Ibiro by’izahoze ari Ingabo za UN zoherejwe kubungabunga amahoro muri Mali, byashyikirije Ingabo z’icyo gihugu ikigo cya nyuma cyari kikiri mu biganza byazo, nyuma yo kwirukanwa muri icyo gihugu.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Mali: Ingabo za UN zasubije ikigo cya nyuma cyari mu maboko yazo
16 November 2024, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Guverinoma yatanze iminsi ibiri y’ikiruhuko rusange cy’umunsi wa Pasika
2 April, by ISIMBI EstellaMinisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo yatangaje ko ku wa Gatanu, tariki ya 3 Mata 2026 no ku wa Mbere, tariki ya 6 Mata 2026 ari iminsi y’ikiruhuko rusange, mu rwego rwo kwizihiza Umunsi Mukuru wa Pasika.
-
Umupolisi yatawe muri yombi kubera urupfu rwa Ojwang waguye mu kasho
13 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPolisi ya Kenya yastangaje ko hari umupolisi watawe muri yombi akurikiranyweho urupfu rwa Albert Ojwang wapfiriye muri kasho ya polisi bigateza imyigaragambyo ikaze i Nairobi.
-
Perezida Kagame yavuze ku buryo Tshisekedi yahawe ubutegetsi mu manyanga Kenyatta na Ramaphosa bareba
4 July 2025, by Joseph IradukundaPerezida Paul Kagame yashimangiye ko uburyo Félix Antoine Tshisekedi yabaye Perezida burimo ikibazo, kuko yahamagawe mu biro ahabwa ubutegetsi, kubera inyungu yari yitezweho.
-
Umugore yasize umugabo we agiye ku muturanyi agarutse asanga amanitse
17 September 2024, by Joseph IradukundaUmugabo wo mu karere ka Nyanza yasanzwe amanitse mu nzu aho bikekwa ko yiyahuye.
-
Ese koko Israel Mbonyi yateye inda umukobwa imburagihe?
26 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzi w’indirimbo zihimbaza Imana, Israel Mbonyi yagaragaje ubunararibonye mu guhangana n’ibibazo ashyirwa mu majwi, yemeza ko ibi bitamuca intege mu rugendo rwe rw’imyaka 10 mu muziki.
-
Rubavu: Umugabo yishe umugore we amuziza ko atamuhaye ibiryo
14 January, by Angeline MUKANGENZIUmugabo witwa Maniraguha Jean Marie Vianney wo mu Murenge wa Bugeshi mu Karere ka Rubavu, yishe umugore we babanaga mu buryo butemewe n’amategeko witwa Manizabayo Beatrice amuziza ko yamwatse ibiryo akabibura.
-
Putin yifurije Trump isabukuru nziza, baganira no kuri Iran na Israel
15 June 2025, by ISIMBI EstellaPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko mugenzi we w’u Burusiya yamwifurije isabukuru nziza, mu kiganiro kirekire bagiranye kuri telefone ku wa Gatandatu, umunsi yizihizagaho isabukuru y’imyaka 79.
-
Australia yirukanye Ambasaderi wa Iran azira ibitero byagabwe ku Bayahudi
27 August 2025, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Intebe wa Australia, Anthony Albanese, yatangaje ko birukanye Ambasaderi wa Iran n’abadipolomate batatu bazira urwango rwibasira Abayahudi.
-
Diamond yazirikanye indirimbo yakoranye na The Ben mu bitaramo yakoreye Bwongereza
16 June 2025, by ISIMBI EstellaUmuhanzi w’icyamamare wo muri Tanzania, Diamond Platnumz, yazirikanye indirimbo ‘Why’ yakoranye n’umuhanzi nyarwanda The Ben, ayiririmba ari kumwe n’abafana be mu buryo bwuje amarangamutima, mu gitaramo yakoreye muri Manchester Academy mu Bwongereza, ku wa Gatandatu tariki ya 14 Kamena 2025.
Umuryango.rw
Mali: Ingabo za UN zasubije ikigo cya nyuma cyari mu maboko yazo
Guverinoma yatanze iminsi ibiri y’ikiruhuko rusange cy’umunsi wa Pasika
Umupolisi yatawe muri yombi kubera urupfu rwa Ojwang waguye mu kasho
Perezida Kagame yavuze ku buryo Tshisekedi yahawe ubutegetsi mu manyanga Kenyatta na Ramaphosa bareba
Umugore yasize umugabo we agiye ku muturanyi agarutse asanga amanitse
Ese koko Israel Mbonyi yateye inda umukobwa imburagihe?
Rubavu: Umugabo yishe umugore we amuziza ko atamuhaye ibiryo
Putin yifurije Trump isabukuru nziza, baganira no kuri Iran na Israel
Australia yirukanye Ambasaderi wa Iran azira ibitero byagabwe ku Bayahudi
Diamond yazirikanye indirimbo yakoranye na The Ben mu bitaramo yakoreye Bwongereza