Imibiri isaga 100 y’abishwe muri Jenoside yakorewe abatutsi muri 1994 ni yo imaze kuboneka mu byobo byamenyekanye ko byajugunywemo abantu mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi mu Kagari ka Kivugiza, Umurenge Nyamirambo mu Karere ka Nyarugenge.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Nyarugenge: Imibiri isaga 100 y’abishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwayikoze
17 August 2020, by Dusingizimana Remy -
Liverpool yagaritswe: Uko imikino ya UEFA Champions League yagenze
1 October 2025, by ISIMBI EstellaLiverpool yatsinzwe na Galatasaray, Real Madrid, Atletico Madrid na Bayern Munich zitsinda ibitego bitanu mu mikino y’Umunsi wa Kabiri wa UEFA Champions League wakinwe mu ijoro ryo ku wa Kabiri, tariki ya 30 Nzeri 2025.
-
Minsitiri Dr Sabin yongeye kugirirwa icyizere n’Ikigega gishinzwe gukumira ibyorezo
12 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Ubuzima mu Rwanda, Dr Sabin Nsanzimana yongeye kugirirwa icyizere, aho yongeye gutorwa nk’umwe mu bayobozi b’Inama y’Ubutegetsi y’Ikigega gitera inkunga imishinga yo kurwanya Indwara z’Ibyorezo ku Isi cyitwa Pandemic Fund.
-
Mu Rwanda hamuritswe drones zitwara abantu (Amafoto)
3 September 2025, by ISIMBI EstellaMu Rwanda hamuritswe indege zitagira abapilote (drones) zitwara abantu, biba ubwa mbere bikozwe muri Afurika.
-
Jose Chameleone utegerejwe i Kigali, yajyanywe mu bitaro igitaraganya
14 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuAbakunzi b’umuziki muri Uganda bahangayikishijwe bikomeye n’ubuzima bwa Jose Chameleone uri mu bahanzi bakomeye muri icyo gihugu, ukomeje kugaragaza intege nke z’umubiri cyane ko amaze iminsi yisanga mu bitaro bya hato na hato.
-
KWIBUKA31: Abari mu butumwa bwo kubungabunga amahoro bibutse Jenoside yakorewe Abatutsi
9 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbapolisi n’ingabo z’u Rwanda bari mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kubungabunga amahoro muri Repubulika ya Santrafurika (MINUSCA) na Sudani y’Epfo (UNMISS), ku wa Mbere tariki ya 7 Mata, bafatanyije n’abandi banyarwanda, abakozi b’Umuryango w’Abibumbye bakomoka mu bindi bihugu n’isi yose, kwibuka ku nshuro ya 31, Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
-
Kenya:Gachagua yahishuye ko abo muri Guverinoma bagerageje kumuroga kabiri
21 October 2024, by Joseph IradukundaRigathi Gachagua uheruka kweguzwa ku nshingano ze nka Visi-Perezida wa Kenya, yashinje Perezida William Ruto w’iki gihugu kumukandamiza, ndetse no kugambanira igihango bagiranye muri 2022 ubwo batagiraga kuyobora igihugu.
-
Umugi wa Kigali wibukije Uwihagarika n’unyura ahatemewe acibwa Amande
9 October 2024, by Joseph IradukundaUmujyi wa Kigali watangaje amande acibwa abantu bihagarika ahatarabugenewe ndetse n’abanyura mu nzira zitabugenewe mu busitani buri ahatandukanye mu Mujyi wa Kigali.
-
Umunyekongo aricuza guhungira muri Israel
18 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuTonto Kapula w’imyaka 40 y’amavuko, ni Umunyekongo wahunze iwabo, ahungira muri Israel mu myaka 9 ishize, kubera ibibazo by’umutekano muke byakomeje kuburirwa umuti mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, RDC.
-
Miliyoni 100 Frw zigiye kujya zikoreshwa buri mwaka mu kwigisha ibyerekeye gutegura inama
1 November 2025, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Abakozi ba Leta n’Umurimo, Amb. Nkulikiyinka Christine, yasabye urubyiruko kubyaza umusaruro amahirwe yo kwiga ibijyanye no gutegura inama n’andi mahuriro, aho miliyoni 100 Frw zigiye kujya zishyirwa muri gahunda yo kubibigisha bikozwe na Sosiyete yitwa Cube Communications Rwanda.
Umuryango.rw
Nyarugenge: Imibiri isaga 100 y’abishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwayikoze
Liverpool yagaritswe: Uko imikino ya UEFA Champions League yagenze
Minsitiri Dr Sabin yongeye kugirirwa icyizere n’Ikigega gishinzwe gukumira ibyorezo
Mu Rwanda hamuritswe drones zitwara abantu (Amafoto)
Jose Chameleone utegerejwe i Kigali, yajyanywe mu bitaro igitaraganya
KWIBUKA31: Abari mu butumwa bwo kubungabunga amahoro bibutse Jenoside yakorewe Abatutsi
Kenya:Gachagua yahishuye ko abo muri Guverinoma bagerageje kumuroga kabiri
Umugi wa Kigali wibukije Uwihagarika n’unyura ahatemewe acibwa Amande
Umunyekongo aricuza guhungira muri Israel
Miliyoni 100 Frw zigiye kujya zikoreshwa buri mwaka mu kwigisha ibyerekeye gutegura inama