Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko Vladimir Putin w’u Burusiya na Volodymyr Zelensky wa Ukraine biteguye kugirana amasezerano y’amahoro yo guhagarika intambara.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Putin na Zelensky biteguye kumvikana
5 April 2025, by Angeline MUKANGENZI -
Kenya yahawe impano ya kajugujugu z’intambara
20 July 2024, by ISHIMWE Jean de DieuKenya yamaze kwakira icyiciro cya mbere cya kajugujugu z’intambara Leta Zunze Ubumwe za Amerika zemeye kuyiha, ubwo Perezida William Ruto yazisuraga mu mezi make ashize.
-
Abepisikopi Gatolika mu Rwanda bashimangiye ko gukuramo inda ku bushake ari icyaha
22 December 2024, by Joseph IradukundaAbepisikopi Gatolika mu Rwanda bongeye kugaragaza ko badashyigikiye itegeko ryemerera abantu gukuramo inda kandi ko ubusambanyi no kunywa imiti ibuza gusama bunyuranyije n’inyigisho zayo, bityo nta vuriro ryayo na rimwe ryemerewe gutanga iyo serivisi.
-
Umuti kuri bisi zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange i Kigali zitinda zitegereje kuzura
2 August 2025, by ISIMBI EstellaUbwanditsi: Ibikubiye muri iyi nyandiko ni ibitekerezo by’impuguke mu gutwara abantu n’ibintu akaba anabifitemo Impamyabumenyi y’Ikirenga, Dr. Ndaruhutse Jean Claude. Asanga kugira ngo gutwara abantu mu buryo bwa rusange bigende neza muri Kigali, hakenewe ko biva mu maboko y’abikorera bigakorwa n’Ikigo cya leta.
-
Uko Isi yiriwe tariki 29 Kamena 2018
29 June 2018, by Nsanzimana ErnestMu nshamake y’ uko Isi yiriwe none tariki 29 Kamena 2018 harimo impanuka ikomeye yabereye muri Nigeria, raporo ya Loni, ayo mu Rwanda y’ ayo mu karere u rwanda rurimo.
-
Perezida Macron mu bwoba bw’impinduka zishobora guterwa na Trump
22 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yahamagariye ibihugu by’i Burayi kwiyubaka no kongera ingengo y’imari igenerwa igisirikare, mu rwego rwo kugabanya uburyo byishingikiriza kuri Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu bijyanye n’umutekano, kuko hashobora kuba impinduka zikomeye zizaterwa n’ubutegetsi bwa Perezida Donald Trump.
-
U Burusiya bwahinduye umuyonga Umujyi munini wa kabiri muri Ukraine
7 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuNibura abantu batatu bamaze gupfa, abandi 17 barakomereka mu gitero gikomeye cya drone u Burusiya bwagabye ku mujyi wa kabiri munini wa Ukraine, Kharkiv.
-
Umuraperi Travis Scott yajyanywe mu nkiko
18 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuraperi Jacques Webster II uzwi nka Travis Scott yarezwe n’umugabo umushinja we n’itsinda rimucungira umutekano kumukubita no kumukomeretsa.
Omar Muhanna uri kurega Travis Scott avuga ko urugomo yakorewe rwamuviriyemo ubumuga bwa burundu.
Asobanura ko ibi byabaye tariki ya 17 Kanama mu mwaka wa 2024 muri Manhattan.
Uyu mugabo avuga ko yari hanze yaho uyu muraperi yari yakoreye igitaramo, ubwo umwe mu barinzi ba Travis Scott yamusagariraga hafi kumukomeretsa.
Mu b’indi Omar uri (…) -
Israel na Hezbollah byemeranyije agahenge
26 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuBiravugwa ko Israel yaba yemeranyije n’umutwe wa Hezbollah guhagarika intambara, nyuma y’amezi impande zombi zihanganiye muri Liban.
-
U Rwanda na Brésil byasinyanye amasezerano y’ubufatanye mu buhinzi
29 July 2025, by ISIMBI EstellaUbufatanye mu bijyanye n’ubuhinzi n’ubworozi ni bimwe mu bikubiye mu masezerano u Rwanda rwasinyanye na Brésil, ubwo ibi bihugu byombi byahuriraga mu Nama y’Umuryango w’Abibumbye yiga ku biribwa iri kubera i Addis Ababa muri Ethiopia.
Umuryango.rw
Putin na Zelensky biteguye kumvikana
Kenya yahawe impano ya kajugujugu z’intambara
Abepisikopi Gatolika mu Rwanda bashimangiye ko gukuramo inda ku bushake ari icyaha
Umuti kuri bisi zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange i Kigali zitinda zitegereje kuzura
Perezida Macron mu bwoba bw’impinduka zishobora guterwa na Trump
U Burusiya bwahinduye umuyonga Umujyi munini wa kabiri muri Ukraine
Umuraperi Travis Scott yajyanywe mu nkiko
Israel na Hezbollah byemeranyije agahenge
U Rwanda na Brésil byasinyanye amasezerano y’ubufatanye mu buhinzi