Nkurunziza Patrick w’imyaka 20 yagaragaye mu Mudugudu wa Rusisiro, Akagari ka Matyazo, Umurenge wa Ngoma, mu Karere ka Huye yapfuye ndetse aziritswe umugozi w’inkweto mu ijosi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Huye: Umusore w’imyaka 20 yasanzwe yapfuye, hakekwa irondo
22 June 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Amakipe 32 yamenye amatsinda azakiniramo mu Gikombe cy’Isi
6 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuAmakipe 32 yabonye itike yo kuzakina Igikombe cy’Isi cy’Amakipe kizaba mu 2025, yamaze kumenya amatsinda aherereyemo, aho Manchester City ifite igikombe giheruka iri kumwe na Juventus, Waydad AC na Al Ain FC.
-
Ingabo z’u Buhinde na Pakistan zakozanyijeho mu majyaruguru ya Jammu na Kashmir
2 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKuri uyu wa Kabiri ushize, Ingabo z’u Buhinde na Pakistan zarasanyeho nyuma yo kugerageza gucengera mu Karere ka Poonch gaherereye mu majyaruguru ya Jammu na Kashmir, nkuko ibitangazamakuru byabitangaje, bisubiramo itangazo ry’Ingabo z’u Buhinde kuri uyu wa Gatatu, itariki 1 Mata 2025.
-
Igisirikare cya Amerika cyaguze ibikoresho by’indege ku mafaranga akubye inshuro 80 ibiciro bisanzwe
30 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmugenzuzi Mukuru mu biro bya Leta Zunze Ubumwe za Amerika bishinzwe igisirikare, Robert P. Storch, yagaragaje ko igisirikare kirwanira mu kirere cyaguze ibikoresho byo mu ndege z’ubwikorezi za C-17 ku mafaranga akubye inshuro 80 ibiciro bisanzwe.
-
Reba urutonde rw’abakuru b’ibihugu bategerejwe mu Rwanda ku munsi w’ejo mu birori by’umunsi wo Kwibohora
3 July 2019, by Martin MunezeroMinisiteri y’Ububanyi n’amahanga, ivuga ko abakuru b’ibihugu barindwi bamaze kwemeza ko bazitabira Umunsi wo Kwibohora u Rwanda rugiye kwizihiza ku nshuro ya 25, mu birori bikomeye bizabera muri Stade Amahoro.
-
Kim Kardashian yarangije amasomo mu mategeko nyuma y’imyaka 6
22 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuLos Angeles, 21 Gicurasi 2025 , Umunyamidelikazi w’icyamamare, Kim Kardashian, yasoje ku mugaragaro amasomo y’amategeko nyuma y’imyaka 6 yiga. Uyu muhango wo gusoza amashuri ye wabereye iwe mu rugo, ahari inshuti n’umuryango, harimo abana be bane, abavandimwe be Khloé na Kourtney, ndetse n’umujyanama we mu by’amategeko Jessica Jackson.
-
The Ben agiye gukomereza ibitaramo i Burayi, Canada n’i Kampala
17 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuNyuma yo gukora igitaramo gikomeye muri BK Arena, The Ben ategerejwe muri Canada mu bitaramo bizazenguruka mu mijyi itandukanye mbere y’uko yerekeza i Burayi, mu bitaramo ateganya gusoreza muri Uganda.
-
Boeing yemeye kongera imishahara y’abakozi, nabo bahagarika imyigaragambyo
5 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuAbakozi barenga ibihumbi 30 ba Boeing bemeye guhagarika imyigaragambyo no gusubira mu kazi nyuma y’uko iki kigo cyemeye kongera 38% ku mushahara wabo mu myaka ine iri imbere, ndetse bakazahabwa ibihumbi 12$ nk’ishimwe, ari nako Boeing izakora amavugurura mu bijyanye n’amafaranga bagenerwa y’ikiruhuko cy’izabukuru.
-
Amajyaruguru: Polisi Yamennye Litiro 10.000 z’inzoga z’inkorano
10 February, by Angeline MUKANGENZIPolisi mu Ntara y’Amajyaruguru yakoze umukwabu wo gufata no kwangiza ibinyobwa bitemewe, imena litiro 10,000 z’inzoga z’inkorano.
-
Niki cyo kwitega ku makipe ya Afurika agiye mu gikombe cy’isi yose atozwa n’abenegihugu?-Umusesenguzi Muhire Hassan
14 November 2022, by Dusingizimana RemyUmutoza w’Ishuri ryigisha umupira w’amaguru rya Kamonyi akaba n’Umwe mu basesenguzi b’umupira w’amaguru yaba mu Rwanda no ku isi yose,Muhire Hassan,yavuze ko abatoza bakomoka muri Afurika badakwiriye kureberwa ku ruhu ahubwo harebwa ubumenyi gusa yemeza ko bigoye ko bazakora ibitangaza mu gikombe cy’isi uyu mwaka.
Bwa mbere mu mateka y’igikombe cy’isi, amakipe 5 ahagarariye Africa azatozwa n’abenegihugu.
Ikipe ya Senegal izatozwa na Aliou Cissé wayikiniye,Tunisia izatozwa na Jalel (…)
Umuryango.rw
Huye: Umusore w’imyaka 20 yasanzwe yapfuye, hakekwa irondo
Amakipe 32 yamenye amatsinda azakiniramo mu Gikombe cy’Isi
Ingabo z’u Buhinde na Pakistan zakozanyijeho mu majyaruguru ya Jammu na Kashmir
Igisirikare cya Amerika cyaguze ibikoresho by’indege ku mafaranga akubye inshuro 80 ibiciro bisanzwe
Kim Kardashian yarangije amasomo mu mategeko nyuma y’imyaka 6
The Ben agiye gukomereza ibitaramo i Burayi, Canada n’i Kampala
Boeing yemeye kongera imishahara y’abakozi, nabo bahagarika imyigaragambyo
Niki cyo kwitega ku makipe ya Afurika agiye mu gikombe cy’isi yose atozwa n’abenegihugu?-Umusesenguzi Muhire Hassan