Minisitiri ushinzwe iterambere ry’icyaro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Muhindo Nzangi Butondo, yemeje ko abasirikare b’iki gihugu basahuye abaturage ubwo batsindirwaga n’umutwe witwaje intwaro wa M23 mu rugamba rwabereye mu gace ka Mambasa muri teritwari ya Lubero.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
RDC yemeje ko abasirikare bayo basahuye abaturage ubwo batsindwaga na M23
18 December 2024, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Abanye Gaza bari mu kaga nyuma y’aho Amakamyo abazaniye imfashanyo acucuriwe
19 November 2024, by Joseph IradukundaAbantu bataramenyekana bateze amakamyo yari atwaye inkunga y’ibiribwa abijyanye mu gace ka Gaza barayasahura, bikomeza gutuma abatuye aka gace barushaho kujya mu kaga ko kwibasirwa n’inzara.
-
Abanduye Coronavirus mu Rwanda babaye 120….Habonetse abanduye bashya 2 kuri uyu wa Gatandatu
11 April 2020, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Ubuzima mu Rwanda yatangaje ko kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 11 Mata 2020 hagaragaye abanduye Coronavirus babiri bashya bituma umubare w’abanduye iyi virusi baba 120 barimo 18 bakize bagasezererwa.
-
Gen Muhoozi yakiriye Gen Muganga, akeza umubano w’ingabo z’u Rwanda n’iza Uganda
11 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmugaba Mukuru w’ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yakiriye mugenzi we wo mu Rwanda, Gen Mubarakh Muganga, akeza umubano mwiza uri hagati y’ingabo z’ibihugu byombi.
-
Perezida wa Koreya y’Epfo yirukanwe ku butegetsi
4 April 2025, by Angeline MUKANGENZIKuri uyu wa gatanu tariki ya 04 mata 2025 Urukiko Rukuru rushinzwe kubahiriza itegeko nshinga muri Koreya y’Epfo rwemeje ko Perezida Yoon Suk-yeol yegujwe ku butegetsi nyuma y’amezi ane ashyize igihugu mu bibazo bya politiki kubera itegeko rya gisirikare yatangaje.
-
AFC/M23 yatangije ibikorwa byo kubaka umuhanda Sake - Masisi wa Km 56
2 May 2025, by Angeline MUKANGENZIIhuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, RDC, kuri uyu wa Gatanu tariki 02 Gicurasi 2025 ryatangije kumugaragaro ibikorwa byo kubaka umuhanda ureshya na Kirometero 56 uhuza Santeri ya Sake na Masisi.
-
Harakekwa Inyama z’Ubunani nk’intandaro yatumye Umupolisi muri Congo yica Abashinwa babiri
2 January 2025, by Joseph IradukundaUmupolisi mu gipolisi cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yishe Abashinwa babiri mu Ntara ya Lomami, aho bivugwa ko ashobora kuba yabivuganye bitewe n’amakimbirane yaturutse ku nyama z’ubunani.
-
Kigali: Abatujwe mu Mudugudu wa Mpazi baruhutse kwikanga inzu zibagwaho
15 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbatujwe mu Mudugudu w’Icyitegererezo wa Mpazi uri mu Murenge wa Gitega, Akarere ka Nyarugenge, Umujyi wa Kigali, bavuga ko banyuzwe n’inzu batujwemo kuko baruhutse kujya bahora bahangayikishijwe no kugwirwa n’amazu mu bihe by’imvura.
-
Leta ya RDC yarakajwe n’abahagarariye urwego rw’akarere baganiriye na AFC/M23
7 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUbutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwarakajwe n’abahagarariye urwego rw’akarere ka Afurika y’Ibiyaga Bigari rushinzwe kugenzura umutekano wo ku mipaka (EJVM) baganiriye n’abayobozi b’ihuriro AFC/M23.
-
Ingabire Victoire yagarutse imbere y’Urukiko arugezeho icyifuzo
27 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmunyapolitiki Ingabire Victoire Umuhoza ukurikiranyweho ibyaha birimo icyo gushyiraho umutwe w’abagizi ba nabi, yagarutse imbere y’Urukiko asaba kurekurwa ngo kuko iminsi 30 yafatiwe yo gufungwa by’agateganyo yarangiye atararegerwa Urukiko ruzamuburanisha mu mizi.
Umuryango.rw
RDC yemeje ko abasirikare bayo basahuye abaturage ubwo batsindwaga na M23
Abanye Gaza bari mu kaga nyuma y’aho Amakamyo abazaniye imfashanyo acucuriwe
Abanduye Coronavirus mu Rwanda babaye 120….Habonetse abanduye bashya 2 kuri uyu wa Gatandatu
Gen Muhoozi yakiriye Gen Muganga, akeza umubano w’ingabo z’u Rwanda n’iza Uganda
Perezida wa Koreya y’Epfo yirukanwe ku butegetsi
AFC/M23 yatangije ibikorwa byo kubaka umuhanda Sake - Masisi wa Km 56
Harakekwa Inyama z’Ubunani nk’intandaro yatumye Umupolisi muri Congo yica Abashinwa babiri
Kigali: Abatujwe mu Mudugudu wa Mpazi baruhutse kwikanga inzu zibagwaho
Leta ya RDC yarakajwe n’abahagarariye urwego rw’akarere baganiriye na AFC/M23
Ingabire Victoire yagarutse imbere y’Urukiko arugezeho icyifuzo