Umugore wa Alexei Navalny, Yulia Navalny, yongeye kuvuga ko umugabo we yishwe arozwe, ku mategeko yatanzwe na Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Umugore wa Alexei Navalny yongeye gushinja Putin kwicisha umugabo we
18 September 2025, by ISIMBI Estella -
Kiliziya Gatorika yavuze ku guhagarika amasengesho yo kwa Yezu Nyirimpuhwe
20 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuArkiyepiskopi wa Kigali akaba na Perezida w’Inama y’Abepiskopi mu Rwanda, Antoine Cardinal Kambanda, yatangaje ko kuba leta yarafashe icyemezo cyo guhagarika by’agateganyo ibikorwa by’amasengesho abera ahazwi nko ku Ngoro ya Yezu Nyirimpuhwe iherereye mu Karere ka Ruhango, byamutunguye ariko ko icyemezo cyafashwe mu bushishozi.
-
Rusizi:Umurambo w’umusaza wasanzwe mu cyobo mu nzu y’uwo yakoreraga
4 February, by Angeline MUKANGENZIMivumbi Joseph w’imyaka 68 wo mu Murenge wa Nzahaha, Akarere ka Rusizi umuryango we uvuga ko hari hashize amezi 3 waramubuze, umurambo we ukaba wasanzwe mu cyobo kiri muri kimwe mu byumba by’inzu ya Mukasharangabo Théodette nyakwigendera yahoze akorera.
-
Imyitwarire ya Nkaka muri filime yatumye abengwa n’uwo yari agiye gushaka
12 June 2025, by ISIMBI EstellaGakwaya Celestin, wamamaye muri Sinema nyarwanda nka Nkaka yatangaje ko yabenzwe n’umukobwa bari bagiye kurushinga bitewe n’imyitwarire y’umukinnyi aba yahawe (Character), gukina muri filime.
-
Tadej Pogačar yagaragaje inyota yo kwegukana isiganwa mu Rwanda
17 September 2025, by ISIMBI EstellaUmunya-Slovenia, Tadej Pogačar, wegukanye Shampiyona y’Isi y’Amagare iheruka yagaragaje inyoto yo kwisubiza iri siganwa mu gihe azaba ari guhatanira i Kigali.
-
MIFOTRA yikomye ibigo byishyuza abanyeshuri bashaka kwimenyereza akazi
2 September 2024, by Joseph IradukundaMinisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo (MIFOTRA) yakebuye ibigo byiganjemo iby’abikorera bisaba amafaranga abashaka kwimenyereza umwuga (internship), ko bidakwiye ahubwo bakwiye kubumva kuko baba baje gutanga umusanzu n’ibitekerezo.
-
RIB yataye muri yombi Mgr Dr Mugisha uherutse kwirukanwa mu itorero
21 January 2025, by Joseph IradukundaUrwego rw’Ubungenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwataye muri yombi Musenyeri Dr Mugisha Mugiraneza Samuel wahagaritswe n’Itorero ry’Abangilikani mu Rwanda ku buyobozi bwa Diosezi ya Shyira.
-
Leta ya Israel yemeje bidasubirwaho amasezerano y’agahenge muri Gaza n’irekurwa ry’abashimuswe
18 January 2025, by Joseph IradukundaLeta ya Israel yemeje amasezerano mashya hagati yayo na Hamas y’agahenge muri Gaza n’irekurwa ry’abashimuswe, bicira inzira ishyirwa mu bikorwa ryayo ku cyumweru.
-
UMURUTA Gladys yasabye guhindura amazina akitwa EDET Gladys-Umuruta Donald
14 October 2024, by UbwanditsiUwitwa UMURUTA Gladys yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa EDET Gladys-Umuruta Donald mu bitabo by’irangamimerere!
Impamvu asaba guhindura amazina n’izina ry’umuryango…… -
Rusizi: Ubuyobozi bwakebuye imiryango irenga 950 ibanye mu makimbirane
30 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUbuyobozi bw’Akarere ka Rusizi bwasabye abashakanye kujya baganira bagafatira hamwe ibyemezo bireba urugo, mu rwego rwo kwirinda amakimbirane ari mu miryango 952 igatuyemo.
Umuryango.rw
Umugore wa Alexei Navalny yongeye gushinja Putin kwicisha umugabo we
Kiliziya Gatorika yavuze ku guhagarika amasengesho yo kwa Yezu Nyirimpuhwe
Rusizi:Umurambo w’umusaza wasanzwe mu cyobo mu nzu y’uwo yakoreraga
Imyitwarire ya Nkaka muri filime yatumye abengwa n’uwo yari agiye gushaka
Tadej Pogačar yagaragaje inyota yo kwegukana isiganwa mu Rwanda
MIFOTRA yikomye ibigo byishyuza abanyeshuri bashaka kwimenyereza akazi
RIB yataye muri yombi Mgr Dr Mugisha uherutse kwirukanwa mu itorero
Leta ya Israel yemeje bidasubirwaho amasezerano y’agahenge muri Gaza n’irekurwa ry’abashimuswe
Rusizi: Ubuyobozi bwakebuye imiryango irenga 950 ibanye mu makimbirane