Mu kiganiro yahaye abanyamakuru Gen.Maj Diakopu ukuriye ubutumwa bw’ingabo z’Afurika y’epfo yavuze ko iki gikorwa kigamije guha FARDC ubumenyi bwo gutabara ndetse no kuba bafasha abahuye n’impanuka mu mazi y’ikiyaga cya kivu.
Gen.Maj Diakopu yatanze urugero rw’uburyo habaye ubufatanye hagati ya SAMIDRC na FARDC ubw habaga isanganya mu Kiyaga cya kivu yahitanye abarenga 100,uyu Muyobozi avuga ko SAMIDRC yafatanyije na FARDC mu gutabara abari mu byago.
Iyi myitozo izamara igihe (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Goma:hatangiye imyitozo y’ingabo zirwanira mu mazi iyobowe na SAMIDRC
20 October 2024, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Goma: FDLR yatangiye guhiga bukwane abarwanyi bayo bayivuyemo ifashijwe na leta
29 August 2024, by Joseph IradukundaIgikorwa cyo guhiga abahoze muri FDLR bataye urugamba kiyobowe na Lt.Col Munyarugendo Parker cyatumye benshi ubu batangira kwihisha mu nkambi
-
PSG yatsinze Man City yigarurira icyizere: Uko imikino ya UEFA Champions League yagenze
23 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuImikino ya UEFA Champions League yakomeje gukinwa mu ijoro ry’itariki ya 22 Mutarama 2025, aho Paris Saint Germain yaturutse inyuma itsinda Manchester ibitego 4-2 biyongera amahirwe yo gukina imikino ya kamarampaka.
-
Autriche: Batangiye icyunamo nyuma y’abanyeshuri barashwe
11 June 2025, by ISIMBI EstellaLeta ya Autriche yatangaje icyunamo cy’iminsi itatu cyatangiye kuri uyu wa Gatatu ndetse hururutswa ibendera rigera muri kimwe cya kabiri mu rwego rwo guha icyubahiro abanyeshuri 10 barashwe ku wa 10 Kamena ku ishuri ryisumbuye rya Dreierschützengasse.
-
Umusirikare wa RDC yagiye kwiba mu nkambi ya Mugunga ahasika ubuzima
7 October 2024, by Joseph IradukundaAbasirikare ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo baraye bagiye kwiba mu nkambi ya Lushagala iherereye mu gace ka Mugunga mu burengerazuba bw’umujyi wa Goma, umwe muri bo ahasiga ubuzima.
-
Mike Tyson yatsinzwe na Jake Paul mu mukino w’amateka
16 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuJake Paul yatsinze Mike Tyson mu murwano w’amateka wabereye mu Mujyi wa Texas muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, aho Akanama Nkemurampaka kemeje mu buryo budasubirwaho ko ari we uwegukanye nyuma ya ’round’ umunani bakinnye.
-
Polisi y’u Rwanda yasabye abatwara ibinyabiziga kwitwararika muri ibi bihe by’imvura
16 April 2025, by Angeline MUKANGENZIPolisi y’u Rwanda yibukije abakoresha umuhanda by’umwihariko abatwara ibinyabiziga, kwitwararika muri ibi bihe by’imvura nyinshi mu rwego rwo kwirinda impanuka ziturutse ku bunyereri bw’imihanda, ibidendezi by’amazi, ibihu ndetse n’inkangu.
-
Israel yashyikirije Palestine indi mirambo 30 y’abaturage bayo
1 November 2025, by ISIMBI EstellaIsrael ibinyujije mu muryango utabara imbarabare, Croix Rouge, yatanze imirambo 30 y’Abanya-Palestine bapfiriye muri iki gihugu, ndetse bivugwa ko imwe muri yo igaragaza ibimenyetso by’itotezwa.
-
Trump yijeje Ukraine kuyoherereza intwaro za ’Patriots’ zo gukumira ibitero by’u Burusiya
14 July 2025, by ISIMBI EstellaPerezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko azoherereza Ukraine izindi ntwaro zo mu bwoko bwa Patriots kugira ngo ziyifashe gukumira ibitero by’u Burusiya.
-
U Bwongereza: Habonetse inkweto zimaze imyaka 2000 zifite uburebure budasanzwe
4 July 2025, by Joseph IradukundaUmuryango wa Vindolanda Charitable Trust, ucukumbura, ukarinda ibisigaratongo by’amateka y’Abanyaroma, byasigaye mu gihe cy’Ubwami bwabo mu Majyaruguru y’u Bwongereza, batunguwe no kuhabona inkweto zifite ubunini budasanzwe, hafi y’urukuta rwa Hadrian rwubatswe n’ubwami bwa Roma.
Umuryango.rw
Goma:hatangiye imyitozo y’ingabo zirwanira mu mazi iyobowe na SAMIDRC
Goma: FDLR yatangiye guhiga bukwane abarwanyi bayo bayivuyemo ifashijwe na leta
PSG yatsinze Man City yigarurira icyizere: Uko imikino ya UEFA Champions League yagenze
Autriche: Batangiye icyunamo nyuma y’abanyeshuri barashwe
Umusirikare wa RDC yagiye kwiba mu nkambi ya Mugunga ahasika ubuzima
Mike Tyson yatsinzwe na Jake Paul mu mukino w’amateka
Polisi y’u Rwanda yasabye abatwara ibinyabiziga kwitwararika muri ibi bihe by’imvura
Israel yashyikirije Palestine indi mirambo 30 y’abaturage bayo
Trump yijeje Ukraine kuyoherereza intwaro za ’Patriots’ zo gukumira ibitero by’u Burusiya
U Bwongereza: Habonetse inkweto zimaze imyaka 2000 zifite uburebure budasanzwe