no hejuru yayo.
-
Nyamasheke: Bisi yagonze igiti bikekwa ko shoferi yasinziriye atwaye
10 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuImodoka ya Bisi yo mu bwoko bwa ‘Coaster’ yavaga mu Mujyi wa Kigali yarenze umuhanda igonga igiti igeze mu Mudugudu wa Kamasera, Akagari ka Rwesero, Umurenge wa Kagano, Akarere ka Nyamasheke, abagenzi bakeka ko shoferi yari yasinziriye kuko yigeze kubabwira ko bamurekaakaruhukaho gato ariko bakanga.
-
Minisiteri y’ibikorwaremezo yahagurukiye Ikibazo cy’ibura ry’umuriro w’amashanyarazi
7 January, by ISHIMWE Jean de DieuNyuma y’uko mu ijoro ryakeye habaye ibura ry’amashanyarazi mu bice byinshi by’igihugu kandi mu gihe kitari gito, Minisiteri y’Ibikorwaremezo yiseguye ku banyarwanda bose avuga ko hari gushakwa umuti urambye w’iki kibazo ndetse anasobanura impamvu zabyo.
-
Afurika y’Epfo: Urukiko rwahagaritse ishyingurwa rya Edgar Lungu wayoboye Zambia
26 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUrukiko Rukuru rwa Pretoria muri Afurika y’Epfo rwahagaritse umuhango wo gushyingura Dr Edgar Chagwa Lungu wayoboye Zambia kuva mu 2015 kugeza mu 2021.
-
Abakinnyi batatu ba Liverpool mu bazatorwamo umukinnyi w’umwaka muri Premier League
15 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbakinnyi batatu ba Liverpool iheruka kwegukana Igikombe cya Premier League, ari bo Virgil van Dijk, Mohamed Salah na Ryan Gravenberch bashyizwe mu munani bazatorwamo umukinnyi w’umwaka mu Cyiciro cya Mbere mu Bwongereza.
Umuryango.rw
IShowSpeed yahawe Pasiporo ya Ghana
Lilian Mbabazi yihanije abamushinja kuba imbata y’ibiyobyabwenge
Kenya: Uwari Visi perezida arashinja Ruto gukorana na M23 na RSF yo muri Sudani
Ibya Diddy bikomeje kuba agatereranzamba
Kicukiro: Imodoka yari itwaye abanyeshuri yakoze impanuka
Ukraine yakiriye inkunga nshya y’indege z’indwanyi y’ u Bufaransa n’u Buholandi
Nyamasheke: Bisi yagonze igiti bikekwa ko shoferi yasinziriye atwaye
Minisiteri y’ibikorwaremezo yahagurukiye Ikibazo cy’ibura ry’umuriro w’amashanyarazi
Afurika y’Epfo: Urukiko rwahagaritse ishyingurwa rya Edgar Lungu wayoboye Zambia
Abakinnyi batatu ba Liverpool mu bazatorwamo umukinnyi w’umwaka muri Premier League