Umuryango wa Afurika Yunze wagaragaje ko ushyigikiye icyifuzo cya João Lourenço wa Angola ko Perezida wa Togo, Faure Essozimna Gnassingbé amusimbura ku mwanya w’umuhuza mu biganiro bihuza u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kubera intambara zimaze imyaka mu Burasirazuba bw’iki gihugu.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
AU yashyigikiye ko Perezida Faure Gnassingbé aba umuhuza mu biganiro bya RDC n’u Rwanda
7 April 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Kenya: Umwana w’imyaka 9 yatabaye abari bagiye kugwa mu mpanuka
28 October 2025, by ISIMBI EstellaBoniface Njoroge w’imyaka icyenda wo mu gake ka Murang’a muri Kenya, yatabaye abantu icyenda bari bagiye gupfira mu mpanuka y’imodoka.
-
U Rwanda rugiye gutangiza Itorero ku bafungiwe ibyaha bya Jenoside
3 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Ubumwe n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Jean Damascène Bizimana, yatangaje ko hari gahunda yo gutangiza Itorero rigenewe abafungiwe ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi bari hafi gusoza ibihano ngo basubizwe mu muryango nyarwanda.
-
Ryanair yishongoye kuri Elon Musk wavuze ko ashaka kuyigura
22 January, by Angeline MUKANGENZIUmuyobozi Mukuru wa sosiyete y’indege ya Ryanair iri mu zikomeye ku mugabane w’u Burayi, Michael O’Leary, yateye utwatsi igitekerezo cya Elon Musk cyo kuyigura, yishongora kuri uyu muherwe wa mbere ku Isi.
-
Uganda: Umuntu wa 2 Yahitanywe na Ebola
3 March 2025, by Joseph IradukundaUmuntu wa kabiri yanduye ikiza ca Ebola muri Uganda yitavye Imana. Ishami rya ONU ryitaho amagara y’abantu kw’isi, OMS ryatangaje ano makuru rivuga ko ryayahawe n’ubushikiranganji bujejwe amagara y’abantu muri Uganda.
-
CSP Kayumba Innocent wayoboraga Gereza ya Nyarugenge na bagenzi be basabiwe gufungwa imyaka 5
12 November 2021, by Dusingizimana RemyUbushinjacyaha bwasabye ko CSP Kayumba Innocent wayoboraga Gereza ya Nyarugenge na bagenzi be bazahabwa gihano cy’igifungo cy’imyaka 5 n’ihazabu ya Miyoni 2 ariko Twizere Amani Olivier we ntahabwe ibihano n’urukiko kuko yafashije ubushinjacyaha kumenya amakuru menshi ku baregwa.
Ibi bihano ubushinjacyaha bwabisabye kuri uyu wa gatanu mu rukiko rw’ibanze rwa Nyarugenge kuko abaregwa bose bari bararangije kwiregura ku byaha byose bacyekwagaho n’ubushinjacyaha mu iburanisha ryabaye kuwa 29 (…) -
Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga ya ‘International Forum’
29 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Repubulika Paul Kagame yifatanyije na mugenzi we w’icyo Gihugu, Kassym-Jomart Tokayev n’abandi bayobozi baturutse hirya no hino ku Isi mu gufungura Inama Mpuzamahanga ya Astana ‘International Forum’.
-
Amerika igiye kohereza izindi ntwaro muri Ukraine
17 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Joe Biden yaganiriye na mugenzi we wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, nyuma y’uko igihugu cye cyemeye kohereza indi nkunga ifite agaciro ka miliyoni 425$ muri Ukraine, izaba igizwe n’intwaro ndetse n’ibindi bikoresho bya gisirikare bizakomeza gufasha icyo gihugu guhangana n’u Burusiya.
-
Abashakashatsi: Koreya iravugwaho kwagura uruganda rukora misile zikoreshwa n’u Burusiya muri Ukraine
26 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuKoreya ya Ruguru yaguye uruganda rukomeye rukora intwaro, akaba ari narwo ruteranyirizwamo ubwoko bwa misile zifashishwa n’u Burusiya muri Ukraine, nk’uko abashakashatsi b’ibigo by’ubushakashatsi byo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika babitangaza, bashingiye ku mafoto yafashwe na satelite.
-
Mozambike: Abaturage bo mu gace ka Palma batangiye guhunguka kubera umutekano bahawe n’Ingabo z’u Rwanda
10 August 2021, by Dusingizimana RemyAbaturage bo mu Karere ka Palma bakomeje gusubira mu byabo nyuma y’aho Ingabo na Polisi by’u Rwanda bafatanyije n’Igisirikare cya Mozambique birukanye imitwe y’iterabwoba muri ako gace.
IGIHE dukesha iyi nkuru kivuga ko ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri, abarenga 20 barimo umuryango umwe, n’abandi bava inda imwe, bakiriwe na Polisi y’u Rwanda, barahumurizwa ndetse bahabwa impanuro zo kujya bamenyesha inzego z’umutekano mu gihe babonye umuntu batazi muri ako gace.
Baturutse mu duce two (…)
Umuryango.rw
AU yashyigikiye ko Perezida Faure Gnassingbé aba umuhuza mu biganiro bya RDC n’u Rwanda
Kenya: Umwana w’imyaka 9 yatabaye abari bagiye kugwa mu mpanuka
U Rwanda rugiye gutangiza Itorero ku bafungiwe ibyaha bya Jenoside
Ryanair yishongoye kuri Elon Musk wavuze ko ashaka kuyigura
Uganda: Umuntu wa 2 Yahitanywe na Ebola
CSP Kayumba Innocent wayoboraga Gereza ya Nyarugenge na bagenzi be basabiwe gufungwa imyaka 5
Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga ya ‘International Forum’
Amerika igiye kohereza izindi ntwaro muri Ukraine
Abashakashatsi: Koreya iravugwaho kwagura uruganda rukora misile zikoreshwa n’u Burusiya muri Ukraine
Mozambike: Abaturage bo mu gace ka Palma batangiye guhunguka kubera umutekano bahawe n’Ingabo z’u Rwanda