Ku wa Gatatu w’iki Cyumweru, Polisi y’u Burundi yerekanye umugore ukiri muto n’abagabo babiri bakekwaho kwica uwitwa Thierry Kubwimana, yapfuye arashwe mu Ugushyingo 2020.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Hakuweho urujijo rw’ahabereye ubwicanyi bwakozwe na Kaneza Christa wishe umugabo we Thierry Kubwimana ngo kugira ngo asigarane imitungo ye[AMAFOTO]
22 January 2021, by Martin Munezero -
Ikipe y’igihugu ya Segenal yatewe mpaga ihita yamburwa igikombe cy’Afurika
18 March, by ISIMBI EstellaIkipe y’igihugu ya Senegal yambuwe igikombe cy’Afurika nyuma yo guterwa mpaga na CAF, gihita cyegukanwa na Morocco bahuriye ku mukino wa nyuma.
-
Perezida Macron yavuze ko nta ntwaro u Bufaransa buzongera guha Ukraine
15 May 2025, by Angeline MUKANGENZIPerezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yatangaje ko igihugu cye cyageze ku rugero ntarengwa mu gutanga inkunga ya gisirikare kuri Ukraine, bityo ko nta zindi ntwaro kizongera guha Ukraine, mu ntambara ihanganyemo n’u Burusiya.
-
Gen Muhoozi yababariye Gen Tinyefuza wamwibasiye igihe kinini
3 August 2025, by ISIMBI EstellaUmuhungu wa Perezida Yoweri Kaguta Museveni akaba n’Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yavuze ko yababariye Gen Tinyefuza ’Sejusa’ wamaze igihe kinini amwibasira, avuga ko ari gutegurwa ngo azasimbure se.
-
Watch UEFA Europa League on StarTimes
17 February 2021, by UbwanditsiThings get serious for Premier League clubs in the Europa League
This week, English Premier League clubs Arsenal and Manchester United clash with Benfica and Real Sociedad in the last 32 of the UEFA Europa League. Tottenham Hotspur face Austrian club Wolfsburger AC in Budapest, while Leicester City travel play against Slavia Prague.
When it comes to footballing pedigree and tradition, Benfica and Arsenal are right up there with the best, and on Thursday they face each other in the first (…) -
HABIYAREMYE Dieudonne yasabye guhinduza amazina akitwa HABIYAREMYE Gakwaya
15 November 2024, by Ubwanditsiuwitwa HABIYAREMYE Dieudonne yasabye guhinduza amazina akitwa HABIYAREMYE Gakwaya mu gitabo cy’irangamimerere.
Impamvu atanga yo guhinduza izina ni Guhuza umwirondoro we -
Umupolisikazi yabaye umunyarwanda wa kabiri wahitanwe n’icyorezo cya COVID-19
3 June 2020, by Dusingizimana RemyUmuntu wa kabiri yishwe na COVID19 mu Rwanda. Ni umupolisi wari waragiye mu butumwa bw’akazi mu mahanga, aza kugarurwa mu Rwanda amaze kuremba.
-
Perezida Dr. William Ruto yagiranye ikiganiro n’abahuza bashya b’ibiganiro by’amahoro bya Luanda-Nairobi
2 April 2025, by Angeline MUKANGENZIkuwa 01 mata 2025 Umuyobozi Mukuru w’umuryango wa Afurika y’iburasirazuba (EAC), Perezida Dr. William Samoei Ruto, yaganirije abahuza bashya b’ibiganiro by’amahoro bya Luanda-Nairobi mbere y’uko batangira imirimo.
-
Abaminisitiri bo muri EAC-SADC baharuye inzira iganisha RDC ku mahoro arambye
18 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbaminisitiri b’ububanyi n’amahanga n’ab’ingabo bo mu muryango wa Afurika y’iburasirazuba (EAC) n’uwa Afurika y’amajyepfo (SADC) baharuye inzira yafasha uburasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kubona amahoro arambye.
-
Gogo yashyinguwe (Amafoto)
9 September 2025, by ISIMBI EstellaUmuhanzi Musabyimana Gloriose wamamaye nka Gogo uheruka kwitaba Imana ari muri Uganda aho yari yagiye mu ivugabutumwa, yashyinguwe iwabo mu Karere ka Rwamagana mu Murenge wa Fumbwe mu Kagari ka Munini.
Umuryango.rw
Ikipe y’igihugu ya Segenal yatewe mpaga ihita yamburwa igikombe cy’Afurika
Perezida Macron yavuze ko nta ntwaro u Bufaransa buzongera guha Ukraine
Gen Muhoozi yababariye Gen Tinyefuza wamwibasiye igihe kinini
Umupolisikazi yabaye umunyarwanda wa kabiri wahitanwe n’icyorezo cya COVID-19
Perezida Dr. William Ruto yagiranye ikiganiro n’abahuza bashya b’ibiganiro by’amahoro bya Luanda-Nairobi
Abaminisitiri bo muri EAC-SADC baharuye inzira iganisha RDC ku mahoro arambye
Gogo yashyinguwe (Amafoto)