Igisirikare cya Uganda cyataye muri yombi Sheikh Hamza Lyavala ukekwaho gusa ubutasi amakuru atari yo ku migambi y’umutwe w’iterabwoba wa ADF ufite ibirindiro mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Uganda yafunze uwahaga ubutasi bwayo amakuru atari yo kuri ADF
30 June 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Perezida Kagame yashimiye Senegal yegukanye CAN 2025 itsinze Maroc
19 January, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Repubulika Paul Kagame, yashimiye Ikipe y’Igihugu ya Senegal yegukanye Igikombe cya Afurika cya 2025, nyuma yo gutsinda iya Maroc igitego 1-0 mu mukino wakinwe iminota 120.
-
Lt. Gen. Muhanga ahamya ko ADF itakiri ikibazo ku mutekano wa Uganda
25 April 2025, by Angeline MUKANGENZIUmugaba w’ingabo za Uganda zirwanira ku butaka, Lt Gen. Kayanja Muhanga, yatangaje ko umutwe w’iterabwoba wa ADF ukorera mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo utakiri ikibazo ku mutekano w’igihugu cyabo.
-
Ukraine ikomeje gutakaza intwaro nyinshi ku rugamba
7 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuMinisiteri y’Ingabo mu Burusiya yatangaje ko Ingabo z’icyo gihugu ziri ku rugamba muri Ukraine zamaze gufata ububiko bw’intwaro nyinshi zaturutse mu bihugu bigize umuryango wa NATO, zikaba zakoreshwaga n’Ingabo za Ukraine.
-
RDC yashatse kongera gukomanyiriza u Rwanda muri RECSA ntibyayihira
14 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’u Rwanda yatangaje ko Igihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo cyongeye gushaka gukomanyiriya u Rwanda ngo ntiruhabwe kuyobora Inama y’Abaminisitiri y’Ikigo cyo mu Karere ka Afurika gishinzwe kurwanya ikwirakwizwa ritemewe ry’Intwaro (RECSA), ariko biba iby’ubusa ruratorwa.
-
Bwa mbere abapolisi bo mu karere bagiye guhiganwa muri ‘EAPCCO SWAT Challenge’
17 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMu gihe Inteko Rusange ya 26 y’Umuryango wa EAPCCO (Eastern Africa Police Chiefs’ Cooperation Organization) izaba ibera mu Rwanda, ku nshuro ya mbere hazaba irushanwa rigamije kumurika ibikorwa ku myiteguro y’imitwe ya Polisi zo mu bihugu bigize umuryango ku guhangana n’ibihungabanya umutekano hifashishijwe intwaro na tekiniki ‘EAPCCO SWAT Challenge’.
-
Karongi: Umugabo yishe umugore agerageza kwiyahura ntiyapfa
19 January, by Angeline MUKANGENZIUmugabo w’imyaka 25 wo mu Karere ka Karongi acungishijwe ijisho mu bitaro bya Kibuye akekwaho kwica umugore bigeze kubana akikomeretsa ku ijosi.
-
Perezida Macron yihanije uwamwise ‘kadahumeka’ kubera kuvuga ko ayoboye muri AI
7 February, by Angeline MUKANGENZIKu wa 04 Gashyantare 2026, Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron, yanyujije ku rukuta rwe rwa X, ubutumwa bugaragaza ko igihugu cye cyafashe iya mbere mu guteza imbere ibijyanye n’ikoranabuhanga rya AI.
-
Rutsiro: Umusore w’imyaka 23 afungiwe gusambanya umwana w’imyaka 9
30 January, by Angeline MUKANGENZIUmusore w’imyaka 23 wo mu Karere ka Rutsiro yatawe muri yombi akurikiranyweho gusambanya umwana w’imyaka icyenda, akaba mubyara we babanaga kwa nyirakuru ubyara ababyeyi babo.
-
Hasohotse Season ya Kabiri ya Squid Game
28 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuSquid Game Season 2 yagiye ahagaragara kuri uyu wa Kane tariki ya 26 Ukuboza 2024 nyuma y’imyaka itatu itegerejwe.
Nyuma y’uko season ya kabiri isohotse kuri Netflix ku munsi wa Boxing Day, dore amakuru yose dufite ku bijyanye nayo, harimo imiterere y’inkuru n’abakinnyi bayikinnyemo.
Mbere yo kwinjira muri season ya Kabiri reka twibukiranye uko iya mbere yarangiye.
Ushobora kuba waribagiwe uko season ya mbere yagenze kuko hashize imyaka irenga itatu.
Season ya mbere yerekanye Gi-hun (…)
Umuryango.rw
Uganda yafunze uwahaga ubutasi bwayo amakuru atari yo kuri ADF
Perezida Kagame yashimiye Senegal yegukanye CAN 2025 itsinze Maroc
Lt. Gen. Muhanga ahamya ko ADF itakiri ikibazo ku mutekano wa Uganda
Ukraine ikomeje gutakaza intwaro nyinshi ku rugamba
RDC yashatse kongera gukomanyiriza u Rwanda muri RECSA ntibyayihira
Bwa mbere abapolisi bo mu karere bagiye guhiganwa muri ‘EAPCCO SWAT Challenge’
Karongi: Umugabo yishe umugore agerageza kwiyahura ntiyapfa
Rutsiro: Umusore w’imyaka 23 afungiwe gusambanya umwana w’imyaka 9
Hasohotse Season ya Kabiri ya Squid Game