Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yivuze imyato nyuma y’aho u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bigiranye amasezerano agena amahame y’ibanze mu gukemura mu buryo burambye ikibazo cy’umutekano muke cyugarije Akarere ka Afurika y’Ibiyaga Bigari.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Trump yivuze imyato nyuma y’aho u Rwanda na RDC bigiranye amasezerano
26 April 2025, by Angeline MUKANGENZI -
BAYOBOWE NA PEREZIDA KAGAME , MENYA ABANYARWANDA 10 BAKURIKIRWA CYANE KU RUBUGA RWA INSTAGRAM
12 February 2025, by ISIMBI EstellaImbugankoranyambaga ni kimwe mu bintu byoroheje ubuzima ndetse ku munsi wa none zifasha ibyamamare gusangiza amakuru yabo mu buryo bworoshye abakunzi babo, ubu ku munsi wa none ntibigoye ko waba uri i Kigali mu Rwanda ariko ukaba uzi burikimwe kirimo kubera mu mijyi nka Washington , Tokyo , Madeira , n’ahandi henshi. mu Rwanda imbugankoranyambaga zimaze guhindura ubuzima mu buryo bugaragarira buri umwe ndetse rwose zoroheje ubuzima aho burikimwe wakibona bitakugoye wifashishsije izo (…)
-
Musanze: Ubuhunikiro bwafashwe n’inkongi, hatikiriramo ibifite agaciro gasaga miliyoni 4
1 September 2025, by ISIMBI EstellaUbuhinikiro bw’ibirayi bw’umuhinzi witwa Maniriho Jean d’Amour, wo mu Murenge wa Kinigi, Akagari ka Kampanga, Akarere ka Musanze mu ijoro ryacyeye ryo ku wa 31 Kanama 2025, bwafashwe n’inkongi bikekwa ko yatewe n’umuriro w’amashanyarazi hatikiriramo ibifite agaciro ka miliyoni zisaga 4.
-
Rusizi: Abacuruzi bagaragaje ko ibura ry’amazi ribangamira isuku
12 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbacuruzi b’utubari, resitora n’amahoteli bo mu murenge wa Kamembe urimo umujyi w’akarere ka Rusizi, mu ntara y’Iburengerzuba biyemeje kuzamura ibipimo by’isuku n’umutekano aho bakorera, gusa bagaragariza ubuyobozi ko muri uyu murenge hakunze kubura amazi.
-
Kenya: Abapolisi batatu barezwe kugira uruhare mu rupfu rwa Ojwang wapfiriye muri kasho
24 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbapolisi batatu bo muri Kenya barezwe icyaha cyo kwica umusore w’imyaka 31 witwa Albert Ojwang wamamaye cyane ku mbuga nkoranyambaga, wapfiriye muri kasho ya Polisi muri Kamena 2025.
-
Umuyobozi w’Ikigo yafashwe amashusho ari mu ishimishamubiri n’umukozi we mu ruhame
18 July 2025, by ISIMBI EstellaUmuyobozi Mukuru w’Ikigo gikora porogaramu z’ikoranabuhanga, kikanatanga urubuga rwo gutunganya, guhuza amakuru no gukuyacunga, Astronomer, Andy Byron, yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo gufatwa amashusho mu ruhame agwatiriye Umuyobozi Ushinzwe abakozi mu kigo cye, Kristin Cabot, ubwo bari mu gitaramo.
-
APR FC yasezereye abakinnyi 16 bamwe basamirwa hejuru n’ikipe ya Rayon Sports [URUTONDE]
28 June 2019, by Dusingizimana RemyIkipe ya APR FC uyu munsi yakoze ibyo benshi batari biteze yirukana abakinnyi basaga 17 biganjemo amazina akomeye nka Migi,Amran,Kimenyi,Rugwiro,n’abandi nyuma yo kwitwara nabi mu mwaka w’imikino ushize bikababaza abayobozi.
-
Tanzaniya: Umwana yamaze iminsi 26 mu ishyamba atunzwe n’ibyatsi n’amazi
14 October 2024, by Joseph IradukundaMuri Tanzania, umwana w’umuhungu w’imyaka 14 wigaga mu mwaka wa kabiri w’amashuri yisumbuye, yabuze mu gihe yari mu rugendoshuri hamwe n’abandi banyeshuri bagenzi be, nyuma aza kuboneka amaze iminsi 26 azenguruka muri iryo shyamba ashaka inzira yamusubiza mu rugo yarayibuze.
-
Gaza: Abaturage bugarijwe n’inzara bategereje imfashanyo
23 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisiteri y’Ubuzima ya Palesitina kuri ubu irabarura abantu bagera ku ijana bapfa ku munsi, bitewe n’intambara kimwe n’abicwa n’inzara, kuko abaturage bo muri Gaza bashonje, bakaba bategereje imfashanyo.
-
Mu gihugu cya Mexique umukandida ku mwanya wa Meya yishwe yiyamamaza
13 May 2025, by Angeline MUKANGENZIYesenia Lara Gutiérrez wari mu bikorwa byo kwiyamamariza kuyobora umujyi wa Texistepec mu ntara ya Veracruz muri Mexique, yarashwe ahita apfa.
Umuryango.rw
Trump yivuze imyato nyuma y’aho u Rwanda na RDC bigiranye amasezerano
BAYOBOWE NA PEREZIDA KAGAME , MENYA ABANYARWANDA 10 BAKURIKIRWA CYANE KU RUBUGA RWA INSTAGRAM
Musanze: Ubuhunikiro bwafashwe n’inkongi, hatikiriramo ibifite agaciro gasaga miliyoni 4
Rusizi: Abacuruzi bagaragaje ko ibura ry’amazi ribangamira isuku
Kenya: Abapolisi batatu barezwe kugira uruhare mu rupfu rwa Ojwang wapfiriye muri kasho
Umuyobozi w’Ikigo yafashwe amashusho ari mu ishimishamubiri n’umukozi we mu ruhame
Tanzaniya: Umwana yamaze iminsi 26 mu ishyamba atunzwe n’ibyatsi n’amazi
Gaza: Abaturage bugarijwe n’inzara bategereje imfashanyo
Mu gihugu cya Mexique umukandida ku mwanya wa Meya yishwe yiyamamaza