Icyiciro cya karindwi cy’ibikoresho by’ingabo zari mu butumwa bw’Umuryango wa Afurika y’Amajyepfo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (SAMIDRC) zakoreshaga zihangana n’umutwe wa M23, cyacyuwe binyujijwe mu Rwanda.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Icyiciro cya karindwi cy’ibikoresho bya SAMIDRC cyacyuwe kinyujijwe mu Rwanda
25 May 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Amerika yatangiye kubura abakozi nyuma yo kwirukana abimukira
13 June 2025, by ISIMBI EstellaInzego zirimo ubuhinzi n’ubworozi n’urwego rw’amahoteli, ni zimwe mu ziri kugirwaho ingaruka n’icyemezo cya Perezida Donald Trump cyo kwirukana abimukira bose badafite ibyangombwa, bari muri Amerika mu buryo butemewe n’amategeko.
-
Kenya: Johnny Boy wo muri Churchill Show ashaka kuba umudepite
26 August 2025, by ISIMBI EstellaUmunyarwenya wamenyekanye cyane muri Churchill Show, John Ndungu Kamau uzwi nka Johnny Boy, yatangaje ko agiye kwiyamamariza ku mwanya w’umudepite uhagarariye Ishyaka rya United Democratic Alliance (UDA).
-
U Bushinwa bwasubije ababunenze gutererana RDC mu nzira yo gushaka amahoro arambye
16 July 2025, by ISIMBI EstellaAmbasaderi w’u Bushinwa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Zhao Bin, yasubije Abanye-Congo banenze igihugu cye ko nta ruhare rukomeye kigira mu biganiro by’amahoro bigamije gukemura amakimbirane ari mu gihugu cyabo.
-
Huye: Ataka igihombo gikomeye yatewe no gufunga Hotel Faucon, ariko afite ikizere
3 February 2019, by UbwanditsiBatamuliza Isabelle, umwe mu bacururiza mu mujyi wa Huye, Umuryango we akaba aribo ba nyiri Hotel Faucon ataka igihombo gikomeye yatewe n’uko ubuyobozi bwafunze iyi hotel (kuva mu myaka ine ishize), gusa ubu ngo hari ikizere.
-
Nigeria: Ibihumbi by’abaturage byigabije imihanda bamagana imibereho ihenze
1 August 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPolisi yarashe ibyuka biryana mu maso kugira ngo itatanye imbaga y’abigaragambya mu murwa mukuru wa Nigeria, Abuja, kuri uyu wa Kane, mu gihe ibihumbi n’ibihumbi byahagurukiye kwamagana ibiciro bihanitse n’imiyoborere mu gihugu gituwe kurusha ibindi bya Afurika, nk’uko bivugwa n’ababyiboneye .
-
Sobanukira bimwe mu bitera uburwayi bwo mu mutwe
24 April 2025, by Joseph IradukundaMu mibereho ya muntu ahura n’ibyiza bikamunezeza, ariko kandi anahura n’ibimubabaza rimwe na rimwe akananirwa kubyakira, bikamuviramo guhungabana bitewe n’impamvu zitandukanye.
-
Minisitiri w’Ubuhinzi w’u Buyapani yeguye nyuma yo kuvuga ko atunzwe n’umuceri w’ubuntu
22 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Ubuhinzi w’u Buyapani, Taku Eto, yeguye ku mirimo ye nyuma yo kuvuga ko "atajya agura umuceri", mu gihe igihugu kiri guhangana n’ibura ry’umuceri n’izamuka ry’ibiciro byawo.
-
Urugomero ruzatanga amashanyarazi mu Rwanda, u Burundi na DRC rugiye gutangira kubakwa
10 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisiteri y’Ibikorwaremezo yatangaje ko Urugomero rw’Amashanyarazi rwa Rusizi ya Gatatu ruzatangira kubakwa mu 2026, rukaba rwitezweho kwegereza amashanyarazi abaturage bo mu Rwanda, u Burundi na Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo.
Hari hashize imyaka isaga 10, uyu mushinga w’Urugomero rwa Rusizi ya Gatatu uvugwa ariko ukaba wari utarashyirwa mu bikorwa.
Minisitiri w’Ibikorwaremezo, Dr Jimmy Gasore, yavuze ko nyuma y’ibiganiro n’inama zitandukanye zagiye zihuza impande zirebwa (…) -
Hamas yarekuye Abanya-Israel barindwi yari yarafashe bugwate
13 October 2025, by ISIMBI EstellaIgisirikare cya Israel (IDF) cyemeje ko Hamas yashyikirije Croix-Rouge Abanya-Israel barindwi bari bamaze imyaka irenga ibiri bafungiwe muri Gaza, mu rwego rwo gutangiza ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano y’ituze n’irekurwa ry’imfungwa hagati ya Israel na Hamas.
Umuryango.rw
Icyiciro cya karindwi cy’ibikoresho bya SAMIDRC cyacyuwe kinyujijwe mu Rwanda
Amerika yatangiye kubura abakozi nyuma yo kwirukana abimukira
Kenya: Johnny Boy wo muri Churchill Show ashaka kuba umudepite
U Bushinwa bwasubije ababunenze gutererana RDC mu nzira yo gushaka amahoro arambye
Nigeria: Ibihumbi by’abaturage byigabije imihanda bamagana imibereho ihenze
Sobanukira bimwe mu bitera uburwayi bwo mu mutwe
Minisitiri w’Ubuhinzi w’u Buyapani yeguye nyuma yo kuvuga ko atunzwe n’umuceri w’ubuntu
Urugomero ruzatanga amashanyarazi mu Rwanda, u Burundi na DRC rugiye gutangira kubakwa
Hamas yarekuye Abanya-Israel barindwi yari yarafashe bugwate