Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump yohereje abandi basirikare 2 700 mu mujyi wa Los Angeles muri Leta ya California, barimo ingabo zirwanira mu mazi 700 mu rwego rwo guhangana n’imyigaragambyo y’abimukira ikomeje gukaza umurego.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
USA: Los Angeles hoherejwe abandi basirikare bo guhangana n’abimukira
10 June 2025, by ISIMBI Estella -
Ingabo zindi za SADC zirava Goma zice mu Rwanda zitaha
1 May 2025, by Joseph IradukundaIzindi ngabo umuryango wa SADC wari warohereje muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kurwanya umutwe wa M23, ziranyura mu Rwanda uyu munsi.
-
U Burundi butisubiyeho bushobora kuvanwa muri EAC
6 December 2018, by Nsanzimana ErnestIgihugu cy’ u Burundi gishobora kuvanwa mu Umuryango w’ ibihugu byo muri Afurika y’ Iburasirazuba EAC nibikomeza kugaragara ko kiri kudindiza imishinga ihuriweho n’ ibihugu no kutitabira inama z’ uyu muryango.
-
Espagne hadutse indwara yo kugira ubwoya bwinshi ku mubiri yibasiye impinja
5 December 2024, by Joseph IradukundaEspagne ihanganye n’ikibazo gikomeye cy’abana bakomeje kuvukana ubwoya bwinshi ku mubiri, kubera ikoreshwa ry’umuti wa minoxidil urwanya uruhara.
-
U Rwanda rwakiriye abaturage barwo 208 batashye bigobotoye FDLR
27 February, by Angeline MUKANGENZIU Rwanda rwakiriye abaturage barwo 208 batahutse kuri uyu wa gatanu, bavuye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aho bari barafashwe bugwate na FDLR.
-
ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO UTIMUKANWA
28 October 2024, by UbwanditsiUmuhesha w’ Inkiko w’ Umwuga aramenyesha abantu bose ko azagurisha muri Cyamunara ikomeje, binyuze mu buryo bw’ikoranabuhanga umutungo utimukanwa ugizwe n’ubutaka bwo guhingamo.
Soma itangazo rirambuye…. -
Mali: Leta yarekuye abarwanyi 100 b’umutwe wa JNIM mu masezerano yo guhagarika ibitero
23 March, by ISIMBI EstellaLeta ya Mali yarekuye abarenga 100 bakekwaho kuba abarwanyi b’imitwe y’iterabwoba, binyuze mu masezerano agamije guhagarika ibitero byari bikomeje kugabwa mu mihanda inyuramo amakamyo atwara ibikomoka kuri peteroli bigatuma habaho ubujura bwayo.
-
U Bufaransa, Ukraine na UK bari gukora kuri gahunda y’amahoro bazamurikira Amerika
3 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Intebe w’u Bwongereza Keir Starmer yavuze ko u Bwongereza, u Bufaransa na Ukraine byemeye gukora kuri “proposal” yo guhagarika imirwano bazamurikira Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
-
Igihugu cya Ghana cyatangaje ko cyabonye...
4 October 2024, by Joseph IradukundaIgihugu cya Ghana cyatangaje ko cyabonye umuntu wa mbere wanduye icyorezo cy’ubushita bw’inkenda (Mpox) gikomeje kuyogoza umugabane w’Afurika, aho abayanduye bamaze kuba 35 000.
-
Leta ya Uganda yasabye abacuruzi bayo kureka gucururiza mu Rwanda
26 July 2019, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’ubucuruzi w’ Ubucuruzi wa Uganda, Amelia Kyambadde, yasabye abacuruzi bo muri Uganda kuzibukira burundu ibyo gushora imari yabo mu Rwanda kuko ngo n’ubundi rutuwe n’abantu bake.
Umuryango.rw
USA: Los Angeles hoherejwe abandi basirikare bo guhangana n’abimukira
Ingabo zindi za SADC zirava Goma zice mu Rwanda zitaha
Espagne hadutse indwara yo kugira ubwoya bwinshi ku mubiri yibasiye impinja
U Rwanda rwakiriye abaturage barwo 208 batashye bigobotoye FDLR
Mali: Leta yarekuye abarwanyi 100 b’umutwe wa JNIM mu masezerano yo guhagarika ibitero
U Bufaransa, Ukraine na UK bari gukora kuri gahunda y’amahoro bazamurikira Amerika
Igihugu cya Ghana cyatangaje ko cyabonye...