Quincy Jones, umunyamuziki n’umuhanga mu gutunganya muzika wakoranye na Michael Jackcon, Frank Sinatra n’abandi benshi, yapfuye ku myaka 91.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Icyamamare muri muzika Quincy Jones yapfuye ku myaka 91
4 November 2024, by Joseph Iradukunda -
Ubukonje bwibasiye u Burayi bwabaye intandaro y’impfu esheshatu
7 January, by ISIMBI EstellaAbantu batandatu bo mu Bufaransa, Bosnia na Herzegovina bahitanywe n’impanuka zaturutse ku bukonje budasanzwe bwibasiye ibi bihugu n’ibindi by’i Burayi, ndetse butuma ingendo z’indege zihagarikwa.
-
Nyamasheke: Umukwe yahindutse umutekamitwe ku munsi w’ubukwe bitera ababyeyi b’umukobwa ikimwaro
22 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmukobwa wo mu Murenge wa Nyabitekeri n’umuryango we bari mu gahinda nyuma yo gutegereza umusore wari gusezerana n’umukobwa wabo bagaheba nyamara bari bamaze kwitegura ubukwe nyuma bakaza gusanga ari umugabo wubatse wagenzwaga no kubarya amafaranga.
-
Burundi: Perezida Ndayishimiye yagaragaye ahetse umusaraba
19 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye yagiye kwifatanya n’Abakiristu Gatolika b’i Burundi mu nzira y’umusaraba no kuzirikana ububabare bwa Yezu Kristu, by’umwihariko na we aheka umusaraba.
-
Kigali:Abantu 10 bafunzwe bazira kwica urubozo umusore w’Umurundi
16 December 2024, by Joseph IradukundaPolisi y’Igihugu yatangaje ko hari abantu 10 ku bufatanye n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) bafunze, bakekwaho kwica urubozo umusore ukomoka mu gihugu cy’u Burundi.
-
Nsabimana Callixte ‘Sankara’ wigambye ibitero byo muri Nyungwe yeretswe abanyamakuru [VIDEO+AMAFOTO]
17 May 2019, by Dusingizimana RemyMu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu Taliki ya 17 Gicurasi 2019,nibwo Nsabimana Callixte wiyita ‘Major Sankara’ wigambye gufata ishyamba rya Nyungwe ndetse no kugira uruhare mu bitero byahungabanyije akarere ka Nyamagabe, mu ntara y’Amajyepfo,yeretswe itangazamakuru.
-
Amerika: Ingendo z’indege zirenga 5,000 zahagaritswe
24 February, by Angeline MUKANGENZIkuri uyu wa 23 Gashyantare 2026, Umuyaga ukomeye wibasiye inkombe z’iburasirazuba bwa Amerika uzana urubura rwinshi rwaciye agahigo mu mateka, bituma ubuzima bwa miliyoni z’abantu buhungabana ndetse ibihumbi by’ingendo z’indege bihagarikwa.
-
Uganda: Umushinga w’itegeko rishobora gusubiza Dr Besigye mu nkiko za gisirikare wageze mu nteko
13 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuGuverinoma ya Uganda yagejeje mu Nteko Ishinga Amategeko Umushinga w’Itegeko ryemerera inkiko za gisirikare kuburanisha abasivile mu gihe bafatanwe intwaro cyangwa ibindi bigenewe gusa inzego z’umutekano.
-
Amakipe azitabira CECAFA U-17 yaburiwe ku bijyanye no kubeshya imyaka
10 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmuyobozi w’Amarushanwa muri CECAFA, Yusuf Mossi, yateguje amakipe azitabira irushanwa ry’abatarengeje imyaka 17 kuzapimwa bikomeye harebwa niba batarabeshye imyaka.
-
Ukuntu Hip Hop yahinduye ubuzima bwa Rider Man akiyumva nk’uvutse bwa kabiri
26 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmuraperi Riderman, umwe mu bahanzi bakomeye mu njyana ya Hip Hop mu Rwanda, yagaragaje uko iyi njyana yatumye ahindura imitekerereze ndetse n’ubuzima. Abinyujije ku rubuga rwe rwa Instagram, Riderman yavuze ko umunsi yakira Hip Hop mu buzima bwe yabaye nk’uvutse bwa kabiri.
Umuryango.rw
Icyamamare muri muzika Quincy Jones yapfuye ku myaka 91
Ubukonje bwibasiye u Burayi bwabaye intandaro y’impfu esheshatu
Nyamasheke: Umukwe yahindutse umutekamitwe ku munsi w’ubukwe bitera ababyeyi b’umukobwa ikimwaro
Burundi: Perezida Ndayishimiye yagaragaye ahetse umusaraba
Kigali:Abantu 10 bafunzwe bazira kwica urubozo umusore w’Umurundi
Uganda: Umushinga w’itegeko rishobora gusubiza Dr Besigye mu nkiko za gisirikare wageze mu nteko
Amakipe azitabira CECAFA U-17 yaburiwe ku bijyanye no kubeshya imyaka
Ukuntu Hip Hop yahinduye ubuzima bwa Rider Man akiyumva nk’uvutse bwa kabiri