Leta ya Amerika yategetse abadipolomate bayo bose kudaha visa abantu bose bafite pasiporo za Palestine, uretse abimukira bonyine.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Amerika yahagaritse guha visa abafite pasiporo za Palestine bose
2 September 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Dr Ngirente yakiriye indahiro z’ abacamanza mu Rukiko Rukuru rwa Gisirikare
14 September 2018, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ Intebe w’ u Rwanda Dr Edouard Ngirente kuri uyu wa Kane tariki 13 Nzeli yakiriye indahiro z’ abacamanza mu rukiko rwa Gisirikare abasaba gutanga ubutabera bunoze.
-
Impamvu muzi yatumye ikiganiro ’Ishya’gikurwa kuri RTV yamenyekanye
13 January 2025, by Joseph IradukundaMu minsi ishize nibwo hamenyekanye amakuru y’uko ikiganiro ’Ishya’ cyakuwe kuri Televiziyo y’u Rwanda, kuri ubu kikaba kigiye gutangira gutambuka kuri shene yacyo ya YouTube.
-
USA: Biden yasinye itegeko ribuza ibikorwa bya leta guhagarara
22 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuKuri uyu wa Gatandatu, itariki 21 Ukuboza 2024, Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, yasinye itegeko ribuza ibikorwa bya leta guhagarara, rigena ingengo y’imali igomba gukoreshwa kugeza mu kwezi kwa gatatu umwaka utaha.
-
Kubura amazi mu gihugu byatewe n’igabanyuka ry’amazi ya Nyabarongo- Dr Gasore
30 July 2025, by ISIMBI EstellaMinisiteri y’Ibikorwa Remezo yemeye ko mu Mpeshyi ya 2025, amazi yabuze bikabije hirya no hino mu gihugu, ariko icyo kibazo ngo cyatewe n’igabanyuka ry’amazi y’umugezi wa Nyabarongo kandi kigiye gushakirwa umuti.
-
Nyanza: Batatu bahitanywe n’impanuka ya Fuso
16 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuImodoka yo mu bwoko bwa Fuso yari itwaye abantu umunani mu Karere ka Nyanza, Umurenge wa Kibirizi, yakoze impanuka ikomeye, batatu bahita bahasiga ubuzima abandi bane barakomereka bikomeye.
-
U Bufaransa bwahamagaje Ambasaderi wa Amerika wanenze Perezida Macron
25 August 2025, by ISIMBI EstellaU Bufaransa bwahamagaje Ambasaderi wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri iki gihugu, Charles Kushner, kugira ngo atange ibisobanuro ku magambo aherutse kuvuga anenga ubuyobozi bwa Perezida Emmanuel Macron.
-
Umugore wa Perezida wa Turikiya yise Gaza irimbi ry’abana
25 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmugore wa Perezida wa Turikiya Emine Erdoğan, yagaragaje akababaro aterwa n’abana bapfira mu ntambara ya Isiraheli na Palestine, avuga ko Gaza yahindutse nk’irimbi ry’abana.
-
U Burayi ntibushaka ko Amerika itesha agaciro ibyagezweho na Angola mu guhuza u Rwanda na RDC
2 May 2025, by Angeline MUKANGENZIUmuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) watangaje ko ushyigikiye ibiganiro bigamije guhuza u Rwanda na RDC biri kugirwamo uruhare na Qatar na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, gusa usaba ko byubakira ku byabanje byagizwemo uruhare na Perezida João Lourenço wa Angola.
-
Zari yashimagije uburyo Diamond yamuryohereje urukundo ugereranije n’abandi
17 September 2024, by Joseph IradukundaUmuherwekazi akaba n’umwe mu bakoresha imbuga nkoranyambaga neza, Zari Hassan aherutse kugaragaza itandukaniro ry’abahoze ari abagabo be Ivan Ssemwaga na Diamond Platinumz, agendeye ku buryo bamukundwakazaga.
Umuryango.rw
Amerika yahagaritse guha visa abafite pasiporo za Palestine bose
Impamvu muzi yatumye ikiganiro ’Ishya’gikurwa kuri RTV yamenyekanye
USA: Biden yasinye itegeko ribuza ibikorwa bya leta guhagarara
Kubura amazi mu gihugu byatewe n’igabanyuka ry’amazi ya Nyabarongo- Dr Gasore
Nyanza: Batatu bahitanywe n’impanuka ya Fuso
U Bufaransa bwahamagaje Ambasaderi wa Amerika wanenze Perezida Macron
Umugore wa Perezida wa Turikiya yise Gaza irimbi ry’abana
U Burayi ntibushaka ko Amerika itesha agaciro ibyagezweho na Angola mu guhuza u Rwanda na RDC
Zari yashimagije uburyo Diamond yamuryohereje urukundo ugereranije n’abandi