Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni, yavuze ko ibiganiro hagati ya Perezida Tshisekedi n’abo bahanganye barimo umutwe wa M23, aricyo gisubizo kirambye cy’umwuka mubi mu gihugu cye.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Museveni yasabye Tshisekedi kuganira na M23 imbonankubone
8 February 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Amerika igiye guha Ukraine ibisasu bivuguruye birasa mu bilometero 161
15 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuNyuma yuko ibisasu bizwi nka ‘Ground-Launched Small Diameter Bombs: GLSDB’ Amerika yari yohereje muri Ukraine binaniwe guhangana n’uburyo bw’ikoranabuhanga u Burusiya bukoresha mu kurinda ikirere cyabwo, igiye kohereza ibindi bivuguruye byo bishobora guhangana n’iryo koranabuhanga.
-
Vision yahize kubabaza Rayon Sports ikandikisha amateka mashya
30 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuIkipe ya Vision binyuze ku mutoza wayo Abdu Mbarushimana yatangaje ko igiye kwandika amateka iba ikipe ya mbere itsinze Rayon Sports mu mwaka mushya wa shampiyona wa 2024-2025.
-
Perezida Kagame yahaye impanuro Abanyarwanda bagerageza Imana mu masengesho[AMAFOTO]
29 October 2018, by Martin MunezeroPerezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame avuga ko Imana yahaye abanyarwanda ibikenewe byose kugirango biteze imbere akabasaba gukoresha uburyo n’ubushobozi bwose yabahaye bakiteza imbere aho guhora bayitakambira bayisaba kugira ibyo ibaha n’ibyo ibakorera, ibyo avuga ko ari ukuyigondoza.
-
Amerika yirukanye Abahinde barenga 1 000
30 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’u Buhinde yatangaje ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zimaze kwirukana Abahinde barenga 1 000 kuva muri Mutarama uyu mwaka.
-
Amerika yagiye iruhande rw’u Burusiya kabiri mu matora ya Loni
26 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAmerika yagiye ku ruhande rw’u Burusiya inshuro ebyiri mu matora mu Muryango w’Abibumbye mu rwego rwo kwizihiza isabukuru y’imyaka itatu ishize u Burusiya buteye Ukraine, ngo bigaragaza ko ubuyobozi bwa Trump bwahinduye imyumvire ku ntambara.
-
IMF yateguje ko ubukungu bw’u Rwanda buzagabanukaho muri 2025
28 October 2024, by Joseph IradukundaBiteganijwe ko ubukungu bw’u Rwanda buziyongera ku gipimo cya 7 ku ijana mu 2024 ariko bukagabanuka kugera kuri 6.5 ku ijana mu 2025, nk’uko bigaragara mu isuzuma mu rwego rw’ubukungu bw’akarere riheruka gukorwa n’Ikigega Mpuzamahanga cy’Imari (IMF).
-
Amerika: Umunyamakuru yasohowe adakoza amaguru hasi kubera ikibazo ku ntambara yo muri Gaza
17 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmunyamakuru wigenga Sam Husseini yasohowe ku ngufu amaguru adakora hasi, mu kiganiro n’abanyamakuru cya nyuma Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Antony Blinken, yagiranye n’abanyamakuru.
-
Trump yiyemeje kurara irondo kubera umutekano muke i Washington DC
22 August 2025, by ISIMBI EstellaPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko yifatanya na Polisi n’inkeragutabara ku irondo ry’ijoro ryo gucunga umutekano mu mihanda y’i Washington DC, mu rwego rwo gushyigikira ingamba nshya zo guhashya ibyaha muri uwo Murwa Mukuru.
-
Agakiriro ko ku Gisozi kafashwe n’inkongi y’umuriro
30 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAgakiriro gakorerwamo imirimo y’ububaji no gusudira mu Murenge wa Gisozi mu Karere ka Gasabo, kafashwe n’inkongi y’umuriro.
Umuryango.rw
Museveni yasabye Tshisekedi kuganira na M23 imbonankubone
Amerika igiye guha Ukraine ibisasu bivuguruye birasa mu bilometero 161
Vision yahize kubabaza Rayon Sports ikandikisha amateka mashya
Amerika yirukanye Abahinde barenga 1 000
Amerika yagiye iruhande rw’u Burusiya kabiri mu matora ya Loni
IMF yateguje ko ubukungu bw’u Rwanda buzagabanukaho muri 2025
Amerika: Umunyamakuru yasohowe adakoza amaguru hasi kubera ikibazo ku ntambara yo muri Gaza
Trump yiyemeje kurara irondo kubera umutekano muke i Washington DC
Agakiriro ko ku Gisozi kafashwe n’inkongi y’umuriro