Ubuyobozi bw’Inama y’Igihugu y’Abantu Bafite Ubumuga (NCPD) bwatangaje ko mu mibare y’ibanze y’ubushakashatsi ku bantu bafite ubumuga yagaragaje ko mu Rwanda habarurwa abangana na 562 184.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Abantu bafite ubumuga mu Rwanda barasaga ibihumbi 560
6 June 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Ukraine isumbirijwe n’ibitero iri kunyuzamo ikivuna umwanzi wayo Uburusiya
6 January 2025, by Joseph IradukundaMinisiteri y’ingabo z’Uburusiya ivuga ko Ukraine yagabye igitero cyo gusubiza inyuma ingabo z’Uburusiya mu karere ka Kursk ko mu Burusiya.
-
Amb. Hategekimana yasuye APR BBC yitegura imikino ya nyuma ya BAL 2025 (Amafoto)
5 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAmbasaderi w’u Rwanda muri Afurika y’Epfo Emanuel Hategeka, yasuye Ikipe ya APR BBC yitabiriye imikino ya nyuma y’irushanwa rya Basketball Africa League (BAL 2025), izatangira ku wa Gatanu tariki ya 6 kugeza ku wa 14 Kamena 2025.
-
RDC: Umutwe witwaje intwaro wa CODECO wishe abaturage 10 mu miryango ibiri
18 September 2024, by Joseph IradukundaUmutwe witwaje intwaro wa CODECO ukomeje guhitana ubuzima bw’abaturage mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aho kuri uyu wa kabiri washinjijwe guhitana ubuzima bw’abasivili 10 mu gitero wagabye mu mudugudu umwe wo mu Ntara ya Ituri.
-
FARDC n’Ingabo z’u Burundi bari kwisuganya ngo batere M23
26 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmutwe wa M23 watangaje ko Ihuriro ry’Ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo rikomeje kwisuganya, kugira ngo riwugabeho ibitero.
-
Yambwiye ko ari njye wari uyikwiriye- Trump avuga kuri Machado wamutwaye Prix Nobel
12 October 2025, by ISIMBI EstellaPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump, yatangaje ko yaganiriye na María Corina Machado, uherutse guhabwa igihembo cy’Amahoro cyitiriwe Nobel, uyu mugore ahamya ko Trump ari we wari ugikwiriye.
-
Imyiteguro ya BAL 2025: APR BBC yatangiye umwiherero ifite intego yo guhatana ku rwego rwo Hejuru
15 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIkipe ya APR Basketball Club igiye guhagararira u Rwanda mu irushanwa rikomeye rya Basketball Africa League (BAL) 2025, yamaze gutangira umwiherero mu rwego rwo kwitegura neza amarushanwa ategerejwe
-
Ingabo za SAMIDRC zatashye zinyuze mu Rwanda
12 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIngabo zari mu butumwa bw’Umuryango wa Afurika y’Amajyepfo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (SAMIDRC) zatashye kuri uyu wa 12 Kamena 2025, zinyuze mu Rwanda.
-
Hari inzu nziza igurishwa iri mu Kagarama// Hari n’izindi nyinshi wasanga ku rubuga www.mdgrou.com
16 December 2019, by UbwanditsiMulti Design Group Ltd ibafiteye inzu nziza iherereye mu Karere ka Kicukiro mu Kagarama muri metero makumyabiri (20 metre) uvuye ku muhanda bari gushyiramo kaburimbo ahantu heza cyane.
Iyi nzu ifite ubuso bwa metero kare igihumbi n’ijana na makumyabiri (1120 m2 ) igizwe n’ibyumba byo kuraramo 6, douche 3, saloon, aho kurira(Dinner room) , igikoni kiza mu nzu ,stock, ikaba ifite n’amabaraza abiri imbere n’inyuma aho mwicara mufata akayaga.
Ifite kandi ubusitani bunini bwakwakira abantu (…) -
Isiraheli yishe byibuze 21 mu gitero cyagabwe mu mujyi wa gikirisitu uherereye mu majyaruguru ya Libani
15 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuIsiraheli yishe byibuze 21 mu gitero cyagabwe mu mujyi wa gikirisitu uherereye mu majyaruguru ya Libani
Umuryango.rw
Abantu bafite ubumuga mu Rwanda barasaga ibihumbi 560
Ukraine isumbirijwe n’ibitero iri kunyuzamo ikivuna umwanzi wayo Uburusiya
Amb. Hategekimana yasuye APR BBC yitegura imikino ya nyuma ya BAL 2025 (Amafoto)
RDC: Umutwe witwaje intwaro wa CODECO wishe abaturage 10 mu miryango ibiri
FARDC n’Ingabo z’u Burundi bari kwisuganya ngo batere M23
Yambwiye ko ari njye wari uyikwiriye- Trump avuga kuri Machado wamutwaye Prix Nobel
Imyiteguro ya BAL 2025: APR BBC yatangiye umwiherero ifite intego yo guhatana ku rwego rwo Hejuru
Ingabo za SAMIDRC zatashye zinyuze mu Rwanda
Isiraheli yishe byibuze 21 mu gitero cyagabwe mu mujyi wa gikirisitu uherereye mu majyaruguru ya Libani