Abarwanyi b’ihuriro AFC/M23 n’abo mu mitwe ya Wazalendo ishyigikiwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bahanganiye mu bice bitandukanye byo mu burasirazuba bw’iki gihugu.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
AFC/M23 ihanganiye na Wazalendo mu bice bitandukanye
19 June 2025, by ISIMBI Estella -
Amarushanwa ya Youth Connekt 2025 yatangiye
16 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, yatangiye gushaka urubyiruko ruzitabira amarushanwa yarugenewe mu kurufasha kwiteza imbere ya Youth Connekt na Art Connekt.
-
Amashuri y’incuke n’icyiciro cya mbere cy’abanza agiye gutangira
7 January 2021, by Martin MunezeroMinisiteri y’Uburezi yatangaje ko abiga mu mashuri y’incuke n’abo mu cyiciro cya mbere cy’abanza bazasubukura amasomo yabo ku wa 18 Mutarama 2021 nyuma y’igihe kigera ku mezi 10 bari bamaze batiga kubera icyorezo cya COVID-19.
-
ADEPR yahagaritse abavugabutumwa 35 bahamijwe ibyaha bya Jenoside
19 March, by ISIMBI EstellaUbuyobozi bw’Itorero rya Pentekote ry’u Rwanda (ADEPR) bwatangaje ko bwambuye inshingano za gishumba ababwirizabutumwa 35 baherereye mu bice bitandukanye by’Igihugu nyuma y’uko bigaragaye ko bahamijwe kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi n’Inkiko Gacaca.
-
Kigali: Mu rwego rwo kunoza imikorere n’imikoranire ibinyamakuru bine byigenga byishyize hamwe
25 April 2019, by UbwanditsiMu rwego rwo kurushaho gukora itangazamakuru kinyamwuga, gukorera neza kandi vuba abafatanyabikorwa, guteza imbere no kumenyekanisha ibikorwa by’ibigo bya Leta n’abikorera, ibinyamakuru Ukwezi.rw, Umuseke.rw, Umuryango.rw na Bwiza.com, byishyize hamwe bitangiza ihuriro rizabifasha gutera indi ntambwe mu mwuga w’itangazamakuru.
-
Justin Trudeau waryohewe n’urukundo yajyanye na Katy Perry muri ‘World Economic Forum’
21 January, by ISIMBI EstellaJustin Trudeau waryohewe n’urukundo yajyanye na Katy Perry muri ‘World Economic Forum’
-
Ntiharamenyekana abari inyuma y’igitero cyagabwe aho abantu basengeraga muri Pakistan kigahitana benshi
7 February, by Angeline MUKANGENZIAbantu 31 bishwe, abandi benshi barakomereka, mu gitero cy’ubwiyahuzi cyabereye mu musigiti w’Abashiya mu murwa mukuru wa Pakistan, Islamabad, mu gihe cy’amasengesho yo kuri uyu wa Gatanu, nk’uko byatangajwe n’abayobozi b’igihugu.
-
Weasel yababariye umugore we wari umwivuganye
9 September 2025, by Brenda MIZEROUmuhanzi w’Umunya-Uganda Weasel Manizo yatangaje ko yababariye umugore we Sandra Teta nyuma y’impanuka yabaye mu kwezi gushize, yamusigiye imvune yamuviriyemo no kubagwa.
-
Musanze : Umuturage yasanze bararitse insina ze mu mirima igera kuri ine
3 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuNsengiyumva Justin wo mu Murenge wa Nkotsi, Akagari ka Mubago, Umudugudu wa Buhamo, Akarere ka Musanze, avuga ko ababajwe no kuba yarabyutse agasanga insina ze yari yarateye mu mirima igera kuri ine nk’umushinga yari yarateguye bazararitse, ibintu avuga ko ari igihombo kinini kuri we.
-
Abakorera ingendo muri Uganda mu gihe cy’amatora basabwe kwigengesera
13 January, by ISIMBI EstellaIbiro bishinzwe Ububanyi n’Amahanga, Commonwealth n’Iterambere mu Bwongereza, FCDO, bwaburiye abakorera ingendo muri Uganda, bubasaba kwigengesera by’umwihariko mu gihe igihugu kiri mu myiteguro y’amatora y’Umukuru w’Igihugu n’ay’Abadepite.
Umuryango.rw
AFC/M23 ihanganiye na Wazalendo mu bice bitandukanye
Amarushanwa ya Youth Connekt 2025 yatangiye
ADEPR yahagaritse abavugabutumwa 35 bahamijwe ibyaha bya Jenoside
Kigali: Mu rwego rwo kunoza imikorere n’imikoranire ibinyamakuru bine byigenga byishyize hamwe
Justin Trudeau waryohewe n’urukundo yajyanye na Katy Perry muri ‘World Economic Forum’
Weasel yababariye umugore we wari umwivuganye
Musanze : Umuturage yasanze bararitse insina ze mu mirima igera kuri ine
Abakorera ingendo muri Uganda mu gihe cy’amatora basabwe kwigengesera