Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi, yongeye kwikoma u Rwanda arushinja kugira uruhare mu bitero by’iterabwoba avuga ko bigabwa ku gihugu cye.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Ndayishimiye yongeye gushinja u Rwanda iterabwoba
9 December 2024, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Weasel yatomoye Teta Sandra
4 November 2025, by ISIMBI EstellaMu gihe Teta Sandra yizihiza isabukuru y’amavuko, umugabo we Weasel yongeye kumutera imitoma amwibutsa urwo amukunda ndetse n’uko yamubereye umugisha mu buzima bwe.
-
Kenya: Hatangiye iperereza ku ishimutwa ry’umunyapolitiki Dr. Kizza Besigye
23 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuKenya yatangaje ko yatangiye gukora iperereza ku munyapolitiki, Dr. Kizza Besigye utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda uburyo yashimutiwe muri icyo gihugu.
-
Leta igiye kujya iha ababyeyi $1,500 ku mwana mu kuzamura imbyaro
29 July 2025, by Joseph IradukundaAbabyeyi mu Bushinwa bagiye kujya bahabwa 3,600 yuan (ni 500$ cyangwa arenga 700,000Frw) ku mwaka kuri buri mwana uri munsi y’imyaka itatu mu muhate mushya wa leta wo gushishikariza abantu kubyara.
-
Iran yohereje drones zirenga 100 muri Israel nyuma yo kwicirwa abasirikare bakuru
13 June 2025, by ISIMBI EstellaIran yagabye igitero gikomeye muri Israel nyuma yo kwicirwa abasirikare bakuru barimo Umugaba Mukuru w’Ingabo, Umuyobozi w’Umutwe w’Ingabo zidasanzwe n’abahanga mu bya nucléaire.
-
Iyi nyubako twayubakiye kugira ngo ibihangange by’u Rwanda bibashe kuhitoreza no kuhatsindira-Perezida Kagame afungura Kigali Arena
9 August 2019, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Gatanu taliki ya 08 Kanama 2019 nibwo Nyakubahwa perezida Kagame yafunguye ku mugaragaro inyubako ya Kigali Arena yubatswe mu mezi atandatu na Kompanyi y’ubwubatsi ya SUMMA y’Abanya Turkia ndetse ikaba iri mu ma stade mezi cyane muri Afurika.
-
Kigali: Station eshatu za Engen zafunzwe burundu
14 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuSosiyete icuruza ibikomoka kuri peteroli, Engen yatangaje ko yafunze burundu station eshatu mu Mujyi wa Kigali.
-
U Bufaransa: Meya yasabye ko umurambo wa Zigiranyirazo usubizwa muri Niger
10 September 2025, by ISIMBI EstellaMeya w’Akarere ka Orléans mu Bufaransa, Serge Grouard, yasabye ko umurambo wa Protais Zigiranyirazo wakurikiranyweho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 wasubizwa muri Niger.
-
Open AI na Amerika mu bufatanye buteza imbere ikoranabuhanga mu bya gisirikare
28 February, by Angeline MUKANGENZIUmuyobozi Mukuru wa Open AI, Sam Altman, yatangaje ko yagiranye amasezerano na Minisiteri y’Intambara ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yo gukoresha ikoranabuhanga ry’ubwenge buhangano ryahanzwe y’iyi sosiyete mu bikorwa bya gisirikare.
-
Musanze: Yatawe muri yombi akekwaho gusambanya umukobwa we w’imyaka 14
14 June 2025, by ISIMBI Estellamugabo wo mu Karere ka Musanze, mu Murenge wa Kimonyi witwa Karekezi Olivier yatawe muri yombi akekwaho gusambanya umwana w’umukobwa yibyariye w’imyaka 14 y’amavuko.
Umuryango.rw
Ndayishimiye yongeye gushinja u Rwanda iterabwoba
Weasel yatomoye Teta Sandra
Kenya: Hatangiye iperereza ku ishimutwa ry’umunyapolitiki Dr. Kizza Besigye
Leta igiye kujya iha ababyeyi $1,500 ku mwana mu kuzamura imbyaro
Iran yohereje drones zirenga 100 muri Israel nyuma yo kwicirwa abasirikare bakuru
Kigali: Station eshatu za Engen zafunzwe burundu
U Bufaransa: Meya yasabye ko umurambo wa Zigiranyirazo usubizwa muri Niger
Open AI na Amerika mu bufatanye buteza imbere ikoranabuhanga mu bya gisirikare
Musanze: Yatawe muri yombi akekwaho gusambanya umukobwa we w’imyaka 14