Inteko Ishinga Amategeko Umutwe w’Abadepite yemeje burundu amasezerano y’inguzanyo y’inyongera yatanzwe n’Ikigega Mpuzamahanga kigamije guteza imbere ubuhinzi, y’amafaranga angana na miliyari 92,9 Frw azifashishwa muri gahunda yo kuhira i Kayonza mu cyiciro cya kabiri (KIIWPII).
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Arenga miliyari 92,9 Frw agiye gushorwa mu cyiciro cya kabiri cyo kuhira i Kayonza
28 March, by ISIMBI Estella -
Kanye West arashinja Jay-Z ko ashaka kumwica
21 March 2025, by Joseph IradukundaUmuraperi wo muri Amerika, Kanye West, yatangaje ko mugenzi we, Jay-Z, ateganya kumwica nyuma yo gutotezwa ku mbuga nkoranyambaga.
-
Gen Kainerugaba yakebuye Julius Malema wibasiye Perezida Kagame na Museveni
4 February 2025, by Joseph IradukundaUmugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yakebuye Umuyobozi w’Ishyaka rya Economic Freedom Fighters (EFF), Julius Malema, wibasiye Perezida Kagame na Yoweri Museveni wa Uganda, abashinja uruhare mu ntambara yo mu Burasirazuba bwa RDC, ndetse no mu rupfu rw’abasirikare ba Afurika y’Epfo bayiguyemo.
-
U Buhinde: Abantu 11 baguye mu mpanuka ya gari ya moshi kubera ibihuha
23 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbantu 11 ni bo bimaze kumenyekana ko bamaze gupfa, abandi batanu bakomerekeye mu mpanuka ya gari ya moshi yabereye mu Buhinde ku wa 22 Mutarama 2025.
-
INGABIRE Rachel yasabye guhindura amazina akitwa NGABIRE Rachel
14 October 2024, by UbwanditsiUwitwa INGABIRE Rachel yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa NGABIRE Rachel mu bitabo by’irangamimerere!
Impamvu asaba guhindura amazina n’izina ni uguhuza ibyangombwa…… -
Sitting Volleyball: Ikipe y’u Rwanda y’Abagore yagarukanye igikombe
11 July 2025, by ISIMBI EstellaIkipe y’Igihugu y’u Rwanda y’Abagore mu mukino wa Sitting Volleyball iherutse kwegukana igikombe muri Shampiyona Nyafurika yaberaga muri Kenya, yageze mu Rwanda ifite itike yo kuzakina imikino ya Shampiyona y’Isi.
-
Jacky uheruka gufungirwa Ibikorwa by’urukozasoni yabatijwe
19 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUsanase Shalon uzwi ku mbuga nkoranyambaga nka Jacky, uheruka gutabwa muri yombi kubera gukora ibikorwa by’ibiterasoni mu ruhame; yabatijwe.
-
Ukraine yongeye kwamagana umugambi wo guhara ubutaka bwayo
11 August 2025, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Ukraine, Andrey Sibiga, yavuze ko igihugu cye kitazemera guhara ubutaka bwahoze ari ubwacyo ari bugenzurwa n’u Burusiya, dore ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika ari kimwe mu bihugu bishyigikiye uyu mugambi mu rwego rwo kurangiza intambara imaze imyaka itatu ica ibintu hagati ya Ukraine n’u Burusiya.
-
Donald Trump niwe watorewe kuyobora Amerika muri manda itaha
6 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmunyapolitiki Donald wo mu ishyaka ry’aba Républicain yongeye gutorerwa kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika, nyuma yo gutsinda Kamala Harris bari bahatanye mu matora.
-
Hafashwe barindwi bakekwaho kwangiza no gucuruza ibikorwaremezo by’amashanyarazi
6 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKu wa Gatatu tariki 5 Gashyantare, Polisi y’u Rwanda ifatanyije n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ubugenzuzi bw’ubuziranenge, ihiganwa mu bucuruzi no kurengera umuguzi (RICA), n’Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Ingufu (REG), yeretse itangazamakuru abantu barindwi bari hagati y’imyaka 40-53 y’amavuko, bafatanywe ibikoresho byibwe ku miyoboro y’amashanyarazi.
Umuryango.rw
Arenga miliyari 92,9 Frw agiye gushorwa mu cyiciro cya kabiri cyo kuhira i Kayonza
Kanye West arashinja Jay-Z ko ashaka kumwica
Gen Kainerugaba yakebuye Julius Malema wibasiye Perezida Kagame na Museveni
U Buhinde: Abantu 11 baguye mu mpanuka ya gari ya moshi kubera ibihuha
Sitting Volleyball: Ikipe y’u Rwanda y’Abagore yagarukanye igikombe
Jacky uheruka gufungirwa Ibikorwa by’urukozasoni yabatijwe
Ukraine yongeye kwamagana umugambi wo guhara ubutaka bwayo
Donald Trump niwe watorewe kuyobora Amerika muri manda itaha
Hafashwe barindwi bakekwaho kwangiza no gucuruza ibikorwaremezo by’amashanyarazi