Perezida wa Guinea-Bissau, Umaro Sissoco Embaló, amaze kugera ku Kibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya Kigali aho aje mu ruzinduko rw’akazi mu Rwanda.
Perezida wa Guinea-Bissau, Umaro Sissoco Embaló uje mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi 3 mu Rwanda, akigera ku Kibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Kigali yakiriwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane,Vincent Biruta.
Biteganyijwe ko uretse ibiganiro ari bugirane na Perezida Kagame, uyu Mukuru w’Igihugu ari bunasure Urwibutso rwa (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Perezida wa Guinea Bissau yasuye u Rwanda
7 March 2022, by Dusingizimana Remy -
Trump yemeje umugambi wo gutera Iran ariko ntiyafata umwanzuro neza
19 June 2025, by ISIMBI EstellaPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yemeje umugambi wo gutera Iran, ariko ntiyafata icyemezo cya nyuma ku bijyanye no kugaba ibitero nkuko BBC ibikesha CBS News.
-
Ukraine yagabye igitero mu mujyi wa Taganrog w’u Burusiya, gisenya inganda
11 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuGuverineri w’Umujyi wa Taganrog uri mu Majyepfo y’u Burusiya, Yuri Slyusar yatangaje ko ingabo za Ukraine zarashe ibisasu mu cyanya cy’inganda cyo muri uyu mujyi hangirika byinshi ariko nta muntu wahasize ubuzima.
-
RCS yagaragaje ko Umugore iyo afunzwe asa nk’aho atereranywe
29 January, by Angeline MUKANGENZIKomiseri Mukuru Wungirije w’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora (RCS), DCG Rose Muhisoni, yagaragaje ko abagore bafunzwe usanga batereranwa n’imiryango yabo kuko idakunze kubasura, agaragaza ko ari ikibazo gikomeye.
-
FARDC iri mu gahinda ko kubura umusirikare wayo ukomeye yigambye guha isomo M23
12 June 2022, by Dusingizimana RemyAhagana saa mbili z’ijoro ryo kuri iki Cyumweru,Ingabo za RDC zizwi nka FARDC zatangaje ko M23 yishe umusirikare witwa Major Eric KIRAKU MWISA ifashijwe n’ingabo z’u Rwanda.
FARDC yasohoye Itangazo ryemeza ko bakozanyijeho na M23 mu mirwano ikomeye yabaye uyu munsi ku Cyumweru barwaniye hafi y’umupaka I Bunagana.
Igisirikare cya Congo kivuga ko inyeshyamba za M23 “zifashijwe n’intwaro n’abasirikare b’u Rwanda” zagabye igitero mu gitondo kare ku birindiro bya FARDC biri ahitwa Bigega I, (…) -
Rudahigwa yatanze amafaranga ngo bamuhe umugogo wa Musinga, barayarya: Ubundi buhemu bw’u Bubiligi
12 April 2025, by ISIMBI EstellaUmunyamateka akaba n’umwanditsi, Lt. Col. (Rtd) Nyirimanzi Gerard, yahishuye uburyo nyuma yo kwica Umwami Yuhi V Musinga bikozwe n’Ababiligi, umuhungu we, Mutara III Rudahigwa yabinginze ngo bamuhe umugogo we ushyingurwe mu cyubahiro ndetse abahonga amafaranga menshi ariko biba iby’ubusa baranga bawujyana i Burayi.
-
Dore rutonde rw’ingo z’ibyamamare nyarwanda zasenyutse hadaciye kabiri[AMAFOTO]
8 May 2023, by Rebecca UFITAMAHOROUrukundo rw’ibyamamare nikimwe mubintu usanga cyivugwa cyane mu myidagaduro nyarwanda , kuva aho aho iyo couple yamenyekaniye kugeza aho bakoreye ubukwe , ariko usanga akenshi ibyamamare nyarwanda bitandukanye bidakundwa guhirwa cyane n’urukundo kuko usanga batandukana hadaciye kabiri .
N’ubwo abakundanye bahana isezerano bashimangira ko ntawe uzahemukira undi, ko bazihanganirana, umugani w’ikinyarwanda ubisobanura neza ko ‘Nta zibana zidakomanya amahembe.’ Hari agirana ibibazo (…) -
Dore ibyo Dr.Mujawamariya Jeanne D’Arc akurikiranyweho
26 July 2024, by ISHIMWE Jean de DieuAmakuru twabashije kumenya bivugwa ko biri mubyo Dr. Jeanne D’Arc Mujawamariya akurikiranyweho ni imicungurire mibi y’amashyamba.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane taliki 25, Nyakanga, 2024 nibwo inkuru y’uko hari ibyo uyu mugore wahoze ari Minisitiri w’umurimo akurikiranyweho yasakaye.
Hari nyuma y’uko ahagaritswe mu mirimo ye binyuze mu itangazo rya Guverinoma y’u Rwanda rwasowe na Minisitiri W’Intebe.
Amakuru Taarifa yamenye mu masaha ashyira igicamunsi cyo kuri uyu wa Kane avuga ko (…) -
Mozambike: Abaturage batangiye gucuruza n’abana bari gukina umupira kubera ingabo z’u Rwanda [AMAFOTO]
23 September 2021, by Dusingizimana RemyIbimenyetso by’ibanze byakwereka umuhisi n’umugenzi ko ubuzima mu Ntara ya Cabo Delgado bwatangiye kugaruka ugereranyije n’uko mu minsi ishize bwari bumeze. Nko mu ntangiriro z’umwaka ushize, nta muntu washoboraga kugenda nyuma ya saa kumi n’ebyiri z’umugoroba.
Muri Palma, ku muhanda abacuruzi batangiye kwisuganya, batandika amavuta, ifu n’ibindi byo kurya. Ku rundi ruhande, abakora uburobyi hafi aho na bo ibikorwa barabirimbanyije nta nkomyi ndetse hasigaye hari n’imodoka nke zitwara (…) -
Robert Prevost, ari we Papa mushya Léon XIV, ni muntu ki?
9 May 2025, by Joseph IradukundaNa mbere yuko izina rye ritangarizwa ku ibaraza rya Bazilika yitiriwe Mutagatifu Petero, imbaga yari iri munsi yaryo yateraga hejuru mu Gitaliyani iti "Viva il Papa", bivuze ngo ’Narambe Papa’.
Umuryango.rw
Perezida wa Guinea Bissau yasuye u Rwanda
Trump yemeje umugambi wo gutera Iran ariko ntiyafata umwanzuro neza
Ukraine yagabye igitero mu mujyi wa Taganrog w’u Burusiya, gisenya inganda
RCS yagaragaje ko Umugore iyo afunzwe asa nk’aho atereranywe
FARDC iri mu gahinda ko kubura umusirikare wayo ukomeye yigambye guha isomo M23
Rudahigwa yatanze amafaranga ngo bamuhe umugogo wa Musinga, barayarya: Ubundi buhemu bw’u Bubiligi
Dore rutonde rw’ingo z’ibyamamare nyarwanda zasenyutse hadaciye kabiri[AMAFOTO]
Dore ibyo Dr.Mujawamariya Jeanne D’Arc akurikiranyweho
Mozambike: Abaturage batangiye gucuruza n’abana bari gukina umupira kubera ingabo z’u Rwanda [AMAFOTO]
Robert Prevost, ari we Papa mushya Léon XIV, ni muntu ki?