Inyeshyamba z’Abawazalendo zaturutse muri Kivu y’Amajyaruguru, zagaragaye kuva ku itariki ya 19 Ukwakira mu gace ka Mungamba gaherereye mu birometero 100 mu majyepfo ashyira uburengerazuba bw’umujyi wa Bunia, umurwa mukuru w’Intara ya Ituri ntabwo zishimiwe n’ubuyobozi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Ituri: Ukuriye ingabo yagaragaje ko adashaka Abawazalendo muri Irumu
23 October 2024, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Ingabo za RDC zongeye guhangana na M23
5 May 2025, by Angeline MUKANGENZIIngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu cyumweru gishize zahanganiye n’umutwe witwaje intwaro wa M23 mu gace ka Lunyasenge kari muri teritwari ya Lubero mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
-
APR FC yegukanye igikombe cya 19 cya shampiyona ibifashijwemo n’ibitego
25 June 2021, by Dusingizimana RemyIkipe ya APR FC yegukanye igikombe cya 19 cya shampiyona nyuma yo gutsinda Rutsiro FC ibitego 6-0 mu mukino wa nyuma mu makipe 8 yashakaga igikombe cya shampiyona.
-
Iran yaburiye abigaragambya ishinja Trump kuba inkoramaraso
9 January, by ISHIMWE Jean de DieuUmuyobozi w’Ikirenga wa Iran Ayatollah Ali Khamenei, yashinje Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, ko ibiganza bye byuzuye amaraso y’abaturage ba Iran ndetse aburira abigaragambya ko Leta itazakomeza kubihanganira nibakomeza kwangiza ibikorwa remezo.
-
Nigeria: Yahisemo gufungwa umwaka aho gusubiza amafaranga yayoberejwe kuri banki ye
26 January, by ISIMBI EstellaUrukiko Rukuru rwa Leta ya Edo muri Nigeria, rwakatiye Ogo Ehosa Kingsley igifungo cy’umwaka umwe nyuma yo kumuhamya ibyaha by’ubujura n’uburiganya, byatewe n’amafaranga angana na miliyari 1.5 z’Amanaira yayoberejwe kuri konti ye ya banki akayakoresha nk’aye aho kuyasubiza nyirayo.
-
RCS yatangaje ko abagororwa umunani batorotse amagororero mu mwaka umwe
30 January, by Angeline MUKANGENZIUrwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora (RCS) rwatangaje ko kuva mu 2025 kugeza ubu hari abagororwa umunani batorotse amagororero yo hirya no hino mu gihugu, batandatu muri bo barafatwa bongera gufungwa.
-
BUTARE Jean Bosco yasabye guhindura amazina akitwa BUTARE GATO JOHN BOSCO
12 November 2025, by ISIMBI EstellaBUTARE Jean Bosco yasabye guhindura amazina akitwa BUTARE GATO JOHN BOSCO mu bitabo by’irangamimerere!
-
Umudepite w’Amerika yavuze ko igisubizo ku ntambara ya Congo ari ugushyira M23 mu nzego z’umutekano za leta
23 January, by Angeline MUKANGENZIUmudepite uhagarariye leta ya Texas mu nteko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko kwinjiza abarwanyi ba M23 b’Abanyecongo mu nzego z’umutekano za leta kandi ibihugu by’akarere bigakorana mu kubyaza inyungu amabuye y’agaciro ya Congo ko yaba igisubizo cy’intambara imaze imyaka mu burasirazuba bwa Congo.
-
Menya impamvu itunguranye itumye urubanza rwa ’Prince Kid’ rusubikwa
11 May 2022, by Rebecca UFITAMAHOROMu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 11 Gicurasi 2022 , nibwo Ishimwe Dieudonné ’Prince Kid’ yitabye Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro ngo atangire kuburana ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo ku byaha akurikiranweho buhohoterwa ku byaha akurikiranweho Icyaha cyo guhohotera bishingiye ku gitsina abakobwa bajya mu marushwanwa ya Nyampinga (Miss Rwanda) mu bihe bitandukanye.
-
Konti ya Polisi ya Tanzania kuri X yinjiriwe, ibika Perezida Samia akiriho
21 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuLeta ya Tanzania yahagaritse by’agateganyo urubuga nkoranyambaga rwa X nyuma y’aho konti ya Polisi yinjiriwe n’abataramenyekana, bagatangaza ko Perezida Samia Suluhu Hassan yitabye Imana.
Umuryango.rw
Ituri: Ukuriye ingabo yagaragaje ko adashaka Abawazalendo muri Irumu
Ingabo za RDC zongeye guhangana na M23
APR FC yegukanye igikombe cya 19 cya shampiyona ibifashijwemo n’ibitego
Iran yaburiye abigaragambya ishinja Trump kuba inkoramaraso
Nigeria: Yahisemo gufungwa umwaka aho gusubiza amafaranga yayoberejwe kuri banki ye
RCS yatangaje ko abagororwa umunani batorotse amagororero mu mwaka umwe
BUTARE Jean Bosco yasabye guhindura amazina akitwa BUTARE GATO JOHN BOSCO
Umudepite w’Amerika yavuze ko igisubizo ku ntambara ya Congo ari ugushyira M23 mu nzego z’umutekano za leta
Menya impamvu itunguranye itumye urubanza rwa ’Prince Kid’ rusubikwa
Konti ya Polisi ya Tanzania kuri X yinjiriwe, ibika Perezida Samia akiriho