Umuyobozi w’agace ka Rylsk, Aleksandr Khinshtein, yavuze ko igitero cy’ingabo za Ukraine cyahitanye abantu batanu, cyangiza ibikorwaremezo birimo amashuri, inzu zigaragaza amateka, ibikorwaremezo by’abaturage birimo inzu n’ibindi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Ukraine yishe abarusiya batanu nyuma yo kugabayo igitero
21 December 2024, by Joseph Iradukunda -
U Bufaransa bwashinje Amerika ubugambanyi
17 April 2025, by Joseph IradukundaMinisitiri w’Intebe w’u Bufaransa, François Bayrou, yatangaje ko biteye agahinda kubona Leta Zunze Ubumwe za Amerika igambanira ibihugu byo mu Burengerazuba bw’Isi bigendera ku matwara ya demokarasi, ikifatanya n’umushotoranyi.
-
Kwibohora ntibyari bigamije kwigobotora ingoma y’igitugu gusa - Amb Maj. Gen (Rtd) Karamba
5 July 2025, by ISIMBI EstellaAmbasaderi w’u Rwanda muri Ethiopia, Maj Gen (Rtd) Charles Karamba, yagaragaje ko kwibohora bitakozwe gusa hagamijwe kwibohora ubutegetsi bw’igitugu, ahubwo byari bigamije no kubaka u Rwanda hashingiwe ku bumwe, ubutabera ndetse buri wese agahabwa agaciro
-
Chairman wa APR FC ari mu bashyizwe mu kiruhuko cy’izabukuru
31 August 2024, by Joseph IradukundaChairman w’ikipe ya APR FC, Col Richard Karasira ni umwe mu basirikare bakuru (Senior Officers) 170 bashyizwe mu kiruhuko cy’izabukuru kuri uyu wa Gatanu tariki 30 Kanama 2024.
-
FDLR izazibandwa yerekeza he nihatangira ibikorwa byo kuyisenya?
18 August 2025, by ISIMBI EstellaKimwe mu bikomeye bihanzwe amaso mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ni itangira ryo gusenya umutwe w’iterabwoba wa FDLR, hashingiwe ku masezerano iki gihugu cyagiranye n’u Rwanda muri Kamena 2025.
-
Mureshyankwano yeretse abasore n’ inkumi ko guhinga bitabuza umuntu kuzaba guverineri
17 January 2018, by Nsanzimana ErnestGuverineri w’ Intara y’ amagepfo Mureshyankwano Rose yanenze abasore n’ inkumi biga mu mashuri yisumbuye bajya mu biruhuko bakirirwa mu gitanda aho gufasha ababyeyi imirimo avuga ko we yiga muri ayo mashuri yatahaga agahinga kandi ko bitamubujije kuba uyu munsi ari guverineri.
Mureshyankano yabivuze kuri uyu wa 15 Mutarama 2018 mu Karere ka Nyanza, ubwo yitabiraga igikorwa cyo gutaha ibyumba by’amashuri bishya bigera kuri 31 biherutse kubakwa.
Yabwiye urubyiruko rwari ruteraniye aho ko (…) -
Amerika yafatiye ibihano Gen. Abdel Fattah al-Burhan uyobora Sudani
17 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuLeta Zunze Ubumwe za Amerika zafatiye ibihano Umuyobozi w’umusirikare w’igihugu cya Sudani nyuma yo kumushinja guhitamo intambara aho guhitamo imishyikirano no gukuraho amakimbirane. Ibihano bije nyuma y’icyumweru kimwe Washington ifashe ingamba nk’izo ku muyobozi w’inyeshyamba za Rapid Support Forces muri Sudani.
-
Wizkid yabaye umuhanzi wa mbere ukomoka muri Afurika wumviswe cyane kuri Spotify
3 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmunya-Nigeria Ayodeji Ibrahim Balogun wamamaye nka Wizkid, yabaye umuhanzi wa mbere w’Umunyafurika wumviswe cyane ku rubuga rwa Spotify.
-
Guterres yasabye ko Intambara muri Kongo Ihagarara nta yandi mananiza
7 May 2023, by Joseph IradukundaUmunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye ONU Antonio Gutteres yahamagariye imitwe yose yitwaje intwaro mu burasirazuba bwa RDC kuzirambika hasi ntayandi mananiza.
-
Kinshasa: Ubushinjacyaha bwasabye ko Minisitiri w’Ubutabera yamburwa ubudahangarwa
21 May 2025, by Angeline MUKANGENZIUmushinjacyaha Mukuru mu Rukiko rusesa imanza rwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yasabye Inteko Ishinga Amategeko y’icyo gihugu kwambura Minisitiri w’Ubutabera, Constant Mutamba, ubudahangarwa kugira ngo akurikiranwe.
Umuryango.rw
Ukraine yishe abarusiya batanu nyuma yo kugabayo igitero
U Bufaransa bwashinje Amerika ubugambanyi
Kwibohora ntibyari bigamije kwigobotora ingoma y’igitugu gusa - Amb Maj. Gen (Rtd) Karamba
Chairman wa APR FC ari mu bashyizwe mu kiruhuko cy’izabukuru
FDLR izazibandwa yerekeza he nihatangira ibikorwa byo kuyisenya?
Amerika yafatiye ibihano Gen. Abdel Fattah al-Burhan uyobora Sudani
Wizkid yabaye umuhanzi wa mbere ukomoka muri Afurika wumviswe cyane kuri Spotify
Guterres yasabye ko Intambara muri Kongo Ihagarara nta yandi mananiza
Kinshasa: Ubushinjacyaha bwasabye ko Minisitiri w’Ubutabera yamburwa ubudahangarwa