Jeanine Munyeshuli wabaye Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi (MINECOFIN) ushinzwe Ishoramari rya Leta no Kwegeranya Imari, yararikiye abantu ikiganiro (Podcast) agiye kujya atambutsa kuri YouTube, kigamije gufasha abantu kwagura imitekerereze no gusangizanya ibitekerezo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Uwabaye muri Guverinoma agiye kugaragara mu kiganiro nkarishyabitekerezo kizaca kuri YouTube
24 June 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Club World Cup: FIFA yinjiye mu kibazo cya Antonio Rüdiger ushinja mugenzi we kumukorera irondaruhu
23 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmutoza wa Real Madrid, Xabi Alonso, yahamije ko Ishyirahamwe rya Ruhago ku Isi (FIFA) ryatangiye gukurikirana ikibazo cya Gustavo Cabral wa Pachuca wakoreye irondaruhu myugariro Antonio Rüdiger.
-
Njya nifuza ko uyu mwanya mwampaye ubutaha wazatwarwa n’umugore-Perezida Kagame
19 December 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa perezida Kagame yatangaje ko yishimiye intambwe ikomeye imaze kugerwaho mu buringanire kuko ibyo rumaze kugeraho bipimirwa ku rwego rw’isi anaboneraho gutangaza ko yifuza ko uwamusimbura ku buyobozi yazaba ari umugore.
-
Komisiyo y’Amatora yemeje ko Paul Biya w’imyaka 92 azatsinda
21 October 2025, by ISIMBI EstellaKomisiyo y’amatora yo muri Cameroon yatangaje ko ibyavuye mu matora y’Umukuru w’Igihugu by’agateganyo byerekana ko Perezida Paul Biya w’imyaka 92 y’amavuko ari we uzatsinda.
-
Uganda: Hatangiye umukwabu mu ntasi zikekwaho kubeshya ko ADF ishaka gutera Kampala
26 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIgisirikare cya Uganda cyashyizeho itsinda ryo ku rwego rwo hejuru rishinzwe gukora iperereza ku bakorera mu nzego z’ubutasi nyuma y’aho biketswe ko batanze amakuru atari yo ateguza ko umutwe w’iterabwoba wa ADF uteganya kugaba ibitero by’ubwiyahuzi muri iki gihugu.
-
Inzu ya Rujugiro, UTC iratezwa cyamura uyu munsi
25 September 2017, by Nsanzimana ErnestKuri wa Mbere tariki 25 Nzeli 2017 saa munani nibwo hateganyijwe igikorwa cyo kugurisha mu cyamunara inzu ya Rujugiro Ayabatwa Tribert kubera imyenda y’ imisoro ba nyirayo babereyemo ikigo cy’ igihugu cy’ imisoro n’ amahoro (RRA).
Tariki 11 Nzeli uyu mwaka nibwo RRA yamanitse amatangazo avuga ko iyi nzu y’ ubucuruzi iherereye mu mugi wa Kigali hagati itezwa cyamura none.
Nyuma y’ umunsi RRA itangaje ibi, tariki 12 Nzeri, Rujugiro yatangarije ijwi ry’Amerika ko kugurisha inzu ye mu (…) -
Mike Tyson yahombeje Drake asaga miliyoni 400Frw yari yamutegeye
18 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmuraperi w’icyamamare Aubrey Drake Graham (Drake), yahombye Amadorali 335,000 (asaga miliyoni 400 Frw) nyuma y’uko yari yayategeye Mike Tyson gutsinda ku mukino w’iteramakofi wamuhuje na Jake Paul.
-
MONUSCO yatangiye ku mugaragaro ubufatanye bwayo na SAMIDRC
5 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuMONUSCO yatangije, kuri uyu wa Mbere, itariki ya 4 Ugushyingo i Goma muri Kivu y’Amajyaruguru, amahugurwa ya ba ofisiye mirongo ine bo mu Ngabo za SADC muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (SAMIDRC), nk’abazigisha abandi. Muri icyo gihe, ubutumwa bwa Loni bwahaye izo ngabo imodoka y’umutamenwa hamwe na kontineri zigera kuri mirongo itatu.
-
Rubavu: Icukumbura ku bibazo byatumye abarimo Gitifu w’umurenge bakurwa mu kazi
6 February, by ISIMBI EstellaMu gitondo cyo ku wa Gatatu, tariki 4 Gashyantare 2026, nibwo abakozi batatu b’Akarere ka Rubavu barimo Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Nyundo, Nyaransengiyumva Monique n’Umuhuzabikorwa w’Urwego rwunganira Akarere mu by’umutekano (DASSO) mu Murenge wa Bugeshi, Dushimire Donatien, banditse basezera akazi.
-
Uwayoboye FBI akurikiranyweho ibyaha bifitanye isano no gutesha agaciro intsinzi ya Trump
26 September 2025, by ISIMBI EstellaJames Comey wayoboye Urwego rw’Iperereza muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, FBI, akurikiranywe n’ukuriko rwa Amerika ruherereye muri Leta ya Virginia, ku bijyanye no gutanga amakuru atari yo no gutambamira ubutabera.
Umuryango.rw
Uwabaye muri Guverinoma agiye kugaragara mu kiganiro nkarishyabitekerezo kizaca kuri YouTube
Club World Cup: FIFA yinjiye mu kibazo cya Antonio Rüdiger ushinja mugenzi we kumukorera irondaruhu
Njya nifuza ko uyu mwanya mwampaye ubutaha wazatwarwa n’umugore-Perezida Kagame
Komisiyo y’Amatora yemeje ko Paul Biya w’imyaka 92 azatsinda
Uganda: Hatangiye umukwabu mu ntasi zikekwaho kubeshya ko ADF ishaka gutera Kampala
Mike Tyson yahombeje Drake asaga miliyoni 400Frw yari yamutegeye
MONUSCO yatangiye ku mugaragaro ubufatanye bwayo na SAMIDRC
Rubavu: Icukumbura ku bibazo byatumye abarimo Gitifu w’umurenge bakurwa mu kazi
Uwayoboye FBI akurikiranyweho ibyaha bifitanye isano no gutesha agaciro intsinzi ya Trump