Abasenateri 40 ni bo bagize Komisiyo yihariye ya Sena ishinzwe gusuzuma niba Joseph Kabila wabaye Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuva mu 2001 kugeza mu 2019 yakwamburwa ubudahangarwa kugira ngo akurikiranwe n’ubutabera.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Abasenateri 40 ni bo bari gusuzuma niba Joseph Kabila yakwamburwa ubudahangarwa
19 May 2025, by Angeline MUKANGENZI -
Amerika ihangayikishijwe n’igihano u Rwanda rwahaye Rusesabagina
20 September 2021, by Dusingizimana RemyLeta zunze ubumwe z’Amerika ihangayikishijwe n’igihano guverinoma y’u Rwanda yahaye Paul Rusesabagina, ufite uburenganzira bwo gutura muri Amerika bwemewe n’amategeko.
Ibi bikubiye mu itangazo umuvugizi wa minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Leta zunze ubumwe z’Amerika, Ned Price,yashyize hanze urubanza rwa Rusesabagina rukimara gusomwa mu rukiko rukuru rw’u Rwanda kuri uyu wa mbere.
Aragira, ati: "Amakuru y’uko habuze umucyo muri uru rubanza ateye kwibaza ku kuri kw’igihano (…) -
Perezida Ramaphosa yirukanye Minisitiri wagiye muri Amerika atamusabye uruhushya
27 June 2025, by ISIMBI EstellaPerezida Cyril Ramaphosa wa Afurika y’Epfo ku wa 26 Kamena yirukanye Minisitiri wungirije ushinzwe ubucuruzi, inganda n’ihiganwa, Andrew Whitfield, nyuma y’aho agiriye uruzinduko muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika atabisabiye uruhushya.
-
Burundi: Hafunzwe imbonerakure 35 zizira gucuruza lisansi ya magendu
28 January, by Angeline MUKANGENZIAbagize urubyiruko rw’Imbonerakure 35 mu Burundi bagiye kumara ibyumweru bibiri bafungiye kuri Sitasiyo za Polisi kuri Komine Cibitoke mu Ntara ya Bujumbura, mu Burengerazuba bw’u Burundi, bazira ibirimo gucuruza lisansi.
-
MINICOM yinjiye mu kibazo cy’ubuziranenge bwa moto za Spiro
12 November 2025, by ISIMBI EstellaMinisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda yatangaje ko yinjiye mu kibazo cya moto z’amashanyarazi z’uruganda Spiro, zimaze igihe zishinjwa ibibazo bitandukanye bijyanye n’ubuziranenge bwazo.
-
Abanyarwanda barasabwa kwirinda Malariya n’ibicurane muri iyi mpeshyi
9 June 2025, by Joseph IradukundaMinisiteri y’Ubuzima, (MINISANTE) yibukije Abanyarwanda kwitwararika muri ibi bihe byo kuva mu itumba binjira mu mpeshyi kuko hari indwara ziyongereye bitewe n’ihindagurika ry’ibihe zirimo malariya n’ibicurane.
-
Kivu y’Amajyepfo: Ihuriro ry’ingabo za RDC ryagabye ibitero bikomeye bya drones
28 August 2025, by ISIMBI EstellaIhuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryatangaje ko ingabo z’iki gihugu, iz’u Burundi n’indi mitwe bikorana irimo abacancuro na FDLR byagabye ibindi bitero bikomeye ku basivili batuye mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo.
-
Manchester City yatsinze Liverpool, ikomeza kotsa igitutu Arsenal
9 February, by ISHIMWE Jean de DieuManchester City yatsinze Liverpool ibitego 2-1 mu mukino w’umunsi wa 25 wa Shampiyona y’u Bwongereza (Premier League) wabaye ku Cyumweru, tariki 8 Gashyantare 2026 kuri Anfield Road.
-
Dr.Isaac Munyakazi yirukanwe mu ishyaka PDI kubera ruswa yavuzweho
1 March 2020, by Dusingizimana RemyAbagize Biro Politiki y’Ishyaka Ntangarugero muri Demokarasi (PDI) bemeje ko Dr Isaac Munyakazi wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri MINEDUC yirukanwa burundu muri iri shyaka kuko basanga amakosa yakoze batayihanganira.
-
“Ubutaka bwiswe santimetero bwabaye inzira yo kubohora u Rwanda”
3 July 2025, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi mu Rwanda Hon. Dr. Mark Cyubahiro Bagabe, yavuze ko ubutaka bwafashwe n’ingabo za RPA Inkotanyi bukaza gukerenswa n’ingabo za Habyarimana zivuga ko ntacyo bafite kuko ari santimetero, ari bwo bwabaye intangiriro yo kubohora Igihugu cyose.
Umuryango.rw
Abasenateri 40 ni bo bari gusuzuma niba Joseph Kabila yakwamburwa ubudahangarwa
Amerika ihangayikishijwe n’igihano u Rwanda rwahaye Rusesabagina
Perezida Ramaphosa yirukanye Minisitiri wagiye muri Amerika atamusabye uruhushya
Burundi: Hafunzwe imbonerakure 35 zizira gucuruza lisansi ya magendu
MINICOM yinjiye mu kibazo cy’ubuziranenge bwa moto za Spiro
Abanyarwanda barasabwa kwirinda Malariya n’ibicurane muri iyi mpeshyi
Kivu y’Amajyepfo: Ihuriro ry’ingabo za RDC ryagabye ibitero bikomeye bya drones
Manchester City yatsinze Liverpool, ikomeza kotsa igitutu Arsenal
“Ubutaka bwiswe santimetero bwabaye inzira yo kubohora u Rwanda”