Abaturage barenga 50 barimo abo mu Murenge wa Rwimbogo n’abo mu Murenge wa Nzahaha bari kuririra mu myotsi nyuma y’uko mugenzi wabo abakodesheje ubutaka bwa leta kandi nta burenganzira abifite.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Rusizi: Rurageretse hagati y’abaturage n’uwo bashinja kubatesha umutwe akabakodesha ubutaka bwa leta
23 August 2025, by ISIMBI Estella -
Amerika yarekuye Abarusiya babiri bari batwaye ubwato iherutse gufata
29 January, by Angeline MUKANGENZILeta Zunze Ubumwe za Amerika yarekuye abasare babiri b’Abarusiya bafatiwe mu bwato iherutse gufata bwari butwaye peteroli buriho amabendera y’u Burusiya.
-
Burera: Igishushanyombonera cyaje ari igisubizo ku bahatuye n’abashoramari
3 March, by ISIMBI EstellaAbaturage n’abashoramari bo mu Karere ka Burera bavuga ko amaherezo babonye igisubizo kubera ko igishushanyombonera cyabonetse, bakaba bizera ko bigiye kubahindurira ubuzima.
-
Davido witegura gutaramira i Kigali, yakiriwe na Perezida w’u Bufaransa
24 October 2025, by ISIMBI EstellaDavido uri mu myiteguro yo gutaramira i Kigali, yakiriwe na Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron nk’uko uyu muhanzi we ubwe yabyiyerekeye abamukurikira mu butumwa yanyujije ku mbuga nkoranyambaga.
-
Israel yasabwe korohereza imodoka zitwara ibiribwa bijyanwa muri Gaza
4 August 2025, by ISIMBI EstellaUmuvugizi w’Umuryango w’Abibumbye, Olga Cherevko, yatangaje ko habayeho ibyago bikomeye muri Gaza, aho imodoka zitwara imfashanyo za Loni ziri guhura n’imbogamizi zikomeye zo kugeza inkunga muri ibyo bice, bikaba bikomeje gutuma abaturage bicwa n’inzara.
-
Harakurikiraho iki niba Israel yishea Hassan Nasrallah ukuriye Hezbollah?
28 September 2024, by Joseph IradukundaIgisirikare cya Israel (IDF) biravugwa ko cyaba cyivuganye Hassan Nasrallah wari umuyobozi mukuru w’umutwe wa Hezbollah wo muri Lebanon/Liban.
-
Abarangiza ibihano ku byaha bya Jenoside batarahindutse by’ukuri bibangamiye ubumwe bw’Abanyarwanda
22 January, by Angeline MUKANGENZIUmunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Eric Mahoro, yavuze ko imwe mu mbogamizi ikomeje kubangamira ubumwe bw’Abanyarwanda ari uko hakiri abarangiza ibihano ku byaha bya Jenoside batarahindutse by’ukuri ugasanga baracyakoresha amagambo amwe n’amwe yuje imvugo z’urwango n’amacakubiri.
-
Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 29 Nyakanga 2019
30 July 2019, by Dusingizimana RemyKu wa Mbere, tariki ya 29 Nyakanga 2019, Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME.
-
CHAN 2024: Urugamba rugeze aho rukomeye
18 August 2025, by ISIMBI EstellaAmakipe y’inkwakuzi yamaze kubona itike ya ¼ muri Shampiyona Nyafurika ihuza abakina imbere mu bihugu byabo (CHAN 2024), mu gihe ari akarusho kuri Kenya yemerewe akayabo na Perezida William Ruto.
-
Tshisekedi yizeye ko ikibuga cy’indege cya Goma kizafungurwa mu mpera z’umwaka
15 November 2025, by ISIMBI EstellaPerezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi Tshilombo, yijeje Abanye-Congo ko ikibuga mpuzamahanga cy’indege cya Goma kizafungurwa mu mpera z’uyu mwaka.
Umuryango.rw
Rusizi: Rurageretse hagati y’abaturage n’uwo bashinja kubatesha umutwe akabakodesha ubutaka bwa leta
Amerika yarekuye Abarusiya babiri bari batwaye ubwato iherutse gufata
Burera: Igishushanyombonera cyaje ari igisubizo ku bahatuye n’abashoramari
Davido witegura gutaramira i Kigali, yakiriwe na Perezida w’u Bufaransa
Israel yasabwe korohereza imodoka zitwara ibiribwa bijyanwa muri Gaza
Harakurikiraho iki niba Israel yishea Hassan Nasrallah ukuriye Hezbollah?
Abarangiza ibihano ku byaha bya Jenoside batarahindutse by’ukuri bibangamiye ubumwe bw’Abanyarwanda
CHAN 2024: Urugamba rugeze aho rukomeye
Tshisekedi yizeye ko ikibuga cy’indege cya Goma kizafungurwa mu mpera z’umwaka