Minisitiri w’Ingabo muri Afurika y’Epfo, Angie Motshekga, yakiriye abasirikare 249 b’icyo gihugu bari mu butumwa bw’Umuryango w’Ubukungu w’Ibihugu byo muri Afurika y’Amajyepfo, SADC muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Abasirikare 249 ba Afurika y’Epfo bavuye muri RDC bageze iwabo
14 June 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
“Njye usa n’amata? Ntibishoboka” – Zari Hassan ahamya ko gutandukana na Shakib ntacyo byamuhungabanyaho
2 July 2025, by ISIMBI EstellaUmunyamideri w’Umunyafurika akaba n’umushoramari ukomeye, Zari Hassan, yongeye gutangaza uko abanye n’umugabo we Shakib Cham Lutaaya, ashimangira ko urukundo rwabo rukomeye cyane, ariko anemeza ko n’ubwo bakundana cyane, yakomeza akabaho neza mu gihe ibyabo byaba birangiye.
-
Mugisha Moïse yegukanye agace ka nyuma ka Tour de l’Espoir 2019
9 February 2019, by Dusingizimana RemyUmunyarwanda Mugisha Moise wari muri Team Rwanda yitabiriye irushanwa rya Tour de l’Espoir,yigaranzuye abanya Eritrea yegukana agace ka 5 ka Tour de l’Espoir 2019.
-
AFC/M23 yatangaje ko ‘Itewe impungenge n’ibyatangajwe na Bintou Keita’
3 October 2024, by Joseph IradukundaIhuriro Alliance Fleuve Congo – rifite umutwe wa M23 - rivuga ko ibyatangajwe n’umukuru wa MONUSCO muri DR Congo ko M23 yinjiza amadolari 300,000$ ku kwezi mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro ya Rubaya bigamije "gushaka guhindanya isura ya AFC" kandi ko "nta bimenyetso abifitiye".
-
Minisitiri Nduhungirehe yatangaje ingamba u Rwanda rwafashe ku kibazo cy’umubano mubi n’u Burundi
8 February 2019, by Dusingizimana RemyUmunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’amahanga n’ubutwererane,Amb.Nduhungirehe Olivier yatangaje ko Leta y’u Rwanda yafashe umwanzuro wo kureka Abarundi bakabanza gukemura ibibazo byabo bwite barangiza bakaza bakaganira n’u Rwanda.
-
Rubavu: Abarasta basabye uburenganzira bwo kwigaragambya bamagana Gitwaza
17 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmuryango w’Abarasta bo mu karere ka Rubavu, basabye ubuyobozi bw’aka karere kubaha uburenganzira bwo gukora urugendo rw’amahoro rwo kwamagana Apôtre Dr Paul Gitwaza uyobora itorero Zion Temple.
-
Camarade Banamwana yikorejwe ibibazo bihanze Bugesera FC
23 April 2025, by Joseph IradukundaNyuma y’uko Haringingo Francis n’umwungiriza we, basezeye kuri Bugesera FC, Ubuyobozi bw’iyi kipe bwahisemo guha Akazi Banamwana Camarade.
-
Kenya: Umupolisi warashe umusivile wigaragambyaga yatawe muri yombi
18 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmupolisi wo muri Kenya yatawe muri yombi azira kurasa umusivile mu myigaragambyo iherutse kubera mu murwa mukuru Nairobi, yatewe n’urupfu rwa Albert Ojwang wapfiriye muri kasho ya polisi.
-
Umuhanda Rutsiro-Ngororero ugiye gushyirwamo kaburimbo
14 October 2025, by ISIMBI EstellaUbuyobozi bw’Akarere ka Rutsiro bwatangaje ko umuhanda Rutsiro-Muhanda-Kazabe uhuza Akarere ka Rutsiro n’Akarere ka Ngororero ugiye gushyirwamo kaburimbo, mu rwego rwo gukura abaturage mu bwigunge no koroshya ubuhahirane hagati y’utu turere two mu Ntara y’Iburengerazuba.
-
Umubare w’ abagore mu nteko y’ u Rwanda waragabanyutse, ntabwo wiyongereye
7 September 2018, by Nsanzimana ErnestKomisiyo y’amatora iratangaza ko ubwiganze bw’abagore mu Nteko Ishinga Amategeko butazagera ku rugero rwa 67 % nk’uko byari byavuzwe hagitangazwa amajwi y’agateganyo.
Umuryango.rw
Abasirikare 249 ba Afurika y’Epfo bavuye muri RDC bageze iwabo
“Njye usa n’amata? Ntibishoboka” – Zari Hassan ahamya ko gutandukana na Shakib ntacyo byamuhungabanyaho
AFC/M23 yatangaje ko ‘Itewe impungenge n’ibyatangajwe na Bintou Keita’
Rubavu: Abarasta basabye uburenganzira bwo kwigaragambya bamagana Gitwaza
Camarade Banamwana yikorejwe ibibazo bihanze Bugesera FC
Kenya: Umupolisi warashe umusivile wigaragambyaga yatawe muri yombi
Umuhanda Rutsiro-Ngororero ugiye gushyirwamo kaburimbo