Kubera ibibazo by’abasirikare bake ikomeje guhura na byo, Israel yisunze uburyo bwo kwinjiza mu ngabo Abayahudi baba mu mahanga cyane cyane mu Bufaransa no muri Amerika.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Israel igiye gutangirwa kwinjiza mu ngabo Abayahudi baba mu mahanga
22 August 2025, by ISIMBI Estella -
Ibihugu byegereye inyanja ya Pacifique byasabwe kwitegura Tsunami nyuma y’umutingito ukaze mu Burusiya
30 July 2025, by ISIMBI EstellaIbihugu bitandukanye bikora ku nyanja ya Pacifique, byasabwe kwitegura tsunami kubera umutingito uherutse kuba mu burasirazuba bw’u Burusiya.
-
U Rwanda ruzakira inama yiga ku ngufu za Nikeleyeri muri Afurika
26 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbashakashatsi muri siyansi, abayobozi mu nzego nkuru za Guverinoma ndetse n’Abaminisitiri b’Ibikorwa Remezo n’Ingufu ku Mugabane wa Afurika bagiye guhurira i Kigali mu Nama Nyafurika yiga ku mikoreshereze y’Ingufu za Nikeleyeri (Nucléaire).
-
Kigali:Undi mujura yarashwe n’abasirikare ari guhunga nyuma yo gutobora inzu y’abandi
14 March 2019, by Dusingizimana RemyUmusore w’imyaka 30 witwa Niyomugabo Eric yarasiwe mu murenge wa Gisozi, mu kagari ka Ruhango u,mudugudu w’amarembo n’abasirikare ubwo yari amaze gufatwa yatoboye inzu y’abandi agamije kwiba, agahitamo kwiruka.
-
Rurageretse hagati y’uwahoze ari umugore wa Jay Polly na Li John
22 July 2025, by ISIMBI EstellaIbintu bikomeje gufata indi ntera hagati ya Producer Li John na Nirere Afsa uzwi nka Fifi wahoze ari umugore wa Jay Polly bakanabyarana umwana w’umukobwa. Aba bombi bari gupfa indirimbo bivugwa ko uyu muhanzi yasize zitarajya hanze, uyu mugore akavuga ko zanditse ku mukobwa we, Li John akabyamaganira kure.
-
Kayonza: Urujijo mu rupfu rw’umusore w’imyaka 19 wasanzwe mu cyuzi
4 October 2025, by ISIMBI EstellaInzego bireba mu Karere ka Kayonza, zatangiye iperereza ku cyishe umusore w’imyaka 19 wasanzwe mu cyuzi yapfuye, abaturage bagakeka ko yishwe n’abacukuraga amabuye y’agaciro mu buryo butemewe bamushinja kubatangaho amakuru.
-
Minisitiri Amb.Nduhungirehe yavuze ko ibihugu bigize EAC bitafatira umwe mu banyamuryango ibihano
7 February 2019, by Dusingizimana RemyUmunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’amahanga,Amb.Nduhungirehe Olivier yatangaje ko kubera ukuntu umuryango w’ibihugu by’Afurika yunze ubumwe uteye bitashoboka ko abanyamuryango bafatira ibihano igihugu kimwe.
-
Nigeria: Nyuma yo gutsinda imitwe yitwaje intwaro, igisirikare gihanganye n’ibitero bya drones
20 January, by Angeline MUKANGENZIIngabo z’igisirikare cya Nigeria zatangaje ko zatsinze imwe mu mitwe yitwaje intwaro yakoreraga mu birindiro byayo biherereye mu gace ka Timbuktu mu Majyaruguru ashyira Uburasirazuba bwa Nigeria.
-
Amerika yahagaritse visa z’abayobozi ba Palestine
1 August 2025, by ISIMBI EstellaLeta Zunze Ubumwe za Amerika zafatiye ibihano abayobozi bo muri Leta ya Palestine n’umuryango uharanira ubwigenge bwayo, zibashinja kurega Israel mu nzego mpuzamahanga.
-
Muhanga: Umaze imyaka 6 asembera yahawe inzu, ashimira Perezida Kagame
8 October 2025, by ISIMBI EstellaMukanyandwi Marceline arabyinira ku rukoma nyuma yo gukizwa gusembera yari amaze imyaka itandatu kubera ko inzu ye yasenywe n’ibiza mu mwaka wa 2019.
Umuryango.rw
Israel igiye gutangirwa kwinjiza mu ngabo Abayahudi baba mu mahanga
Ibihugu byegereye inyanja ya Pacifique byasabwe kwitegura Tsunami nyuma y’umutingito ukaze mu Burusiya
U Rwanda ruzakira inama yiga ku ngufu za Nikeleyeri muri Afurika
Rurageretse hagati y’uwahoze ari umugore wa Jay Polly na Li John
Kayonza: Urujijo mu rupfu rw’umusore w’imyaka 19 wasanzwe mu cyuzi
Nigeria: Nyuma yo gutsinda imitwe yitwaje intwaro, igisirikare gihanganye n’ibitero bya drones
Amerika yahagaritse visa z’abayobozi ba Palestine
Muhanga: Umaze imyaka 6 asembera yahawe inzu, ashimira Perezida Kagame