Ubuyobozi bwa Pariki y’Igihugu y’Akagera bwatangaje ko iyo Pariki yinjije miliyoni 4,7 z’amadolari y’Amerika ni ukuvuga miliyari zisaga 6,7 Rwf mu mwaka wa 2024.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Pariki y’Igihugu y’Akagera yinjije miliyari 6,7 Frw mu 2024
28 May 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Zelenskyy yashinje Abanyaburayi gushaka kumukura ku butegetsi
25 February, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy yavuze ko abo mu Burengerazuba bw’Isi bakomeje kumuhatira gutegura amatora nk’uburyo bwo gushaka kumukura ku butegetsi.
-
Abamotari batahanye amaganya ku munsi wa mbere wo gukomorerwa kwabo
4 June 2020, by Dusingizimana RemyBenshi mu bamotari batangiye akazi ku munsi w’ejo nyuma yo gukomorerwa batangaje ko batabonye abakiriya benshi nkuko byari bisanzwe mbere ya Coronavirus ndetse bamwe muri bo baciwe amande kubera kwica amabwiriza bahawe yo kwirinda ikwirakwira rya Coronavirus.
-
Gisagara: Imyitwarire itamenyerewe yadukanywe n’abajura iri gutuma bamwe bakeka ibindi
21 January, by ISHIMWE Jean de DieuBamwe mu bo Murenge wa Save mu karere ka Gisagara, bavuga ko ubujura bumaze gufata intera ku buryo hari n’abajura badatinya kwinjira mu nzu bene yo bayirimo, bageramo bakarebana ntacyo bikanga, kandi inzego ntizigire icyo zikora, bigatuma bamwe bavuga ko wagira ngo babiherewe uburenganzira.
-
U Rwanda rwakiriye abimukira 7 bavuye muri USA
28 August 2025, by ISIMBI EstellaGuverinoma y’u Rwanda yatangaje ko yamaze kwakira abimukira 7 baturutse muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA), baje mu rwego rw’amasezerano y’imikoranire hagati y’ibihugu byombi yasinywe muri uyu mwaka wa 2025.
-
Arsenal yabererekeye igikombe cya Premier League , iha amahirwe Liverpool
24 April 2025, by Joseph IradukundaArsenal yananiwe kwihagararaho imbere ya Crystal Palace zanganyije ibitego 2-2, byongerera amahirwe Liverpool yo kwegukana Igikombe cya Shampiyona y’u Bwongereza.
-
Cameroun: Umuriro waburiye icyarimwe mu mijyi minini y’igihugu
20 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuMuri Cameroun, ikintu gikomeye ku muyoboro uhuza amajyepfo uhuza uturere 6 ku 10 mu ijoro ryo kuwa Gatandatu, itariki 19 Ukwakira 2014, cyashyize igice cy’igihugu mu mwijima. Ni imijyi minini, nka Yaoundé, Douala, Bafoussam, cyangwa na Bamenda na Buea, mu gice kivuga Icyongereza .
Nyuma yo kubura umuriro kuri urwo rwego, abantu bagize ubwoba mbere yo guhumurizwa n’itangazo ryashyizwe ahagaragara na Minisiteri ishinzwe amazi n’ingufu muri Cameroun.
Imijyi myinshi yo muri Cameroun yisanze (…) -
Umwanditsi wo muri Afurika y’Epfo Breyten Breytenbach yapfuye afite imyaka 85
26 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmwanditsi w’ibitabo akaba n’umusizi w’umunyafurika y’epfo, Breyten Breytenbach, yapfuye afite imyaka 85 y’amavuko.
-
Bruce Melodie yahanuriwe kuba umuhanzi wa mbere ku Isi no kugira Televiziyo ye bwite, Bushali avuga ku guhanurirwa ibinyoma
3 February, by ISHIMWE Jean de DieuNyuma yo guhanurira Bushali ko yari kuba yarakoranye indirimbo na Jason Derulo ku wa Kabiri w’icyumweru gishize, Pophet Akimu yongeye guhanurira Bruce Melodie ko azaba umuhanzi wa mbere ku Isi ndetse akagira televiziyo ye bwite i Kigali n’imodoka zizitwa Melodie Transport.
-
Rusizi: Inzu mwarimu yubatse mu nguzanyo yafashwe n’inkongi
15 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUrugo rwa mwarimu Nzaramba Jovin wigisha mu Rwunge rw’Amashuri (GS) rwa Runyanzovu mu Karere ka Rusizi ruri mu kangaratete nyuma y’uko inzu yubatse mu nguzanyo ifashwe n’inkongi igakongokana n’ibyari biyirimo byose.
Umuryango.rw
Pariki y’Igihugu y’Akagera yinjije miliyari 6,7 Frw mu 2024
Zelenskyy yashinje Abanyaburayi gushaka kumukura ku butegetsi
Gisagara: Imyitwarire itamenyerewe yadukanywe n’abajura iri gutuma bamwe bakeka ibindi
U Rwanda rwakiriye abimukira 7 bavuye muri USA
Arsenal yabererekeye igikombe cya Premier League , iha amahirwe Liverpool
Cameroun: Umuriro waburiye icyarimwe mu mijyi minini y’igihugu
Umwanditsi wo muri Afurika y’Epfo Breyten Breytenbach yapfuye afite imyaka 85
Bruce Melodie yahanuriwe kuba umuhanzi wa mbere ku Isi no kugira Televiziyo ye bwite, Bushali avuga ku guhanurirwa ibinyoma
Rusizi: Inzu mwarimu yubatse mu nguzanyo yafashwe n’inkongi