Umutwe w’abadepite mu Nteko Ishinga Amategeko ya Kenya, ku wa Kabiri watoye umwanzuro ushyigikira ko Visi-Perezida w’iki gihugu, Rigathi Gachagua yeguzwa.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Kenya: Visi-Perezida uherutse gutakambira Perezida Ruto byarangiye yegujwe
9 October 2024, by Joseph Iradukunda -
RED Tabara yahakanye gukorana n’u Rwanda, M23 no kugerageza coup d’état mu Burundi
29 January, by ISIMBI EstellaUmutwe witwaje intwaro wa RED Tabara wanyomoje Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, wawushinje gukorana na Leta y’u Rwanda, ihuriro AFC/M23 no kugerageza gukuraho ubutegetsi bwa Pierre Nkurunziza muri Gicurasi 2015.
-
Umukuru w’Ingabo za RSF Arashinja Misiri Kurasa ku Ngabo ze
10 October 2024, by Joseph IradukundaMuri Sudani, umuyobozi w’umutwe witwara gisirikare wa Rapid Support Forces, RSF, Mohamed Hamdan Dagalo, ejo kuwa gatatu yashinje igihugu cya Misiri kuba cyaragize uruhare mu bitero by’indege ku birindiro by’uyu mutwe. Yabivuze muri videwo yafashwe kuri uyu wa gatatu.
Dagalo yanashinje Misiri gutanga imyitozo ya gisirikare no guha za drone abasilikare ba Sudani mu gihe iki gihugu gikomeje kwibasirwa n’intambara hagati z’izi ngabo na RSF.
Hagati aha kandi, uyu muyobozi wa RSF, uzwi (…) -
Dore Ahantu 10 hafite ibyago byo kwibasirwa n’ibiza hashyizweho ijisho mu karere ka Rusizi
9 May 2025, by Joseph IradukundaUbuyobozi bw’Akarere ka Rusizi bwatangaje ko mu rwego rwo kwirinda ingaruka z’ibiza bwakoze ubusesenguzi bumenya ahantu 10 hafite ibyago byinshi, hashyirwa abantu bahoraho bashinzwe gutanga amakuru y’uko aho hantu hifashe.
-
SADC yemeje ko ingabo zayo ziri kuva muri RDC
2 May 2025, by Joseph IradukundaUmuryango wa Afurika y’Amajyepfo (SADC) wemeje ko ingabo zawo zari zimaze umwaka n’igice mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ziri gutaha, zinyuze mu Rwanda.
-
Bill Clinton n’umugore we bahamagajwe n’Inteko kubera umubano bari bafitanye na Epstein
6 August 2025, by ISIMBI EstellaKomisiyo yo mu Nteko Ishinga Amategeko muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yahawe inshingano zo gukora iperereza ku kibazo cya Jeffrey Epstein washinjwe gusambanya abagore n’abakobwa no kubacuruza, yahamagaje Bill Clinton wayoboye iki gihugu n’umugore we, Hillary Clinton, kugira ngo bisobanure bijyanye n’umubano bari bafitanye n’uyu mugabo.
-
Audia Intore yambitswe impeta n’ umukunzi we bitegura kurushinga
7 February 2025, by ISIMBI EstellaUmuhanzikazi Audia Intore uri mu bakora umuziki gakondo, yambitswe impeta n’umunyamakuru wa Inyarwanda, Niyonsenga Cyiza Kelly uzwi nka The Cyiza.
-
Omar al-Bashir wabaye Perezida wa Sudani ararembye
26 September 2024, by Joseph IradukundaOmar al-Bashir, wayoboye Sudani imyaka 30 mbere yo guhirikwa ku butegetsi, akanatabwa muri yombi n’ubuyobozi bwa gisirikare, yajyanywe mu bitaro nyuma y’uko ubuzima bwe butameze neza.
-
Leta y’u Rwanda irasabira FDLR kuryozwa inka iherutse kurasa
9 May 2023, by Rebecca UFITAMAHOROUmuvugizi wa guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, arasaba ko abarwanyi ba FDLR n’indi mitwe yitwaje intwaro ikorera muri Repubulika ya demukarasi ya Congo baherutse kugaragara barasa inka bagezwa mu butabera.
Tariki ya 2 Gicurasi 2023, ku mbuga nkoranyambaga hagaragaye amashusho yumvikanamo abavuga Ikinyarwanda barasa inka. M23 ivuga ko byakorewe n’abarwanyi barimo aba FDLR mu muhanda wa Kalengela-Tongo muri teritwari ya Masisi, kandi ko hishwe izirenga 200, izindi zirakomereka. (…) -
Tshisekedi yongeye gushinja Kabila gufasha M23
15 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yongeye gutangaza ko Joseph Kabila wamubanjirije ku butegetsi afasha umutwe witwaje intwaro wa M23.
Umuryango.rw
Kenya: Visi-Perezida uherutse gutakambira Perezida Ruto byarangiye yegujwe
RED Tabara yahakanye gukorana n’u Rwanda, M23 no kugerageza coup d’état mu Burundi
Umukuru w’Ingabo za RSF Arashinja Misiri Kurasa ku Ngabo ze
Dore Ahantu 10 hafite ibyago byo kwibasirwa n’ibiza hashyizweho ijisho mu karere ka Rusizi
SADC yemeje ko ingabo zayo ziri kuva muri RDC
Bill Clinton n’umugore we bahamagajwe n’Inteko kubera umubano bari bafitanye na Epstein
Audia Intore yambitswe impeta n’ umukunzi we bitegura kurushinga
Omar al-Bashir wabaye Perezida wa Sudani ararembye
Leta y’u Rwanda irasabira FDLR kuryozwa inka iherutse kurasa
Tshisekedi yongeye gushinja Kabila gufasha M23