Ubwato bwari butwaye abagenzi 350 bavaga ku cyambu cya Zamboanga berekeza ku kirwa cya Jolo mu Majyepfo ya Sulu, mu Ntara ya Basilan muri Philippine bwarohamye, abantu 18 barapfa bandi 24 bakomeje kuburirwa irengero.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Philippine: Ubwato bwari butwaye abantu 350 bwarohamye
26 January, by Angeline MUKANGENZI -
Seninga Innocent yasezeye Etincelles FC, ayishinja agasuzuguro
5 August 2025, by ISIMBI EstellaUmutoza Seninga Innocent wari umaze iminsi 20 bitangajwe ko azakomezanya na Etincelles FC, yayisezeyeho ayishinja kumusuzugura kuko itamuhaye amasezerano.
-
Habonetse abandi bantu 6 banduye Coronavirus buzuza 17 bayanduye mu Rwanda
20 March 2020, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Ubuzima yatangaje ko kuri uyu wa Gatanu taliki ya 20 werurwe 2020 habonetse abandi bantu 6 barwaye icyorezo cya COVID-19 bituma umubare w’abamaze kucyandura ugera kuri 17 mu minsi 6 gusa kigeze mu Rwanda.
-
M23 yashinje u Bubiligi kuyangisha Tshisekedi, bukamucudikisha na FDLR
17 November 2025, by ISIMBI EstellaUmuvugizi wungirije wa M23, Dr. Oscar Balinda, yatangaje ko u Bubiligi bushobora kuba buri mu byatumye Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi, yisubiraho ku bwumvikane yari yagiranye n’uyu mutwe, ahubwo atangira gukorana na FDLR.
-
Amavubi yerekeje muri Algeria
31 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIkipe y’Igihugu y’u Rwanda ‘Amavubi’ yerekeje muri Algeria, aho yagiye gukina imikino ya gicuti mu rwego rwo kwitegura iyo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026.
-
perezida Kagame yakiriye mu biro bye intumwa yo muri komite y’ubutasi ya America
21 March 2025, by Angeline MUKANGENZIkuri uyu wa 21 werurwe 2025 muri village urugwiro perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yakiriye umudepite wa kongere ya leta zunze ubumwe za Amerika,Dr.Ronny Jackson bagirana ibiganiro
-
Iran: Umusirikare byavugwaga ko yiciwe muri Liban yagaragaye ari muzima
17 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmuyobozi w’urwego rw’Ubutasi mu gisirikare cya Iran, Esmail Qaani yongeye kugaragara mu ruhame nyuma y’iminsi bivugwa ko yiciwe mu gitero ingabo za Israel ziherutse kugaba muri Liban.
-
Abadipolomate bavuze imyato umusaruro wa VUP mu Rwanda
15 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbadipolomate bahagarariye Ubwami bw’u Bwongereza (UK), u Budage na Suwede bavuze imyato Gahunda ya Vision 2020 Umurenge Program (VUP) nyuma yo kwihera uburyo yafashije abaturage kwikura mu bukene.
-
Tunisie: Umusifuzi waketsweho kubogama yakomerekejwe n’abafana
28 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMu mukino wa shampiyona mu gihugu cya Tunisie, umusifuzi wo ku ruhande witwa Marwana Saad, yakomerekejwe n’abafana nyuma yo kutishimira ibyemezo yagiragamo uruhare.
-
Umwuka mubi ukomeje gukara hagati ya Donald Trump na Elon Musk
6 June 2025, by ISIMBI EstellaDonald Trump, Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Elon Musk usanzwe ari umushoramari ukomeye ndetse n’umuyobozi w’ibigo bikomeye nka Tesla na SpaceX, barimo guterana amagambo ku mugaragaro, aho buri wese ari gushinja mugenzi we gukwirakwiza amakuru adafite ishingiro.
Umuryango.rw
Philippine: Ubwato bwari butwaye abantu 350 bwarohamye
Seninga Innocent yasezeye Etincelles FC, ayishinja agasuzuguro
Habonetse abandi bantu 6 banduye Coronavirus buzuza 17 bayanduye mu Rwanda
M23 yashinje u Bubiligi kuyangisha Tshisekedi, bukamucudikisha na FDLR
Amavubi yerekeje muri Algeria
perezida Kagame yakiriye mu biro bye intumwa yo muri komite y’ubutasi ya America
Iran: Umusirikare byavugwaga ko yiciwe muri Liban yagaragaye ari muzima
Abadipolomate bavuze imyato umusaruro wa VUP mu Rwanda
Tunisie: Umusifuzi waketsweho kubogama yakomerekejwe n’abafana
Umwuka mubi ukomeje gukara hagati ya Donald Trump na Elon Musk