Sam Nujoma, impirimbanyi y’ubwigenge akaba n’umuyobozi w’inyeshyamba waje kuba perezida wa mbere watowe muri Namibia, yapfuye ku wa Gatandatu, itariki 8 Gashyantare 2025 afite imyaka 95.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Sam Nujoma waharaniye ubwigenge bwa Namibia yatabarutse ku myaka 95
9 February 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Dore ibyabaye kuri Gitifu wahaye muramu we isoko ryo kubaka ivomero
10 October 2024, by Joseph IradukundaBamwe mu baturage bo mu Mudugudu wa Kigabiro, Akagari ka Nyakarekare, Umurenge wa Mbuye mu karere ka Ruhango ,bavuga ko bamaze imyaka ibiri bavoma amazi y’ibishanga kuko Ivomero bari bubakiwe ryasenyutse rikimara kuzura.
-
Ni ryari RDC na AFC/M23 bizagirana amasezerano y’amahoro?
21 July 2025, by ISIMBI EstellaUbutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’ihuriro AFC/M23 bishobora gusinya amasezerano y’amahoro bitarenze tariki ya 18 Kanama 2025, hashingiwe ku mahame byemeranyijeho muri Qatar.
-
Umuyobozi w’ikigega cyari kibitsemo amafaranga Mutamba ashinjwa kunyereza yafunzwe
26 July 2025, by Joseph IradukundaUrwego rwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo rushinzwe iperereza mu by’imari (CENAREF) rwataye muri yombi Umuyobozi w’Ikigega kibikwamo amafaranga yagenewe abagizweho ingaruka n’ibyaha ingabo za Uganda zakoreye i Kisangani (FRIVAO).
-
Menya uko ukwiye kwirinda indwara y’umusonga yibasira abato n’abakuze
20 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmusonga ni indwara ivurwa igakira ariko iyo irangaranywe ishobora guhitana byihuse umuntu uyirwaye, cyane ko imibare yo mu 2021, yagaragaje ko yahitanye abarenga miliyoni 2.5 hirya no hino ku Isi barimo abana ndetse n’abantu bakuru.
-
Umucancuro wo muri Amerika agiye kurinda ibirombe by’amabuye y’agaciro bya DRC
18 April 2025, by Angeline MUKANGENZIUmucancuro wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Erik Dean Prince, yemereye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kurinda umutekano w’ibirombe by’amabuye y’agaciro yayo no kugenzura uburyo imisoro ikusanywamo.
-
Amerika yasabye RDC kubahiriza ibyo yemeranyije n’u Rwanda
9 October 2024, by Joseph IradukundaLeta Zunze Ubumwe za Amerika zasabye ubuyobozi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kubahiriza ibyo bwemerenyije n’u Rwanda, ubwo intumwa zabwo zahuraga n’iz’u Rwanda hashingiwe ku biganiro bya Luanda.
-
Wema Sepetu yanyomoje ibihuha byavugaga ko yapfuye
14 July 2025, by Joseph IradukundaUmunyamideri, Umukinnyi wa filime akaba na Nyampinga wa Tanzania ubitse ikamba rya 2006, Wema Sepetu yanyomoje ibihuha byazengurutse ku mbuga nkoranyambaga bivuga ko yitabye Imana avuga ko nubwo ntacyo bimutwaye ariko atari ibintu byiza.
-
Ngoma: Abantu 11 batawe muri yombi bakekwaho kwica umwana w’imyaka 15 nyuma yo kumusambanya
13 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbo bantu 11 bari hagati y’imyaka 14 na 39, bose barakekwaho kwica umwana w’imyaka 15 nyuma yo kumusambanyiriza aho yari yagiye kwahira ubwatsi bw’amatungo.
-
AFC/M23 yongeye kwihanangiriza Ubutegetsi bwa Congo iha integuza FARDC, FDLR n’abacancuro
1 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIhuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryamaze kwita ubw’iterabwoba, riravuga ko nyuma yuko ababurwanirira bagizwe n’abarimo FARDC, FDLR n’ingabo z’u Burundi bakomeje kugaba ibitero ku baturage no ku birindiro byaryo, ryiyemeje kujya kubiburizamo rikabasanga ku isoko aho babitegurira.
Umuryango.rw
Sam Nujoma waharaniye ubwigenge bwa Namibia yatabarutse ku myaka 95
Dore ibyabaye kuri Gitifu wahaye muramu we isoko ryo kubaka ivomero
Ni ryari RDC na AFC/M23 bizagirana amasezerano y’amahoro?
Umuyobozi w’ikigega cyari kibitsemo amafaranga Mutamba ashinjwa kunyereza yafunzwe
Menya uko ukwiye kwirinda indwara y’umusonga yibasira abato n’abakuze
Umucancuro wo muri Amerika agiye kurinda ibirombe by’amabuye y’agaciro bya DRC
Amerika yasabye RDC kubahiriza ibyo yemeranyije n’u Rwanda
Wema Sepetu yanyomoje ibihuha byavugaga ko yapfuye
Ngoma: Abantu 11 batawe muri yombi bakekwaho kwica umwana w’imyaka 15 nyuma yo kumusambanya
AFC/M23 yongeye kwihanangiriza Ubutegetsi bwa Congo iha integuza FARDC, FDLR n’abacancuro