Umutwe wa M23 kuri uyu wa Gatatu tariki ya 23 Ukwakira, yisubije agace ka Kalembe ko muri Teritwari ya Walikale nyuma y’amasaha make ukambuwe n’ihuriro ry’ingabo za Leta ya Congo Kinshasa.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
M23 yisubije Kalembe nyuma y’amasaha make iyitakaje
23 October 2024, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Alain Destexhe yavuze ko abagize FDLR bikubye kabiri nyuma yo guterwa inkunga na Leta ya RDC
9 June 2025, by ISIMBI EstellaAlain Destexhe yatangaje ko kuva FDLR yatangira guterwa inkunga byuzuye n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, umubare n’ubushobozi bwabo byikubye kabiro.
-
Mozambique: Perezida Chapo yirukanye umuyobozi wa polisi
25 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmukuru wa Polisi yo muri Mozambique, Bernadino Rafael, yirukanwe ku mirimo ye, nyuma yo gushinjwa gushimuta no guhohotera abaturage bari mu myigarambyo yabaye mbere y’amatora yo mu Ukwakira 2024 na nyuma yayo.
-
Ingabo z’ibihugu bidacana uwaka na Amerika zahuriye mu myitozo mu mazi ya Afurika y’Epfo
10 January, by ISHIMWE Jean de DieuIngabo z’ibihugu bigize umuryango wa BRICS, kuri uyu wa 10 Mutarama 2025 zatangiye imyitozo ya gisirikare ikaze mu mazi ya Afurika y’Epfo.
-
CECAFA Kagame Cup 2025: APR FC yisanze mu itsinda rya kabiri
28 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAPR FC ihagarariye u Rwanda mu irushanwa rya CECAFA Kagame CUP 2025 yisanze mu itsinda rya kabiri hamwe NEC FC yo mu Uganda, Bumamuru FC yo mu Burundi na Mlandege yo muri Zanzibar.
-
Ibyihariye kuri WTO, umuryango wabijije icyuya NATO kugeza usenyutse
24 July 2024, by ISHIMWE Jean de DieuNyuma y’imyaka ine intambara ya kabiri y’Isi irangiye yashyize akadomo ku butegetsi n’ubuzima bw’umunyagitugu Adolf Hitler w’Umudage, ibihugu byo mu Burengerazuba bw’Isi birimo ibyo ku mugabane w’u Burayi na Amerika, byiyunguye inama yo gushinga umuryango ushingiye ku masezerano yo gutabarana, NATO.
-
Gusura instagram y’urubuga www.mdgrou.com byaguhesha itike ikwinjiza mu gitaramo cya Daymakers
11 October 2019, by UbwanditsiMulti Design Group Ltd, sosiyete ifite urubuga www.mdgrou.com waguriraho, ugakodesha cyangwa ukagurisha umutungo utimukanwa udakoze ingendo yanatangiye gahunda yo gushyigikira abahanzi no gutera inkunga ibitaramo.
-
Medvedev wayoboye u Burusiya yashinje Biden gushaka kurimbura Isi
14 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuDmitry Medvedev wigeze kuyobora u Burusiya yatangaje ko ubutegetsi bwa Donald Trump bwaje bukenewe kuko imitegekere n’ibikorwa bya Joe Biden byari bigejeje Isi hafi y’iherezo ryayo.
-
Uganda: Umuhanzi Olisha yitabye Imana yitegura kubyara
25 October 2025, by ISIMBI EstellaUmuhanzi Olisha M wo muri Uganda ubusanzwe witwa Olivia Mildred Namubiru, yitabye Imana ku mugoroba wo ku wa 24 Ukwakira 2025, ubwo yiteguraga kwibaruka umwana wa gatatu.
-
Dushobora no gukora n’inama igihumbi ikibazo kidakemuka –Amb. Nduhungirehe ku kibazo cy’u Rwanda na Uganda
3 February 2020, by Dusingizimana RemyUmunyamabanga wa Leta y’u Rwanda muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga, Amb. Olivier Nduhungirehe,avuga ko ikibazo hagati y’ibihugu byombi kitakemuka niba uruhande rwa Uganda "rutagaragaje ubushake bwa politiki".
Umuryango.rw
M23 yisubije Kalembe nyuma y’amasaha make iyitakaje
Alain Destexhe yavuze ko abagize FDLR bikubye kabiri nyuma yo guterwa inkunga na Leta ya RDC
Mozambique: Perezida Chapo yirukanye umuyobozi wa polisi
Ingabo z’ibihugu bidacana uwaka na Amerika zahuriye mu myitozo mu mazi ya Afurika y’Epfo
CECAFA Kagame Cup 2025: APR FC yisanze mu itsinda rya kabiri
Ibyihariye kuri WTO, umuryango wabijije icyuya NATO kugeza usenyutse
Gusura instagram y’urubuga www.mdgrou.com byaguhesha itike ikwinjiza mu gitaramo cya Daymakers
Medvedev wayoboye u Burusiya yashinje Biden gushaka kurimbura Isi
Uganda: Umuhanzi Olisha yitabye Imana yitegura kubyara