Umushumba wa Kiliziya Gatolika, Papa Francis, yatangaje ko Kiliziya ikwiye kwicuza igaterwa isoni ndetse igasaba imbabazi ku byaha bishingiye ku gitsina, bamwe mu bashumba bayo bagiye bakorera abana bato.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Papa Francis yasabye Kiliziya Kwicuza kubera ibyaha yakoreye umuryango
28 September 2024, by Joseph Iradukunda -
Abarwanyi 25 bafatiwe muri DR Congo bategetswe kuburana nk’abasirikare
14 October 2019, by Dusingizimana RemyAbarwanyi 25 bafatiwe muri DR Congo bivugwa ko ari abo mu impuzamashyaka P5 irwanya ubutegetsi bw’u Rwanda uyu munsi bangiwe n’urukiko rw’ibanze rwa gisirikare kuburana nk’abasiviri.
-
Trump yagennye umunyamakuru nk’ugomba kuba Minisitiri w’Ingabo
14 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida watowe muri Amerika, Donald Trump, yagennye Pete Hegseth nk’ugomba kuzaba Minisitiri w’Ingabo, umwe mu myanya ikomeye muri Amerika, abantu bacika ururongogoro kuko bitari bisanzwe ko umusivile ayobora uru rwego.
-
Weasel yasezerewe mu bitaro
12 August 2025, by ISIMBI EstellaWeasel wari umaze iminsi mu bitaro nyuma yo kugongwa n’umugore we Teta Sandra, yasezerewe aho azakomeza kwitabwaho n’abaganga ariko ari mu rugo rwe.
-
MININFRA-Kuzamuka kw’igiciro cya lisansi nta ngaruka zikomeye bizateza
2 July 2025, by Joseph IradukundaMinisitiri w’Ibikorwa Remezo (MININFRA), Dr Jimmy Gasore, ari kumwe n’Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda (MINICOM), bavuze ko izamuka ry’ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli ritazagira ingaruka zikomeye ku biciro by’ibindi bicuruzwa na serivisi mu Rwanda.
-
Huye: Abagabo baracyahohoterwa n’abagore babo bakaruca bakarumira
11 December 2024, by Joseph IradukundaMu Karere ka Huye hari abagabo bahohoterwa n’abagore babo bakabihisha kubera impamvu zitandukanye zirimo no kwirinda gusekwa n’abaturanyi.
-
Kivu y’Amajyaruguru: ADF yishe abaturage 59 mu minsi itatu
18 August 2025, by ISIMBI EstellaUmutwe w’iterabwoba wa ADF wishe abaturage bagera kuri 59 mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru iri mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
Igipolisi muri Kenya kirashinjwa guhohotera abigaragambya
26 September 2024, by Joseph IradukundaUmuryango uharanira uburenganzira bwa muntu, Amnesty International, watangaje ko muri Kanama abantu bari bambaye imyenda ya polisi ariko itariho ibirango barashe amasasu menshi abigaragambirizaga mu Nteko Ishinga Amategeko ya Kenya iri i Nairobi.
-
Perezida Kagame yerekeje muri Mozambike mu muhango w’Isinywa ry’amasezerano y’amahoro hagati ya Leta y’iki gihugu n’abatavuga rumwe nayo
6 August 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa perezida wa Repubulika Paul Kagame yerekeje mu gihugu cya Mozambike mu muhango wo gusinywa amasezerano y’amahoro n’ubwiyunge hagati ya Leta ya Mozambique n’ishyaka rya RENAMO, ryahoze ari umutwe w’inyeshyamba urwanya ubutegetsi bw’iki gihugu.
-
Zelensky yiteguye guhara ubuyobozi mu gihe Ukraine yakwinjira muri OTAN
24 February 2025, by Joseph IradukundaPerezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yatangaje ko yakwemera kuva ku buyobozi ariko Ukraine ikaba umunyamuryango wa OTAN.
Umuryango.rw
Papa Francis yasabye Kiliziya Kwicuza kubera ibyaha yakoreye umuryango
Trump yagennye umunyamakuru nk’ugomba kuba Minisitiri w’Ingabo
Weasel yasezerewe mu bitaro
MININFRA-Kuzamuka kw’igiciro cya lisansi nta ngaruka zikomeye bizateza
Huye: Abagabo baracyahohoterwa n’abagore babo bakaruca bakarumira
Kivu y’Amajyaruguru: ADF yishe abaturage 59 mu minsi itatu
Igipolisi muri Kenya kirashinjwa guhohotera abigaragambya
Zelensky yiteguye guhara ubuyobozi mu gihe Ukraine yakwinjira muri OTAN