Abo mu ishyaka ry’aba-democrates muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika barimo Kamala Harris wiyamamarije umwanya w’Umukuru w’Igihugu, bashimiye Donald Trump watsindiye kuba Perezida wa 47 w’icyo gihugu.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Biden, Harris na Obama bashimiye Trump watsinze amatora
7 November 2024, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Gen Julio dos Santos yaganiriye n’uyoboye abasirikare b’u Rwanda muri Cabo Delgado
10 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmugaba Mukuru w’ingabo za Mozambique, Gen Julio dos Santos Jane yagiranye ibiganiro n’Umuyobozi ingabo z’u Rwanda ziri muri Cabo Delgado azishimira akazi zikora.
-
Abapolisi b’u Rwanda 240 bagiye gusimbura bagenzi babo muri Sudani y’Epfo
23 July 2025, by ISIMBI EstellaKu wa Kabiri tariki ya 22 Nyakanga 2025, Umuyobozi Mukuru wa Polisi wungirije ushinzwe ubutegetsi n’abakozi (DIGP) DCG Jeanne Chantal Ujeneza yahaye impanuro abapolisi 240 bitegura kujya mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kubungabunga amahoro muri Sudani y’Epfo (UNMISS).
-
Cristiano Ronaldo yavuze impamvu yanze gukina Igikombe cy’Isi cy’Amakipe
29 June 2025, by ISIMBI EstellaRutahizamu wa Al-Nassr, Cristiano Ronaldo yatangaje ko impamvu yanze ubusabe bw’amakipe yifuzaga kuzamwifashisha mu Gikombe cy’Isi cy’Amakipe ari uko ashaka kuruhuka bihagije yitegura icy’ibihugu kizaba mu mpeshyi ya 2026.
-
Menya akamaro ko gukora siporo mu gitondo ku buzima bwawe
14 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuAbantu benshi muri iki gihe bigaragara ko bakora cyane mu masaha ya nyuma ya saa sita na nimugoroba. Nubwo bamwe bagerageza kubyuka mu gitondo kugira ngo bakore siporo, usanga birangira bahisemo kubanza gukora izindi gahunda zabo za siporo zikaza nyuma. Impamvu iri inyuma y’ibi, ni uko abantu benshi batekereza ko bafite umwanya uhagije ku munsi. Ubushakashatsi bwerekana ko hari inyungu nyinshi zingenzi ushobora kubonera mu myitozo ngororamubiri ya mugitondo udashobora kubona mu yandi masaha (…)
-
Afurika y’Epfo ishobora gufunga Ambasade ya Israel
19 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubufatanye Mpuzamahanga wa Afurika y’Epfo, Ronald Lamola, yatangaje ko guverinoma iteganya gufata icyemezo cya burundu mbere y’uko uyu mwaka urangira ku bijyanye no gufunga Ambasade ya Israel iri i Pretoria.
-
Burundi: Umunyamakuru Sandra Muhoza yasabiwe gufungwa imyaka 12
13 November 2024, by Joseph IradukundaKuri uyu wa Kabiri, itariki 12 Ugushyingo 2024, Umushinjacyaha yasabiye Umunyamakuru Sandra Muhoza, igifungo cy’imyaka 12 no gutanga ihazabu y’amafaranga miliyoni imwe y’Amarundi, mu gihe abamwunganira bakomeje gutangaza ko ari umwere kandi basaba ko yarekurwa .
-
Kinshasa - Abagerageje coup d’État ku wa 19 Gicurasi’: basabiwe urwo gupfa
28 August 2024, by Joseph IradukundaUmushinjacyaha w’urukiko rwa gisirikare yasabiye igihano cyo kwicwa abantu 50 baregwa kugerageza guhirika ku ngufu ubutegetsi bwa Kinshasa tariki 19 Gicurasi(5), uruhande rwabo rwavuze ko icyo gihano gikabije.
-
Amb Parfait Busabizwa yatanze impapuro zo guhagararira u Rwanda muri Repubulika ya Congo
9 June 2025, by ISIMBI EstellaAmbasaderi Parfait Busabizwa yashyikirije Perezida wa Congo, Denis sassou N’Guesso, impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri icyo gihugu.
-
Ngo ntashobora kugenda mu ndege: Impaka mu rukiko ku cyifuzo cyo kohereza Kabuga mu Rwanda
26 September 2025, by ISIMBI EstellaUrukiko rw’Urwego Mpuzamahanga rwashyiriweho gukora imirimo y’insigarira y’inkiko mpanabyaha (IRMCT) rwanze gusuzuma icyifuzo cy’Ubushinjacyaha bwari bwasabye ko Kabuga Félicien afungurwa by’agateganyo, akoherezwa mu Rwanda kuko ari cyo gihugu cyonyine cyemeye kumwakira.
Umuryango.rw
Biden, Harris na Obama bashimiye Trump watsinze amatora
Gen Julio dos Santos yaganiriye n’uyoboye abasirikare b’u Rwanda muri Cabo Delgado
Abapolisi b’u Rwanda 240 bagiye gusimbura bagenzi babo muri Sudani y’Epfo
Cristiano Ronaldo yavuze impamvu yanze gukina Igikombe cy’Isi cy’Amakipe
Menya akamaro ko gukora siporo mu gitondo ku buzima bwawe
Afurika y’Epfo ishobora gufunga Ambasade ya Israel
Burundi: Umunyamakuru Sandra Muhoza yasabiwe gufungwa imyaka 12
Kinshasa - Abagerageje coup d’État ku wa 19 Gicurasi’: basabiwe urwo gupfa
Amb Parfait Busabizwa yatanze impapuro zo guhagararira u Rwanda muri Repubulika ya Congo
Ngo ntashobora kugenda mu ndege: Impaka mu rukiko ku cyifuzo cyo kohereza Kabuga mu Rwanda