U Burusiya bwagabye ibitero bya misile kuri Ukraine, aho umuyobozi mukuru muri perezidansi yemeje ko umurwa mukuru wa Kyiv nawo wagabweho igitero.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Uburusiya bwihimuye kuri Ukraine bumisha imvura ya misile k’umurwa mukuru Kyiv
13 November 2024, by Joseph Iradukunda -
Minisitiri Nduhungirehe yashimangiye ko u Bubiligi bugifite umutima winangiye ku Rwanda
24 March 2025, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko kuva u Rwanda rwacana umubano n’u Bubiligi nta kimenyetso cyo guhinduka kuri icyo gihugu muri gahunda yacyo yo gushaka gukomanyiriza u Rwanda ku ruhando mpuzamahanga.
-
TMC agiye gusohora indirimbo nshya nyuma y’imyaka ine
4 October 2025, by ISIMBI EstellaNyuma y’imyaka ine adasohora indirimbo nshya, Mujyanama Claude wamenyekanye nka TMC mu itsinda rya Dream Boys, yateguje iyo yise ‘Ese?’, icyakora ahamya ko nubwo agiye kuyisohora ari ibyo kwishimisha atari ukwinjira mu muziki.
-
Habayeho akagambane! Ndimbati yireguye imbere y’Urukiko
23 March 2022, by Rebecca UFITAMAHOROVIDEO: REBA UKO IBURANISHA RYAGENZE HANO
Kuri uyu munsi tariki ya 23 Werurwe 2022 nibwo umukinnyi wa Filimi,Uwihoreye Jean Bosco wamamaye ku izina rya Ndimbati muri Firimi y’uruhererekane ya “Papa Sava” yitabye Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge aburana ifungwa n’ifungurwa ku byaha akurikiranyweho byo gusindisha umwana utarageza imyaka y’ubukure no kumusambanya.
Ndimbati wari ufungiye kuri Stasiyo ya RIB ya Rwezamenyo, yagejejwe imbere y’inteko iburanisha mu rubanza rwitabiriwe n’abantu (…) -
Iyo data atakundinda mba naraguciye umutwe: Gen. Muhoozi abwira Bobi Wine
6 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmwuka mubi ukomeje gututumba hagati y’Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba n’umunyapolitiki akanaba umunyamuziki, Robert Ssentamu Kyagulanyi ‘Bobi Wine’ utavuga rumwe n’ubutegetsi.
-
Uganda: Abarenga miliyoni 20 bazindukiye mu matora y’Umukuru w’Igihugu
15 January, by ISIMBI EstellaKuri uyu wa Kane, tariki ya 15 Mutarama 2026, abaturage ba Uganda bazindukiye mu matora y’Umukuru w’Igihugu, asiga hamenyekanye uzayobora icyo gihugu muri manda y’imyaka itanu hagati ya Yoweri Kaguta Museveni uhanganye bikomeye na Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine.
-
DR Congo – Rwanda: João Lourenço yoherereje ubutumwa Tshisekedi
20 September 2024, by Joseph IradukundaPerezida João Lourenço wa Angola uri guhuza u Rwanda na DR Congo mu biganiro bigamije gushaka amahoro mu karere, yoherereje ubutumwa mugenzi we wa DR Congo Félix Tshisekedi, ubutumwa yashyikirijwe na minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Angola.
-
Museveni azongera kwiyamamariza kuyobora Uganda
24 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIshyaka riri ku butegetsi muri Uganda, National Resistance Movement (NRM) ryatangaje ko Yoweri Kaguta Museveni azongera kwiyamamariza kuyobora iki gihugu.
-
Ngororero: Abantu 18 bakomerekeye mu mpanuka y’imodoka
23 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbagenzi 18 bakomerekeye mu mpanuka y’imodoka ya minibisi RAB 579H, yavaga mu isantere ya Kabaya yerekeza mu isantere ya Ngororero mu Karere ka Ngororero.
-
Yemen: Aba-Houthi bafunze abakozi ba Loni barenga 10
1 September 2025, by ISIMBI EstellaAbarwanyi b’umutwe witwaje intwaro wa Houthi ukorera muri Yemen wataye muri yombi abakozi 11 b’ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ibiribwa (PAM), ubashinja gukorana na Leta ya Israel.
Umuryango.rw
Uburusiya bwihimuye kuri Ukraine bumisha imvura ya misile k’umurwa mukuru Kyiv
Minisitiri Nduhungirehe yashimangiye ko u Bubiligi bugifite umutima winangiye ku Rwanda
TMC agiye gusohora indirimbo nshya nyuma y’imyaka ine
Habayeho akagambane! Ndimbati yireguye imbere y’Urukiko
Iyo data atakundinda mba naraguciye umutwe: Gen. Muhoozi abwira Bobi Wine
Uganda: Abarenga miliyoni 20 bazindukiye mu matora y’Umukuru w’Igihugu
DR Congo – Rwanda: João Lourenço yoherereje ubutumwa Tshisekedi
Museveni azongera kwiyamamariza kuyobora Uganda
Ngororero: Abantu 18 bakomerekeye mu mpanuka y’imodoka
Yemen: Aba-Houthi bafunze abakozi ba Loni barenga 10