Senateri Uwizeyimana Evode yagaragarije Urwego rw’Igihugu rushinzwe kugenzura Imikorere y’Inzego zimwe zifite igihugu akamaro (RURA) impungege za zimwe mu modoka zirimo iza Leta, by’umwihariko imbangukiragutabara zisanzwe ari ibinyabiziga ntakumirwa zikora zidafite ubwishingizi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Ntibyumvikana ukuntu imbangukiragutabara ikora nta bwishingi- Sen. Uwizeyimana
8 October 2025, by ISIMBI Estella -
70% by’abagore bari hejuru y’imyaka 50 bakunda imibonano mpuzabitsina
30 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuMu gihe benshi bibaza ku mikorere y’imibonano mu bagore bakuze, ubushakashatsi bushya bwagaragaje ko 70% by’abagore bari hejuru y’imyaka 50 bishimira imibonano mpuzabitsina.
-
Batinya ko bananirwa gutera akabariro; abagore ntibakozwa ibyo kwifungisha burundu ku bagabo
24 June 2025, by ISIMBI EstellaKuboneza urubyaro ni gahunda yashyizweho igamije gutuma abantu babyara abo bashoboye kurera. Bikorwa mu buryo butandukanye burimo gukoresha agapira, inshinge, kwifungisha burundu, hagafungwa umuyoborantanga ku bagore ndetse ni bwo buryo bwonyine bukoreshwa ku bagabo.
-
Konti ya Rwanda Updates yakurikirwaga n’abarenga miliyoni kuri Instagram yakuweho
2 July 2025, by ISIMBI EstellaKonti ya Rwanda Updates yari imaze imyaka 11 kuri Instagram kandi ikurikirwa n’abarenga 1.182.000, yamaze gukurwaho.
-
Munyakazi Sadate : Nziyita umukire ari uko mfite miliyari y’idorali.
12 May 2025, by Gladiator OGUmunyemari akaba na rwiyemezamirimo Munyakazi Sadate yatangaje ko ataragera ku rwego rw’Ubukire yifuza ndetse ko rwose inzira igana k’Ubukire yifuza ikiri ndende.
-
Trump yashinje ubugambanyi Barack Obama
23 July 2025, by ISIMBI EstellaPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yashinje Barack Obama na we wigeze kuyobora iki gihugu, icyaha cy’ubugambanyi, avuga ko yagize uruhare mu kwiba amajwi mu matora.
-
Boris Johnson yasabye Guverinoma y’u Bwongereza gusubizaho gahunda yo kohereza abimukira mu Rwanda
25 September 2025, by ISIMBI EstellaBoris Johnson wahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza yasabye Guverinoma y’icyo gihugu gusubizaho gahunda yo kohereza mu Rwanda abimukira binjira mu buryo bunyuranyije n’amategeko, kuko kuva yavanwaho, nta yindi yayisimbuye ishobora gukemura icyo kibazo.
-
‘Trump Vodka’, inzoga yitiriwe Perezida wa Amerika ishobora kujya ku isoko vuba
13 January 2025, by Joseph IradukundaUmuhungu wa Perezida Donald Trump, Eric Trump, ari mu biganiro n’ibigo bitandukanye bigamije gushyira ku isoko inzoga yitiriwe se.
-
Trump yasinye itegeko rikuraho Minisiteri y’Uburezi
21 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasinye itegeko rikuraho Minisiteri y’Uburezi muri icyo gihugu, ashinja kudakora neza inshingano zayo.
-
Ibimenyetso bikwereka ko ukeneye gusezera akazi
29 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmwanzuro wo guhagarika inshingano runaka wigeze kukuzamo? Hari habaye iki? Wabishobojwe n’iki? Kumvira umutimanama wawe? Ntuvunike unsubiza kuko hari ibimenyetso bikwereka ko igihe gikwiye kigeze ngo usezere mu nshingano wakoraga.
Umuryango.rw
Ntibyumvikana ukuntu imbangukiragutabara ikora nta bwishingi- Sen. Uwizeyimana
70% by’abagore bari hejuru y’imyaka 50 bakunda imibonano mpuzabitsina
Batinya ko bananirwa gutera akabariro; abagore ntibakozwa ibyo kwifungisha burundu ku bagabo
Konti ya Rwanda Updates yakurikirwaga n’abarenga miliyoni kuri Instagram yakuweho
Munyakazi Sadate : Nziyita umukire ari uko mfite miliyari y’idorali.
Trump yashinje ubugambanyi Barack Obama
Boris Johnson yasabye Guverinoma y’u Bwongereza gusubizaho gahunda yo kohereza abimukira mu Rwanda
‘Trump Vodka’, inzoga yitiriwe Perezida wa Amerika ishobora kujya ku isoko vuba
Trump yasinye itegeko rikuraho Minisiteri y’Uburezi
Ibimenyetso bikwereka ko ukeneye gusezera akazi