Inkuru ikomeje gukwirakwira ku mbuga nkoranyambaga ni ishamikiye ku magambo Lt. Gen. Muhoozi Kainerugaba, umuhungu wa Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni, yanyujije ku mbuga nkoranyambaga yihaniza abari muri Uganda bose barwanya Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame.
Muri ubwo butumwa yanditse ku rukuta rwa Twitter ahagana saa 18:54 ku Cyumweru taliki ya 16 Mutarama 2022, bwari buherekejwe n’amafoto ya Perezida Kagame, Gen Muhoozi yagize ati: “Uyu ni marume Afande Paul (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Abantu bifuje ikintu gikomeye nyuma y’aho umuhungu wa Museveni yise perezida Kagame nyirarume
17 January 2022, by Dusingizimana Remy -
Chelsea yatangiye neza Igikombe cy’Isi cy’Amakipe
17 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuChelsea yatsinze Los Angeles FC ibitego 2-0 mu mukino wa mbere wo mu Itsinda D mu Gikombe cy’Isi cy’Amakipe.
-
Ngoma: Niyotwagira wahereye ku nka imwe, ubu agemura litiro 100 ku munsi
7 February, by Angeline MUKANGENZINiyotwagira Jean Damascène, umuturage wo mu Karere ka Ngoma mu Ntara y’Iburasirazuba, avuga ko nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi nta kintu yari afite iwe mu rugo. Mu rugendo rw’ubuzima bwe, ahamya ko yahereye ku nka imwe, ubu agemura Litiro 100 ku munsi.
-
Gashayija yageze ku nzozi zo kuzengeruka u Rwanda ari kuri moto [AMAFOTO]
2 October 2018, by Nsanzimana ErnestUmunyarwanda Gashayija Patrick uzwi nk’umunyarwenya witwa Ziiro The Hero, yasoje urugendo rwo kuzenguruka imirenge yose igize u Rwanda yamazemo iminsi 122 agenda na moto, mu rugendo yise urw’amahoro “Peace Trip” aho yagendaga atanga ubutumwa bunyuranye bwubaka umuryango nyarwanda.
-
Stade Amahoro igiye kwakira imikino ya mbere ya Athlètisme kuva ivuguruwe
22 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuAbakinnyi bagera kuri 1117 bazitabira Shampiyona y’Igihugu y’Imikino Ngororamubiri izabera muri Amahoro Stadium ku wa Gatandatu, tariki ya 23 Ugushyingo 2024.
-
RDC: Mu ijwi riranguruye Abajepe basabye Perezida Tshisekedi kubaha intwaro bagatera u Rwanda
24 June 2022, by Dusingizimana RemyAbarinda Perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya Demokarasi ya Kongo bamusabye ko yabaha intwaro bakaza mu Rwanda kurangiza intambara yabananiriye ku butaka bwabo.
Babitangaje kuri uyu wa Gatanu mu myiyereko bakoreye mu mihanda ya Kinshasa, bagamije kwerekana ko biteguye kurwana intambara igisirikare kimaze iminsi gihanganyemo n’umutwe wa M23.
Uwashyize amashusho yabo kuri Twitter yagize ati "Urugendo rwo kwihangana rwa bamwe mu bagize ingabo za congo i Kinshasa kuri uyu wa (…) -
Trump ashobora kohereza abimukira mu bihugu birimo u Rwanda
17 November 2024, by Joseph IradukundaItsinda rya Perezida Trump riri kwiga ku buryo bwo kohereza abimukira bari muri Amerika mu buryo bunyuranyije n’amategeko mu bihugu birimo u Rwanda.
-
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yatangije agace ka 8 Tour du Rwanda
27 February 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Paul Kagame niwe watangije agace ka nyuma ka Tour du Rwanda 2022 katangiriye kuri Canal Olympia ndetse niho kanasorezwa kuko abakinnyi 68 bagiye kuzenguruka umujyi wa Kigali.
Muri iki gitondo, nibwo Perezida Kagame yageze kuri Canal Olympia i Rebero, atangiza agace ka nyuma k’irushanwa rya Tour du Rwanda riri kuba ku nshuro ya 14.
Iri rushanwa rikomeye muri Afurika,abasiganwa barakora ibirometero 75.3 bambuka Umujyi wa Kigali.
Perezida Kagame yageze ikirenge mu cya Emmanuel (…) -
Gen. Muhoozi yemeje ko Uganda igiye kubaka inyubako ya Arena, nyuma y’icyifuzo cya Azawi
26 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko hagiye gutangira umushinga wo kubaka inyubako y’imyidagaduro izwi nka Arena iherereye ahazwi nka Lugogo Cricket Oval, mu Mujyi wa Kampala
-
RD Congo: FARDC yemeje ko yakubise inshuro inyeshyamba zirimo FDLR
12 April 2021, by Dusingizimana RemyIngabo za leta ya DR Congo zafashe uduce twose twari twigaruriwe n’inyeshyamba zishyize hamwe muri teritwari ya Masisi mu ntara ya Kivu ya ruguru, nk’uko umuvugizi w’ingabo abivuga.
Umuryango.rw
Abantu bifuje ikintu gikomeye nyuma y’aho umuhungu wa Museveni yise perezida Kagame nyirarume
Chelsea yatangiye neza Igikombe cy’Isi cy’Amakipe
Ngoma: Niyotwagira wahereye ku nka imwe, ubu agemura litiro 100 ku munsi
Stade Amahoro igiye kwakira imikino ya mbere ya Athlètisme kuva ivuguruwe
RDC: Mu ijwi riranguruye Abajepe basabye Perezida Tshisekedi kubaha intwaro bagatera u Rwanda
Trump ashobora kohereza abimukira mu bihugu birimo u Rwanda
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yatangije agace ka 8 Tour du Rwanda
Gen. Muhoozi yemeje ko Uganda igiye kubaka inyubako ya Arena, nyuma y’icyifuzo cya Azawi