Urwego rw’igihugu rushinzwe guteza imbere tekinike, imyuga n’ubumenyingiro (RTB), rugaragaza ubuke bw’ ibikoresho ndetse n’ibindi bitakigendanye n’igihe biri mu bibazo by’ingutu bibugarije.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Ibikoresho by’iyanga biracyazitiye amashuri y’imyuga na tekinike
8 June 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Imodoka yaguye mu Kivu yakuwemo ariko Umushinwa wari mu bari bayirimo yaburiwe irengero
23 October 2019, by Dusingizimana RemyImodoka ya Toyota Hilux ya kompanyi y’Abashinwa yari mu mirimo yo gukora umuhanda wa Nyamyumba mu karere ka Rubavu mu burengerazuba bw’u Rwanda ikagwa mu kiyaga cya Kivu kuwa kabiri, bayivanyemo uyu munsi ku gicamunsi ariko umwe mu bashinwa bari bayirimo yaburiwe irengero.
-
Ukraine n’u Burusiya byahanye imfungwa z’intambara zirimo izari zimaze imyaka irenga 10 zifunze
15 August 2025, by ISIMBI EstellaUkraine n’u Burisiya byahanye imfungwa z’intambara 84 kuri buri gihugu, aho mu mfungwa zatanzwe n’u Burusiya harimo izari zimaze imyaka irenga 10 zifungiye muri iki gihugu.
-
Ukraine ishobora kudobya ibiganiro bya Perezida Putin na Trump
13 August 2025, by ISIMBI EstellaMinisiteri y’Ingabo y’u Burusiya yatangaje ko Guverinoma ya Ukraine iri gutegura igitero gikomeye kigamije kudobya inama ikomeye izahuza Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin n’uwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump.
-
Umutwe wa M23 wagize icyo uvuga ku rupfu rw’Umuhanzi Idengo
14 February 2025, by Pacifique NKURUNZIZAKu mugoroba w’ejo ku wa Kane tariki 13 Gashyantare 2025, ku mbuga nkoranyambaga hacicikanye amakuru y’urupfu rwa Delphin Katembo Vinyasiki, umuhanzi w’Umunyekongo wamamaye nka Delcat Idengo, bamwe mu Banyekongo bagashinja Umutwe wa M23 kuba inyuma y’uru rupfu.
-
RDC:Byagenze bite ngo ubwato buhitana abantu bangana gutya? Ni inde ubiryozwa?
4 October 2024, by Joseph IradukundaUmukuru wungirije w’intara ya Kivu ya Ruguru yavuze ko iperereza ku cyateye iyi mpanuka yahitanye abantu nibura 28 rigikorwa, ariko abari baburimo ntibashidikanya ko ari ukurunda abantu amagana mu bwato butwara abantu 50.
-
Ingagi yo muri Pariki ya Virunga yabyaye impanga
9 January, by ISIMBI EstellaIngagi yo muri Pariki ya Virunga muri Repubulika Iharanira Demokarasi yabyaye impanga z’ingabo, ibintu bidakunze kugaragara kuri ibi binyabuzima.
-
U Burusiya burifuza ko BRICS ishyiraho ibigo bikora nka Banki y’Isi na IMF
12 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuU Burusiya bwasabye ibihugu bigize Umuryango BRICS ko byashyiraho inzego z’imari zikora nk’Ikigega Mpuzamahanga cy’Imari (IMF) na Banki y’Isi kuko byo bikorera mu nyungu z’ibihugu by’i Burayi na Amerika.
-
Umunsi Trump abwira Kagame ko ari iby’agaciro kumugira nk’inshuti
7 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Paul Kagame ku wa Gatatu yashimiye Donald Trump wahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika wongeye gutorerwa kuyobora iki gihugu.
-
RDC: Uganda yasubije Congo 18 bivugwa ko bari bajyanwe muri M23
29 November 2024, by Joseph IradukundaMuri Ituri, abasore 18 bafatiwe muri Uganda bashinjwa kuhaguma mu buryo bunyuranije n’amategeko bahita boherezwa iwabo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo.
Umuryango.rw
Ibikoresho by’iyanga biracyazitiye amashuri y’imyuga na tekinike
Ukraine n’u Burusiya byahanye imfungwa z’intambara zirimo izari zimaze imyaka irenga 10 zifunze
Ukraine ishobora kudobya ibiganiro bya Perezida Putin na Trump
Umutwe wa M23 wagize icyo uvuga ku rupfu rw’Umuhanzi Idengo
RDC:Byagenze bite ngo ubwato buhitana abantu bangana gutya? Ni inde ubiryozwa?
Ingagi yo muri Pariki ya Virunga yabyaye impanga
U Burusiya burifuza ko BRICS ishyiraho ibigo bikora nka Banki y’Isi na IMF
Umunsi Trump abwira Kagame ko ari iby’agaciro kumugira nk’inshuti
RDC: Uganda yasubije Congo 18 bivugwa ko bari bajyanwe muri M23