Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda, ku wa Kane w’iki cyumweru arateganya guhura na Ambasaderi wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu rwego rwo gushyira iherezo ku mwuka mubi ushingiye kuri dipolomasi Gen Muhoozi Kainerugaba aheruka guteza.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Museveni agiye kunga Umuhungu we Gen Muhoozi na Ambasaderi wa Amerika bashyamiranye
9 October 2024, by Joseph Iradukunda -
Trump yasabye abigaragambya muri Iran kwigarurira inzego za Leta
14 January, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabye Abanya-Iran bakomeje imyigaragambyo kwigarurira inzego za Leta, abizeza ko Amerika iri mu nzira yo kubafasha.
-
Rulindo: Hari abavugako bari gusabwa “Ejo Heza” kugirango bazarye inyama kuri Noheli
24 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuBamwe mu batuye mu Karere ka Rulindo,baravuga ko muri iyi minsi mikuru kubona akaboga biri kubabera isobe,bitewe n’uko nta mabagiro ari muri kano karere,ibi bakaba bavuga ko iyi minsi mikuru bagiye kuyirya nabi,bakanavugako hari abasabwe gutanga Ejo Heza kugirango bemererwe kubaga.
-
Abapolisi b’u Rwanda bitwaye neza mu marushanwa ya ’UAE SWAT Challenge’
6 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuItsinda ry’abapolisi b’u Rwanda rya SWAT [Special Weapons and Tactics] ryitwaye neza mu marushanwa yahuje abapolisi baturutse mu bihugu bitandukanye hirya no hino ku Isi, azwi nka ‘UAE SWAT Challenge 2025’.
-
APR FC yungukiye ku burangare bwa Kiyovu Sports yegukana igikombe cya 20 cya shampiyona
16 June 2022, by Dusingizimana RemyIkipe ya APR FC yatsinze Police FC ibitego 2-0 mu mukino w’umunsi wa nyuma wa shampiyona,yegukana igikombe cya shampiyona ku nshuro ya 3 yikurikiranya ndetse inaba inshuro yayo ya 20 mu myaka 29 imaze ishinzwe.
Nyuma yo gutsindwa na AS Kigali ibitego 2-0 mu mukino uheruka, APR FC yashoboraga gutakaza iki gikombe yungikiye mu burangare bwa Kiyovu Sports yananiwe gutsinda Espoir FC bakanganya 0-0,itwara iki gikombe uyu munsi.
APR FC yasabwaga gutsinda uyu mukino byanze bikunze kuko wari (…) -
Ibitaravuzwe ku ifatwa ry’amashusho y’indirimbo ya Bwiza na The Ben
20 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuBwiza yamaze gushyira hanze amashusho y’indirimbo ye nshya yise ‘Best friend’ aho yayifatanyije na The Ben, gusa umushinga wo kuyikora ntabwo wari woroshye kuko byinshi mu byari byateguwe mu ifatwa ry’amashusho yayo byaje guhinduka ku munota wa nyuma.
-
Nyakwigendera Alain Muku kuri njye yari umubyeyi wampinduriye ubuzima- Gisupusupu
5 April 2025, by Joseph IradukundaNsengiyumva Francois wamenyekanye nka Gisupusupu mu buhanzi, yatangaje ko urupfu rwa Alain Mukuralinda rwamushegeshe kuko yamufataga nk’umubyeyi, wamubereye inkingi ya mwamba mu kumuhindurira ubuzima.
-
Abanyarwanda baba muri Canada bateguye urugendo rwo gusabira ubutabera Erixon Kabera warashwe na polisi
13 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuAbanyarwanda baba muri Canada bateguye urugendo rwo mu mahoro rugamije gusabira ubutabera Erixon Kabera uherutse kwitaba Imana nyuma yo kuraswa na polisi muri icyo gihugu.
-
Hashyizweho komite igenzura ukwihuza kwa BDF na BRD
15 August 2025, by ISIMBI EstellaMinisiteri y’Imari n’Igenamigambi yatangaje ko hashyizweho komite izagenzura ibikorwa byo guhuza Ikigega cy’Iterambere gishinzwe guteza Imbere Imishinga (BDF) na Banki y’Amajyambere y’u Rwanda (BRD).
-
Umunyamakuru Constantin Tuyishimire wa Radio na TV1 yaburiwe irengero
18 July 2019, by Dusingizimana RemyUmunyamakuru witwa Constantin Tuyishimire wakoreraga Radio na TV1 I Gicumbi amaze iminsi 2 aburiwe irengero aho yaba umuryango we,abo bakorana ndetse n’abayobozi be nta n’umwe uzi aho aherereye.
Umuryango.rw
Museveni agiye kunga Umuhungu we Gen Muhoozi na Ambasaderi wa Amerika bashyamiranye
Trump yasabye abigaragambya muri Iran kwigarurira inzego za Leta
Rulindo: Hari abavugako bari gusabwa “Ejo Heza” kugirango bazarye inyama kuri Noheli
Abapolisi b’u Rwanda bitwaye neza mu marushanwa ya ’UAE SWAT Challenge’
APR FC yungukiye ku burangare bwa Kiyovu Sports yegukana igikombe cya 20 cya shampiyona
Ibitaravuzwe ku ifatwa ry’amashusho y’indirimbo ya Bwiza na The Ben
Nyakwigendera Alain Muku kuri njye yari umubyeyi wampinduriye ubuzima- Gisupusupu
Abanyarwanda baba muri Canada bateguye urugendo rwo gusabira ubutabera Erixon Kabera warashwe na polisi
Hashyizweho komite igenzura ukwihuza kwa BDF na BRD