Mali iravuga ko yahagaritse umubano w’ububanyi n’amahanga na Ukraine, nyuma y’uko umuyobozi wa gisirikare avuze ko Kyiv yagize uruhare mu mirwano iherutse kuba hafi y’umupaka na Algeria mu kwezi gushize.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Mali yacanye umubano na Ukraine
5 August 2024, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Ubukonje budasanzwe bumaze guhitana 6 muri America
7 January 2025, by Joseph IradukundaUbukonje bukabije bwugarije leta nyinshi zo muri America, nibura abantu batandatu bamaze kuhasiga ubuzima.
-
Papa wa Rihanna Ronald Fenty Yitabye Imana afite imyaka 70 ya mavuko
31 May 2025, by Gladiator OGNk’uko bitangazwa n’Ikinyamakuru Starcom Network, cyabanje gutangaza aya makuru bwa mbere, Fenty Papa wa Rihanna yapfiriye i Los Angeles mu bitaro bya Cedars-Sinai Medical Center nyuma yuko yari amaze iminsi arimo avurwa gusa Impamvu y’urupfu rwe n’itariki nyakuri yitabiyeho Imana ikaba itatangajwe.
-
Commonwealth irasaba Leta ya Uganda gufungura umunyapolitiki Kizza Besigye
19 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuryango w’ibihugu bikoresha Icyongereza, Commonwealth, wahamagariye Uganda, kimwe mu bihugu 56 bigize uyu muryango, kurekura umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi Kizza Besigye, uvuga ko ifungwa rye ryabangamiye demokarasi n’uburenganzira bwa muntu.
-
Igisirikare cya Mali kivuga ko cyafashe umuyobozi wa Islamic State muri Sahara
5 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKu wa Gatandatu, itariki 04 Mutarama 2025, ingabo za Mali, zavuze ko zafashe Umuyobozi wa Leta ya Kisilamu muri Sahara Nini (EIGS), ishami ry’umutwe w’iterabwoba wa Islamic State mu karere ka Sahel.
-
Salah utishimiye no kuba Liverpool itaramwongerera amasezerano ashobora kuyisohokamo
25 November 2024, by Joseph IradukundaRutahizamu wa Liverpool Mohamed Salah avuga ko ababajwe no kuba iyo kipe itaramuha kontaro nshya – ndetse avuga ko bishoboka cyane ko yayivamo kurusha kuyigumamo.
-
USA: Hafi 50% by’urubyiruko bagira ibibazo byo mu mutwe baterwa n’imbuga nkoranyambaga
25 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMuri Leta Zunze Ubumwe za Amerika hafi kimwe cya kabiri cy’ingimbi n’abangavu bavuga ko imbuga nkoranyambaga zigira ingaruka mbi ku buzima bwabo bwo mu mutwe.
-
Polisi y’u Rwanda yasubije uwayisabye kumujyana i Wawa
8 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPolisi y’u Rwanda, yasubije uwayandikiye ku rubuga rwa X, asaba kujyanwa i Wawa kuko ngo hanze aha ubuzima butoroshye.
-
Amerika yannyeze u Bwongereza bwitesheje gahunda yo kohereza abimukira mu Rwanda
7 August 2025, by ISIMBI EstellaUmuyobozi ushinzwe imipaka ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Tom Homan yatangaje ko impamvu u Bwongereza bwananiwe gushyira mu bikorwa amasezerano yo kohereza abimukira mu Rwanda, ari uko butayobowe n’umuntu nka Perezida Donald Trump.
-
Perezida Joe Biden yagaragaye ahondobera mu nama
5 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, yagaragaye asinziriye mu nama yiga ku mushinga wa gari ya moshi muri Angola.
Umuryango.rw
Mali yacanye umubano na Ukraine
Ubukonje budasanzwe bumaze guhitana 6 muri America
Papa wa Rihanna Ronald Fenty Yitabye Imana afite imyaka 70 ya mavuko
Commonwealth irasaba Leta ya Uganda gufungura umunyapolitiki Kizza Besigye
Igisirikare cya Mali kivuga ko cyafashe umuyobozi wa Islamic State muri Sahara
Salah utishimiye no kuba Liverpool itaramwongerera amasezerano ashobora kuyisohokamo
USA: Hafi 50% by’urubyiruko bagira ibibazo byo mu mutwe baterwa n’imbuga nkoranyambaga
Polisi y’u Rwanda yasubije uwayisabye kumujyana i Wawa
Amerika yannyeze u Bwongereza bwitesheje gahunda yo kohereza abimukira mu Rwanda
Perezida Joe Biden yagaragaye ahondobera mu nama