Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubumenyi bw’Ikirere (Meteo Rwanda) cyatangaje ko imvura yaguye mu Mpeshyi yatewe n’itsinda ry’imiyaga risanzwe rizenguruka Isi ryageze hejuru y’inyajya y’u Buhinde rikongera ubuhehere ari nabwo bwabyaye imvura n’ubukonje mu ntangiriro za Nyakanga.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Imvura yo mu Mpeshyi yatewe n’itsinda ry’imiyaga ryageze hejuru y’inyanja y’u Buhinde
22 July 2025, by Joseph Iradukunda -
Mangwende yagarutse mu kibuga nyuma y’amezi umunani adakina
13 August 2025, by ISIMBI EstellaImanishimwe Emmanuel ‘Mangwende’ ukinira AEL Limassol yo mu Cyiciro cya Mbere muri Chypre n’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, yasubiye mu kibuga nyuma y’amezi umunani yaragize imvune mu ivi.
-
Karasira Aimable arakomeza gufungwa mu ‘kumubuza gukora ibyaha’
27 July 2021, by Dusingizimana RemyUrukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge rwategetse ko Aimable Karasira afungwa by’agateganyo iminsi 30 ategereje kuburanishwa mu mizi.
Umucamanza yavuze ko kumufunga ari bwo buryo bwonyine bwo kumubuza gukomeza gukora ibyaha.
Nyuma y’uko abamwunganira basabye ko arekurwa akajya kuvurwa uburwayi bwo mu mutwe, umucamanza yavuze ko Karasira aregwa ibyaha bikomeye kandi nta cyerekana ko yabikoze adatekereza neza.
Karasira ugiye kumara amezi abiri afunze aregwa ibyaha bine birimo "guhakana no (…) -
Perezida Kiir yirukanye ba visi perezida 2 n’ukuriye umutekano
11 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMu ijoro ryo ku wa Mbere, rishyira kuri uyu wa Kabiri, Perezida wa Sudani y’Epfo, Salva Kiir Mayardit, yirukanye ba Visi Perezida James Wani Igga na Hussein Abdelbagi, hamwe n’umuyobozi w’ikigo cy’igihugu gishinzwe umutekano, Akech Tong Aleu, mu iteka rya perezida ryasomewe kuri radio na televiziyo by’igihugu.
-
Judith watandukanye na Safi Madiba aritegura kubyara uwa kabiri
6 October 2025, by ISIMBI EstellaNiyonizera Judith wamenyekanye mu myidagaduro yo mu Rwanda kubera umubano yahozemo n’umuhanzi Safi yagaragaje ko yitegura kubyara umwana wa kabiri.
-
Abapolisi b’u Rwanda 180 bari mu butumwa muri Centrafrica bambitswe imidali
17 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuAbapolisi b’u Rwanda 180 bari mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kubungabunga amahoro muri Repubulika ya Centrafrica (MINUSCA), kuwa Kabiri itariki ya 15 Ukwakira 2024, bambitswe imidali y’ishimwe ku kazi bakoze kajyanye n’ubutumwa bw’uwo muryango.
-
Igikomo cy’ikoranabuhanga cyari cyarambitswe Nicolas Sarkozy yagikuweho
16 May 2025, by Angeline MUKANGENZIInzego z’ubuyobozi mu Bufaransa zafashe icyemezo cyo kudohorera Nicolas Sarkozy wahoze ayobora icyo gihugu agakurwaho igkomo cy’ikoranabuhanga yari yambitswe kubera ibyaha bya ruswa yahamijwe.
-
Urukiko rwa Paris rwateye utwatsi ubusabe bwa Agathe Kanziga udashaka gukurikiranwa ku byaha bya Jenoside
30 August 2021, by Dusingizimana RemyKu gicamunsi cyo kuri uyu wa mbere Urukiko rw’ubujurire rwa Pasis rwateye utwatsi ubusabe bwa Agathe Kanziga Habyarimana w’imyaka 78 umugore w’uwahoze ari Perezida w’u Rwanda Juvenal Habyarimana,ku ruhare ashinjwa rwa Jenoside yakorewe Abatutsi 1994 yahitanye abarenga 1.000.000.
Kanziga amaze imyaka irenga 20 mu gihungu cy’ubufaransa atuye mu nkengero z’umujyi wa Paris.
Agathe Kanziga Habyarimana n’umwe mu bacuramugambi wo kurimbura Abatutsi n’umwe kandi mu bari bagize ikiswe AKAZU. (…) -
U Rwanda na Misiri mu biganiro by’ubufatanye mu by’amazi
30 January, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri ushinzwe umutungo w’amazi n’ibikorwa byo kuhira mu Misiri, Prof. Hani Sewilam, ari mu Rwanda mu biganiro bigamije guteza imbere ubufatanye mu by’amazi.
-
Hezbollah yashyizeho umuyobozi mushya usimbura Hassan Nasrallah wishwe
29 October 2024, by Joseph IradukundaUmutwe urwanya ubutegetsi bwa Israel ariko ukorera muri Liban, watangaje ko wamaze gushyiraho umuyobozi wawo mushya usimbura Hassan Nasrallah uherutse guhitanwa n’ubutasi bwa Israel
Umuryango.rw
Imvura yo mu Mpeshyi yatewe n’itsinda ry’imiyaga ryageze hejuru y’inyanja y’u Buhinde
Mangwende yagarutse mu kibuga nyuma y’amezi umunani adakina
Karasira Aimable arakomeza gufungwa mu ‘kumubuza gukora ibyaha’
Perezida Kiir yirukanye ba visi perezida 2 n’ukuriye umutekano
Judith watandukanye na Safi Madiba aritegura kubyara uwa kabiri
Abapolisi b’u Rwanda 180 bari mu butumwa muri Centrafrica bambitswe imidali
Igikomo cy’ikoranabuhanga cyari cyarambitswe Nicolas Sarkozy yagikuweho
Urukiko rwa Paris rwateye utwatsi ubusabe bwa Agathe Kanziga udashaka gukurikiranwa ku byaha bya Jenoside
U Rwanda na Misiri mu biganiro by’ubufatanye mu by’amazi
Hezbollah yashyizeho umuyobozi mushya usimbura Hassan Nasrallah wishwe