Leta Zunze Ubumwe za Amerika yirukanye Ambasaderi wa Afurika y’Epfo, Ebrahim Rasool, imushinja kwanga Perezida Donald Trump.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Amerika yirukanye Ambasaderi wa Afurika y’Epfo
15 March 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Umufana wa Congo wazanye uburyo bwihariye bw’imifanire akomeje gusekerwa n’amahirwe nyuma yo kurira
8 January, by ISHIMWE Jean de DieuMichel Kuka Mboladinga, umufana wabaye ikimenyabose mu Gikombe cya Afurika ubwo yafanaga ikipe y’Igihugu ya DRC mu buryo bwihariye yigaragaza nk’ikibumbano cya Patrice Lumumba, yahembwe imodoka yo mu bwoko bwa Jeep.
-
Minisitiri Mukazayire na Perezida wa UCI batangije Shampiyona y’Isi y’Amagare
21 September 2025, by ISIMBI EstellaMinisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, yakiriye abitabiriye Shampiyona y’Isi y’Amagare yatangiye gukinirwa i Kigali, Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umukino wo gusiganwa ku Magare ku Isi (UCI), David Lappartient, avuga ko byose bikeshwa Perezida Paul Kagame.
-
Havutse intonganya mu rugo rwa Marioo kubera indirimbo ye na Element
14 October 2025, by ISIMBI EstellaPaula Kajala, umugore w’umuhanzi w’Umunya-Tanzania, Marioo yagaragaje ko amashusho y’indirimbo nshya “Njozi” yahuriyemo umugabo we na Element EleéeH, yakuruye intonganya mu rugo rwe kubera inkumi yifashishijemo.
-
Bartasar wihaye akabyizi n’abagore barenga 400 barimo na mushiki wa Perezida ’yabanduje SIDA’
5 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUbutabera bwo muri Guinée-Équatoriale burashinja Baltasar Ebang Engonga usanzwe ari Umuyobozi w’Urwego rushinzwe iperereza ku mikoreshereze y’imari muri Guinée-Équatoriale, kwanduza SIDA abagore barenga 400 byagaragaye ko yaryamanye na bo.
-
U Buholandi bugiye gufunga Ambasade yabwo i Burundi
20 April 2025, by Angeline MUKANGENZIGuverinoma y’u Buholandi yatangaje ko igiye gufunga Ambasade zayo mu bihugu bitandukanye birimo n’u Burundi, mu rwego rwo kugabanya ingengo y’imari iki gihugu gikoresha.
-
U Budage: hatahuwe Pizza icuruzwa ikagerekwaho n’ikiyobyabwenge cya ‘Cocaïne’
23 October 2024, by Joseph IradukundaPolisi yo mu Burengerazuba bw’Umujyi wa Düsseldorf mu Budage, yatangaje ko yatahuye resitora yacuruzaga Pizza ariko ikongeraho n’ikiyobyabwenge cya ‘Cocaïne’ ku bakiliya basabye Pizza ifite nomero ya 40 ku rutonde rwa Pizza zigurishwa muri iyo Resitora.
-
Amashusho ya Elvis Presley asangira Noheli n’umuryango we bwa nyuma ari mu cyamunara
1 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuAmashusho agaragaza Elvis Presley wamamaye mu muziki mu myaka yashize, ari kumwe n’umuryango we basangira ‘Noheli’ bwa nyuma, yashyizwe mu cyamunara.
-
Sudani y’Epfo: Visi Perezida yashinjwe kwicisha abarenga 250
12 September 2025, by ISIMBI EstellaGuverinoma ya Sudani y’Epfo yashinje Visi Perezida w’igihugu, Riek Machar gutanga amabwiriza yo kugaba igitero ku kigo cya gisirikare cyaguyemo abarenga 250 barimo n’umusirikare ufite ipeti rya General.
-
Amerika ishobora kwemeza Crimea nk’agace k’u Burusiya
19 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuLeta Zunze Ubumwe za Amerika zishobora kwemeza agace ka Crimea nka kamwe mu tugize u Burusiya nka kimwe mu byo iki gihugu cyifuza gushingiraho hasinywa amasezerano yo guhagarika intambara hagati ya Moscow na Kiev.
Umuryango.rw
Amerika yirukanye Ambasaderi wa Afurika y’Epfo
Umufana wa Congo wazanye uburyo bwihariye bw’imifanire akomeje gusekerwa n’amahirwe nyuma yo kurira
Minisitiri Mukazayire na Perezida wa UCI batangije Shampiyona y’Isi y’Amagare
Havutse intonganya mu rugo rwa Marioo kubera indirimbo ye na Element
Bartasar wihaye akabyizi n’abagore barenga 400 barimo na mushiki wa Perezida ’yabanduje SIDA’
U Buholandi bugiye gufunga Ambasade yabwo i Burundi
U Budage: hatahuwe Pizza icuruzwa ikagerekwaho n’ikiyobyabwenge cya ‘Cocaïne’
Amashusho ya Elvis Presley asangira Noheli n’umuryango we bwa nyuma ari mu cyamunara
Sudani y’Epfo: Visi Perezida yashinjwe kwicisha abarenga 250
Amerika ishobora kwemeza Crimea nk’agace k’u Burusiya