Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko uwahoze ari Perezida wayo kuva mu 1977 kugeza mu 1981, Jimmy Carter, azashyingurwa ku wa 9 Mutarama 2024.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Amerika yatangaje umunsi wo guherekeza Jimmy Carter wayiyoboye kuva mu 1977
31 December 2024, by Joseph Iradukunda -
Kara Braxton wegukanye WNBA inshuro ebyiri yapfuye
24 February, by ISIMBI EstellaKara Braxton wabaye umukinnyi ukomeye muri Shampiyona ya Basketball y’abagore muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (WNBA), akanayitwara inshuro ebyiri, yitabye Imana ku myaka 43.
-
Ikipe ya Everton yaguzwe akayabo k’arenga miliyoni 415$
19 December 2024, by Joseph IradukundaIkipe ya Everton FC ikina mu Cyiciro cya Mbere mu Bwongereza, yamaze kugurirwa imigabane yayo 99.5% ifite agaciro ka miliyoni 416.6$, igurwa n’ikigo cy’Abanyamerika cya Friedkin Group (TFG) binyuze muri sosiyete kireberera ya Roundhouse Capital Holdings Ltd.
-
Perezida Paul Kagame yavuze uburyo kuyobora ibihugu 6 bigize umuryango wa EAC byamugoye kurusha kuyobora umuryango wa AU ugizwe n’ibihugu 50
30 January 2020, by Martin MunezeroUmukuru w’Igihugu cy’u Rwanda Perezida Paul Kagame avuga ko kuyobora ibihugu 6 bigize umuryango wa Afurica y’Iburasirazuba (EAC) byabaye nk’ibikomera kurusha kuyobora umuryango wa Afurica yunze ubumwe (AU) ugizwe n’ibihugu birenga 50.
-
Perezida Macron na Rajoelina basinye amasezerano yo kubaka urugomero
24 April 2025, by Angeline MUKANGENZIPerezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron yabonanye na mugenzi we wa Madagascar Andry Rajoelina, maze abayobozi bombi basinyana amasezerano menshi mu bijyanye n’ubuhinzi, n’uburezi n’ingufu, aho bemeranyijwe kubaka urugomero rw’amashanyarazi rwa Volobe.
-
Umugabo Mukuru w’Ingabo za Ethiopia ari mu ruzinduko rw’iminsi 4 mu Rwanda
14 April 2025, by Angeline MUKANGENZIUmugaba Mukuru w’Ingabo za Ethiopia Field Marshal Birhanu Jula, ari mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi ine, rwatangiye ku Cyumweru tariki ya 13 rukazageza ku ya 16 Mata 2025.
-
Trump ntiyishimiye umubano u Bwongereza bushaka kugirana n’u Bushinwa
30 January, by ISIMBI EstellaDonald Trump yavuze ko u Bwongereza buri gukina n’umuriro nyuma y’uko butangaje ko buri mu nzira yo kugirana imikoranire ya hafi n’u Bushinwa, igihugu kidacana uwaka na Amerika.
-
Rwanda Premier League yasubije KNC ntiyanyurwa n’icyemezo
26 March, by ISIMBI EstellaUrwego rushinzwe gutegura Shampiyona y’u Rwanda, Rwanda Premier League, yasubije Gasogi United iyoborwa na Kakooza Nkuliza Charles ku bujurire batanze nyuma yo guterwa mpaga na Rayon Sports.
-
Umuvugizi wa M23 yavuze ko ’Simbona ikibazo na kimwe’ Kabila abaye yageze i Goma
19 April 2025, by Joseph IradukundaUmutwe w’inyeshyamba wa M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo wumvikanishije ko Joseph Kabila wahoze ari Perezida w’icyo gihugu yageze mu mujyi wa Goma ugenzura, nyuma y’icyumweru kirenga avuze ko agiye gusubira mu gihugu anyuze "mu burasirazuba".
-
Stade Amahoro yatangiye kugaragaza icyasha cy’Ubwatsi bwangiritse n’ amajwi adasohoka neza
28 August 2024, by Joseph IradukundaMu ntangiriro za Nyakanga 2024, ni bwo Abanyarwanda batashye ku mugaragaro Stade Amahoro nshya yavuguruwe igashyirwa ku rwego mpuzamahanga.
Umuryango.rw
Amerika yatangaje umunsi wo guherekeza Jimmy Carter wayiyoboye kuva mu 1977
Kara Braxton wegukanye WNBA inshuro ebyiri yapfuye
Ikipe ya Everton yaguzwe akayabo k’arenga miliyoni 415$
Perezida Macron na Rajoelina basinye amasezerano yo kubaka urugomero
Umugabo Mukuru w’Ingabo za Ethiopia ari mu ruzinduko rw’iminsi 4 mu Rwanda
Trump ntiyishimiye umubano u Bwongereza bushaka kugirana n’u Bushinwa
Rwanda Premier League yasubije KNC ntiyanyurwa n’icyemezo
Umuvugizi wa M23 yavuze ko ’Simbona ikibazo na kimwe’ Kabila abaye yageze i Goma
Stade Amahoro yatangiye kugaragaza icyasha cy’Ubwatsi bwangiritse n’ amajwi adasohoka neza