Perezida w’Ishyirahamwe ry’Imikino y’Amagare ku Isi (UCI), David David Lappartient, yihanganishije imiryango y’abantu babiri baguye mu mpanuka y’imodoka yarenze umuhanda ikagonga abari bashyigikiye isiganwa rya Tour du Rwanda.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
UCI yihanganishije imiryango y’ababuriye ababo mu mpanuka yo muri Tour du Rwanda
24 February, by ISIMBI Estella -
Ituri : Abasaga 10 000 bifuza gusubira muzabo bagakumirwa n’ibyihebe bya ADF
11 August 2025, by Joseph IradukundaImpuzi zisaga ibhumbi 10 (10 000) zataye ingo zabo mu burasirazuba bwa Kongo zikomeje kwifuza gutaha.Ariko zikabangamirwa n’ibitero by’ubuje ubukana bya ADF .
-
Perezida Chapo yasabye gushyiraho icyerekezo cy’indege gihuza Mozambique n’u Rwanda
28 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Mozambique, Daniel Chapo, uri mu ruzinduko rw’iminsi ibiri mu Rwanda, yasabye ko hashyirwaho urugendo rw’indege rutaziguye ruhuza Mozambique n’u Rwanda kugira ngo byorohereze ingendo, ndetse binateze imbere ubucuruzi n’ishoramari hagati y’ibihugu byombi
-
Gasabo: Polisi yafashe abakekwaho kwiba amatungo babanje kuyaha imiti ayica
30 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMu ijoro ryacyeye ku itariki ya 29 Kamena 2025 ahagana Saa tatu z’ijoro, Polisi ifatanije n’inzego z’umutekano n’abaturage yafashe abagabo babiri barimo uwitwa Bihirabake w’imyaka 38 wo mu Karere ka Nyabihu na Dusabirema Théophile w’imyaka 27 ukomoka mu Karere ka Rwamagana, bombi bakekwaho ubujura bw’amatungo aho bayiba babanje kuyaha imiti ayica.
-
RDC: Ingabo za SAMIDRC zahawe Komanda mushya
14 November 2024, by Joseph IradukundaUmutwe w’Ingabo z’Umuryango w’Iterambere ry’Ibihugu bya Afurika ishyira Amajyepfo zoherejwe muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (SAMIDRC) ugizwe n’ingabo zavuye mu bihugu bitatu, wabonye umuyobozi mushya.
-
Sudani: Abarenga 170 baguye mu bitero byagabwe ku isoko
12 December 2024, by Joseph IradukundaAbaturage barenga 175 ni bo bamaze kumenyekana baguye mu bitero by’ibisasu byagabwe ku isoko ryo mu gace ka Kabkabiya gaherereye mu birometero 180 mu Majyaruguru ya Darfur, umutwe wa Rapid Support Forces ugashinjwa kugaba ibyo bitero.
-
Bebe Cool yaciye Alex Muhangi miliyoni 570 y’indishyi
1 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzi Bebe Cool yandikiye umunyarwenya Alex Muhangi amumenyesha ko azamurega mu nkiko kubera gukoresha ibihangano bye mu nyungu ze bwite atabiherewe uburenganzira.
-
Igitutu ni cyose kuri Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza wanze kohereza abimukira mu Rwanda
28 April 2025, by Angeline MUKANGENZIBamwe mu banyapolitike bakomeye mu Bwongereza batangiye kotsa igitutu Minisitiri w’Intebe, Keir Starmer, bamushinja gutesha agaciro amasezerano igihugu cye cyari gifitanye n’u Rwanda ku bijyanye n’abimukira kandi nta kindi gisubizo afite.
-
Abakunzi ba Gogo waguye mu mahanga basabwe gutabara
5 September 2025, by ISIMBI EstellaBikorimana Emanuel uzwi nka Bikem wa Yesu wari usanzwe ashinzwe itangazamakuru n’umuziki wa Musabyimana Gloriose wamamaye nka Gogo, yasabye abakunzi be gutabara no kubafasha guherekeza mu cyubahiro uyu muhanzikazi waguye mu mahanga.
-
Ice Cube agiye gukora ibitaramo 22 yise "Truth to Power” byo kuvuga ukuri ku butegetsi muri Amerika
16 April 2025, by ISIMBI EstellaUmuraperi w’umunyabigwi O’Shea Jackson Sr., uzwi ku izina rya Ice Cube, agiye gukora urugendo rw’ibitaramo bizenguruka Leta Zunze Ubumwe za Amerika, mu mpera z’uyu mwaka wa 2025.
Umuryango.rw
UCI yihanganishije imiryango y’ababuriye ababo mu mpanuka yo muri Tour du Rwanda
Ituri : Abasaga 10 000 bifuza gusubira muzabo bagakumirwa n’ibyihebe bya ADF
Perezida Chapo yasabye gushyiraho icyerekezo cy’indege gihuza Mozambique n’u Rwanda
Gasabo: Polisi yafashe abakekwaho kwiba amatungo babanje kuyaha imiti ayica
RDC: Ingabo za SAMIDRC zahawe Komanda mushya
Sudani: Abarenga 170 baguye mu bitero byagabwe ku isoko
Bebe Cool yaciye Alex Muhangi miliyoni 570 y’indishyi
Igitutu ni cyose kuri Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza wanze kohereza abimukira mu Rwanda
Abakunzi ba Gogo waguye mu mahanga basabwe gutabara
Ice Cube agiye gukora ibitaramo 22 yise "Truth to Power” byo kuvuga ukuri ku butegetsi muri Amerika