Ikigo gishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge muri Tanzania, cyatangaje ko imirambo y’abantu ikurwa mu mahanga ikinjizwa muri iki gihugu izajya ibanza gusakwa, nyuma yo kubona ko ikoreshwa mu bucuruzi bw’ibiyobyabwenge.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Imirambo yose yinjizwa muri Tanzania yatangiye gusakwa
25 February, by ISIMBI Estella -
Abantu 59 batawe muri yombi mu cyumweru cy’icyunamo kubera ingengabitekerezo ya Jenoside
14 April, by Angeline MUKANGENZIUrwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko mu cyumweru cyo kwibuka abishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, abantu 59 batawe muri yombi bakurikiranyweho ibyaha by’ingengabitekerezo ya Jenoside n’ibifitanye isano na yo.
-
Kazungu Claver wakoraga ikiganiro cy’imikino kuri Radio 10 yasezeye
14 November 2024, by Joseph IradukundaUmunyamakuru w’imikino Kazungu Claver yamaze gutangariza iki kinyamakuru ko atazakomzanya na cyo nyuma y’imyaka ine amaze agikorera by’umwihariko mu kiganiro ‘Urukiko rw’Imikino’.
-
Santrafurika: Ingabo z’u Rwanda zavuye abarenga magana abiri
16 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIngabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bw’amahoro muri Repubulika ya Santrafurika (MINUSCA) zigize amatsinda ya RWABG VII na RWAMED X yita ku buvuzi, zahaye serivisi z’ubuvuzi ku buntu abarenga 200 bo mu Bitaro bya Sam-Ouandja.
-
Umupolisi wahoze akorera u Bwongereza yambuwe ubwenegihugu kubera kwimukira mu Burusiya
19 January, by Angeline MUKANGENZIUwahoze ari umupolisi mu Bwongereza wari umaze imyaka irenga icumi atuye mu Burusiya yambuwe ubwenegihugu bw’u Bwongereza nyuma yo gufatwa nk’ushobora guhungabanya umutekano.
-
Billie Eilish yongeye kuvugisha benshi nyuma yo gufotorwa asomana i Burayi
9 June 2025, by ISIMBI EstellaUmuhanzikazi Billie Eilish ukomeje kwigarurira imitima y’abatari bake ku Isi, yongeye kuvugisha benshi nyuma yo gufotorwa ari mu bihe byihariye n’umukinnyi wa filime Nat Wolff, bituma ibihuha by’urukundo rwabo byongera gukaza umurego.
-
RRA yibukije abasora kwihutira kwishyura Ipatanti n’umusoro ku nyungu z’ubukode
28 January, by Angeline MUKANGENZIIkigo cy’Imisoro n’Amahoro RRA, cyasabye abakora ubucuruzi kwihutira kwishyura umusoro w’ipatanti w’uyu mwaka wa 2026, bitarenze itariki ya 31 Mutarama 2026. Abandi barebwa n’iyi tariki ntarengwa ni abafite imitungo itimukanwa ikodeshwa, basabwa kwishyura umusoro ku nyungu babonye mu mwaka ushize.
-
Israel yahagaritse Visa z’Abadepite b’Abafaransa bashyigikiye Palestine
21 April 2025, by Angeline MUKANGENZIGuverinoma ya Israel yahagaritse Visa z’Abadepite b’Abafaransa bashyigikiye ko habaho Leta ya Palestine.
-
Imanza ziburanishwa n’abunzi zasabiwe guhabwa umwihariko
13 July 2025, by Joseph IradukundaBamwe mu baturage n’abunzi ubwabo basabye ko itegeko rigenga Komite z’Abunzi ryavugururwa kuko ngo hari zimwe mu ngingo zirigize zitakijyanye n’igihe, cyane cyane nk’igena ko imanza ziburanishwa n’abunzi zitagomba kurenza agaciro ka miliyoni 3 Frw.
-
"Amategeko n’amabwiriza niyubahirizwe kugira ngo habungabungwe ikibaya cya Nyabarongo”-Democratic Green Party of Rwanda
16 October 2021, by Dusingizimana RemyIshyaka riharanira demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda [Democratic Green Party] ryatangaje ubushakashatsi rimaze amezi asaga 6 rikora ku kwangirika k’ikibaya cy’uruzi rwa Nili by’umwihariko mu kibaya cya Nyabarongo.
Mu kumurika ubu bushakashatsi,Ishyaka Democratic Green Party of Rwanda [DGPR] ryavuze ko igitera guhumana k’umugezi wa Nyabarongo harimo imyanda iva mu ngo zo hirya no hino mu mujyi wa Kigali ingana na 47,8 ku ijana,ubuhinzi budakoze ku buryo burwanya isuri bufite (…)
Umuryango.rw
Imirambo yose yinjizwa muri Tanzania yatangiye gusakwa
Abantu 59 batawe muri yombi mu cyumweru cy’icyunamo kubera ingengabitekerezo ya Jenoside
Kazungu Claver wakoraga ikiganiro cy’imikino kuri Radio 10 yasezeye
Santrafurika: Ingabo z’u Rwanda zavuye abarenga magana abiri
Umupolisi wahoze akorera u Bwongereza yambuwe ubwenegihugu kubera kwimukira mu Burusiya
Billie Eilish yongeye kuvugisha benshi nyuma yo gufotorwa asomana i Burayi
RRA yibukije abasora kwihutira kwishyura Ipatanti n’umusoro ku nyungu z’ubukode
Israel yahagaritse Visa z’Abadepite b’Abafaransa bashyigikiye Palestine
Imanza ziburanishwa n’abunzi zasabiwe guhabwa umwihariko
"Amategeko n’amabwiriza niyubahirizwe kugira ngo habungabungwe ikibaya cya Nyabarongo”-Democratic Green Party of Rwanda