Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 17 Gashyantare 2020, nibwo I Rwanda hatashye inkuru y’akababaro y’urupfu rw’umuhanzi wamenyekanye mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana ndetse n’izikangurira abantu kubana mu mahoro, ubumwe n’ubwiyunge.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Reba amateka y’ubuzima bwa Kizito Mihigo kuva afite imyaka 9
18 February 2020, by Martin Munezero -
Uwahoze ari Visi Perezida w’u Burundi yagaragaje ko Perezida Kagame yashatse kwiyunga na Nkurunziza bikanga
23 May 2025, by Angeline MUKANGENZISenateri Gaston Sindimwo wabaye Visi Perezida w’u Burundi kuva mu 2015 kugeza mu 2020, yagaragaje ko Perezida Paul Kagame yashatse kwiyunga na Pierre Nkurunziza wayoboraga u Burundi, ariko biranga.
-
Itangazo rya cyamunara y’umutungo utimukanwa
26 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhesha w’ Inkiko w’ Umwuga aramenyesha abantu bose ko azagurisha muri Cyamunara binyuze mu ikoranabuhanga umutungo utimukanwa ugizwe n’inzu iherereye mu Karere ka Bugesera.
Soma itangazo rirambuye…. -
Minisitiri Gashumba yavuze uko abarimu bishe abanyeshuri b’ abatutsi batabishe ngo bapfe
11 May 2018, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ ubuzima Dr Diane Gashumba yavuze ko yiga abarimu babigishaga bajyaga bafata umunyeshuri w’ umututsi bakamuha amanota 2/20 bakabimwerurira bavuga ko impamvu bamuhaye 2/20 ari uko ari umututsi asaba abakozi bakora muri Minisiteri ayoboye kuba abanyakuri.
-
Inama mpuzamahanga 6 zari kwinjiriza u Rwanda akayabo k’amafaranga zimaze gusubikwa kubera Coronavirus
16 March 2020, by Martin MunezeroKuva icyorezo cya coronavirus cyadutse ku isi, inama mpuzamahanga 6 zagombaga kubera i Kigali mu kwa 3 n’ukwa 4 zimaze gusubikwa.
-
Amerika igiye kwirukana abimukira baturutse muri Afghanistan na Cameroon
12 April 2025, by Angeline MUKANGENZILeta Zunze Ubumwe za Amerika ziteganya kwirukana abimukira baturutse muri Afghanistan na Cameroon nyuma y’aho bigaragaye ko umutekano wagarutse muri ibi bihugu.
-
Kuki igitero cy’ I Nyaruguru cyazamuye umwuka mubi hagati y’ u Burundi n’ Ububiligi ?
29 July 2018, by Nsanzimana ErnestIbitero bimaze iminsi bigabwa mu magepfo y’ u Rwanda birimo n’ iki Nyabimata mu karere ka Nyaruguru byatumye umubano w’ u Burundi n’ Ububiligi wongera gutokorwa.
-
Rwanda: Abamaze guhitanwa n’icyorezo cya Marburg bageze ku 8
30 September 2024, by Joseph IradukundaKuri iki Cyumweru tariki 29 Nzeri 2024, Minisiteri y’Ubuzima, MINISANTE, yemeje ko abandi bantu babiri bishwe n’icyorezo cya Marburg.
-
Icyo gihe: Taliki 25/11/1997 Mzee Kabila yagize Gen James Kabarebe Umugaba Mukuru w’Ingabo za Kongo-Kinshasa
25 November 2018, by Joseph HakuzwumuremyiTaliki 25/11/1997 nibwo Kabila (Muzehe) yashyizeho General James Kabarebe nk’Umugaba Mukuru w’Ingabo za Kongo asimbuye kuri uyu mwanya Anselme Masasu Nindaga wahise anafungwa na Kabila.
-
Kenya: Raila Odinga yiyemeje gufata hasi no hejuru ibyavuye mu matora bigateshwa agaciro
16 August 2022, by Dusingizimana RemyRaila Odinga wari uhanganye na William Ruto mu matora ya Perezida muri Kenya,yamaganye ibyayavuyemo yiyemeza kugana inkiko.
Ku munsi w’ejo nibwo hatangajwe ibyavuye mu matora y’umukuru w’igihugu muri Kenya yabaye mu cyumweru gishize.
Komisiyo y’amatora yemeje ko William Ruto w’imyaka 55 ariwe watorewe kuba Perezida wa Gatanu wa Kenya atsindiye ku majwi 50.49% naho Raila Odinga bari bahanganye agira 48.85%.
Icyakora,Raila Odinga wari wamenye ko arakubitwa inshuro,ntiyigeze agera kuri (…)
Umuryango.rw
Uwahoze ari Visi Perezida w’u Burundi yagaragaje ko Perezida Kagame yashatse kwiyunga na Nkurunziza bikanga
Amerika igiye kwirukana abimukira baturutse muri Afghanistan na Cameroon
Rwanda: Abamaze guhitanwa n’icyorezo cya Marburg bageze ku 8
Kenya: Raila Odinga yiyemeje gufata hasi no hejuru ibyavuye mu matora bigateshwa agaciro