Muri Australia, imyigaragambyo yo kwamagana uruzinduko rwa Perezida wa Israel, Isaac Herzog, muri iki Gihugu yakomeje, nyuma yuko habaye ubushyamirane hagati y’abigaragambya n’abapolisi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Icyakurikiye imirwano hagati y’Abapolisi n’Abanya-Australia bigaragambyaga bamagana uruzinduko rwa Perezida wa Israel
10 February, by Angeline MUKANGENZI -
Perezida Kagame yanenze abashinja u Rwanda gukorana na M23, avuga ko ari ubugoryi
5 February, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Repubulika Paul Kagame yanenze abashinja u Rwanda kuvugurura imyitwarire yarwo ku kibazo cya Congo, nyuma y’uko havuzwe ko rufite uburyo rukorana n’umutwe wa M23 mu kumenya amakuru arufitiye akamaro ku mutekano warwo.
-
Uko Isi yiriwe tariki 25 Gicurasi 2018 [AMAFOTO]
25 May 2018, by Nsanzimana ErnestInshamake y’ uko isi yiriwe kuri uyu wa 25 Gicurasi 2018 harimo uko Perezida Kagame yakiriwe mu ruzinduko arimo muri Ethiopia aho yagiye aturutse mu Bufaransa, Umugi wa Kigali n’ akarere ka Ruhango babonye abayobozi bashya , abari abayobozi b’ akarere ka Gicumbi barirukanwa. Mu mahanga amavubi yariye umukerarugendo muri Uganda arapfa, impanuka ya GAAGA yahitanye abarenga 20 i Kampala
-
U Buhinde: Imvura idasanzwe yahagaritse ingendo z’indege na gari ya moshi
20 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuImvura nyinshi yaguye mu Mujyi wa Mumbai mu Buhinde yahagaritse ingendo z’indege na gari ya moshi, mu gihe ibikorwa byo gushaka ababuriwe irengero bikomeje.
-
Uwase Muyago umukobwa uri mu irushanwa rya Miss Rwanda byavuzwe ko yatanze ruswa y’igitsina umwe mu bamureze byababaje yagize ibyo amuvugaho
21 January 2019, by Martin MunezeroIrushanwa rya ryo gutoranya Nyampinga w’u Rwanda umwaka wa 2019 rigeze ahashyushye, ubu buri wese arangamiye kumenya uzambikwa ikamba, ni nako inkuru ziganjemo ibihuha bishyushye zikomeje gusakara hanugwanugwa uzatsinda.
-
‘Signature’ ya Trump igiye gushyirwa ku Madolari
27 March, by ISIMBI EstellaUmukono (signature) wa Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, ugiye gushyirwa ku noti z’Amadolari zikoreshwa muri iki gihugu n’ahandi hirya no hino ku Isi.
-
Ingabo za Ukraine zirifuza ibiganiro n’u Burusiya
29 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuNyuma y’imyaka hafi itatu y’intambara nta musaruro, Ingabo za Ukraine zavuye ku izima, zemera ko zinaniwe kandi ziri kurushaho gutsindwa, bityo icyaba cyiza ari uko ubuyobozi bwa Ukraine bwaganira n’ubuyobozi bw’u Burusiya ku buryo bwo kurangiza iyi ntambara.
-
Umunya-Mexico ashobora kuzasifura umukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi cya 2026
15 March, by ISHIMWE Jean de DieuUmusifuzi ukomoka muri Mexico, César Arturo Ramos ashobora guhabwa gusifura umukino wa nyuma w’igikombe cy’Isi cya 2026.
-
Mu masaha 48, Israel yagabye ibitero 480 muri Syria
12 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuIgisirikare cya Israel, IDF, cyatangaje ko mu masaha 48 ashize cyagabye ibitero birenga 480 ku bikorwaremezo n’imitungo by’igisirikare cya Syria hagamijwe kugira ngo bitazajya mu maboko y’imitwe y’iterabwoba.
-
Kongo Irakira Inkingo za Mbere z’Ubushita bw’Inkende
5 September 2024, by Joseph IradukundaMinistri w’ubuzima muri Repubulika ya demokarasi ya Kongo yatangaje ko icyo gihugu kigiye kwakira inkingo z’indwara y’ubushita bw’inkende.
Umuryango.rw
Perezida Kagame yanenze abashinja u Rwanda gukorana na M23, avuga ko ari ubugoryi
U Buhinde: Imvura idasanzwe yahagaritse ingendo z’indege na gari ya moshi
‘Signature’ ya Trump igiye gushyirwa ku Madolari
Ingabo za Ukraine zirifuza ibiganiro n’u Burusiya
Umunya-Mexico ashobora kuzasifura umukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi cya 2026
Mu masaha 48, Israel yagabye ibitero 480 muri Syria
Kongo Irakira Inkingo za Mbere z’Ubushita bw’Inkende