Minisitiri w’Umutekano w’Imbere wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Jacquemain Shabani, yasabye ba Guverineri b’intara zose uko ari 26 gukumira ibikorwa by’ishyaka PPRD rya Joseph Kabila Kabange.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
RDC: Abayobozi b’intara basabwe gukumira ibikorwa by’ishyaka rya Kabila
23 April 2025, by Angeline MUKANGENZI -
Perezida KAGAME n’Umuryango we bifatanyije n’abanyarwanda mu gitaramo cy’umwaka mushya[AMAFOTO]
2 January 2020, by Martin MunezeroPerezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame bakiriye abantu b’ingeri zitandukanye mu mugoroba wo gusoza umwaka wa 2019 no kwinjira mu wa 2020, wabereye muri Kigali Arena i Remera.
-
Perezida wa Ghana yirukanye Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga
3 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Ghana John Mahama, yirukanye Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga Gertrude Torkornoo, azira imyitwarire mibi irimo gukoresha nabi umutungo wa Leta, gukoresha nabi ububasha ahabwa no gushyiraho abacamanza b’Urukiko rw’Ikirenga binyuranyije n’amategeko.
-
Iran: Iri gukora iperereza ku nkongi yibasiye icyambu imaze guhitana abantu 28 abandi barenga 1000 bagakomereka
28 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuInkongi y’umuriro yatewe n’ibiturika yibasiye icyambu kinini cya Shahid Rajaee kiri i Bandar Abbas mu majyepfo y’u Burengerazuba bwa Iran imaze guhitana abantu 28, ikomeretsa 1000 mu gihe 6 bakomeje kuburirwa irengero.
-
Jamaica yashimye umusanzu w’ingabo z’u Rwanda
17 March, by Angeline MUKANGENZIIngabo za Jamaica zashimiye Ingabo z’u Rwanda zibikuye ku mutima ku bwo gutabara iki gihugu cyo mu birwa bya Caraïbes nyuma yo kwibasirwa bikomeye n’inkubi y’umuyaga yahawe izina rya Melissa.
-
Gasabo: Umugore waryamye ari muzima mu gitondo yasanzwe mu nzu ye yapfuye
25 November 2019, by Dusingizimana RemyUmugore witwa Uwihirwe Aline wari utuye mu mudugudu wa Gashubi, akagari ka Nyamabuye mu murenge wa Gatsata mu karere ka Gasabo yasanzwe mu nzu yabagamo wenyine nta mugabo yapfuye, kuri uyu wa Mbere taliki ya 25 Ugushyingo 2019.
-
Philibert Afrika yashyizwe muri Komite Nyobozi Mpuzamahanga ya AIMS
21 July 2025, by ISIMBI EstellaUmunyarwanda Philibert Afrika yagizwe umwe mu bagize Komite Nyobozi mpuzamahanga y’Ikigo Nyafurika gishinzwe guteza imbere Ubumenyi bushingiye ku Mibare (AIMS), rukaba urwego rukuru rw’iki kigo kimaze kuba ubukombe mu guteza imbere ubumenyi, ikoranabuhanga n’ubushakashatsi hagamijwe impinduka zifatika ku mugabane wa Afurika.
-
Burundi : Inkunga y’umugore wa Ndayishimiye yateje imyigaragambyo mu mpunzi z’Abanye-Congo
7 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuImpunzi z’Abanye-Congo ziri mu nkambi y’i Musenyi mu Ntara ya Rutana iherereye mu majyapfo ashyira uburasirazuba bw’u Burundi, zakoze imyigaragambyo yo kwamagana abakomeje kunyereza inkunga y’ibiribwa bahawe n’umugore wa Perezida Evariste Ndayishimiye, Angeline Ndayubaha.
-
Promotion: Dore Diru Ishyushye muri StarTimes, Ibiciro byahananuwe
15 February 2021, by UbwanditsiDore Diru, Dore Diru.
Hamwe na Promosiyo ya StarTimes ubu wakwihahira dekoderi ya make kw‘isoko ryose. Noneho igiciro cya dekoderi za StarTimes cya kubiswe hasi bitari bwabeho mu Rwanda.
Tunga dekoderi ya DTT (Imwe ikoresha antene y’udushami) wishyuye amafaranga 7000 Rwf gusa, maze wongereho 8000 Rwf bya abonema ya Classic Bouquet.
Cyangwa se ugure dekoderi ya DTH (ikoresha igisane cyangwa Dish) wishyuye amafaranga 6500 Rwf maze wongereho 8500 Rwf bya abonema ya Smart Bouquet. (…) -
Umuyobozi wa Boko Haram yishwe
23 August 2025, by ISIMBI EstellaIgisirikare cya Niger cyatangaje ko cyishe Umuyobozi w’umutwe w’iterabwoba wa Boko Haram, Ibrahim Mahamadu, uzwi cyane ku izina rya ‘Boukura’, mu gikorwa cyabereye ku Kirwa cya Shilawa kiri mu gace ka Diffa.
Umuryango.rw
RDC: Abayobozi b’intara basabwe gukumira ibikorwa by’ishyaka rya Kabila
Perezida wa Ghana yirukanye Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga
Iran: Iri gukora iperereza ku nkongi yibasiye icyambu imaze guhitana abantu 28 abandi barenga 1000 bagakomereka
Jamaica yashimye umusanzu w’ingabo z’u Rwanda
Gasabo: Umugore waryamye ari muzima mu gitondo yasanzwe mu nzu ye yapfuye
Philibert Afrika yashyizwe muri Komite Nyobozi Mpuzamahanga ya AIMS
Burundi : Inkunga y’umugore wa Ndayishimiye yateje imyigaragambyo mu mpunzi z’Abanye-Congo
Umuyobozi wa Boko Haram yishwe